- 1 -

IJAMBO RY’IBANZE INTRODUCTION AVANT PROPOS

Itegeko Nshinga rishya rya The new Constitution of the La nouvelle Constitution de la Repubulika y’u ryasohotse Republic of Rwanda was published République du Rwanda a été publiée mu Igazeti ya Leta ya Repubulika in the Official Gazette of the au Journal Officiel de la République y’u Rwanda yo ku wa 04 Kamena Republic of Rwanda on 4 th June du Rwanda le 04 juin 2003. 2003. 2003.

Kubera impamvu z’ingenzi, ubu iryo Due to important reasons, the Pour des raisons majeures, ladite Tegeko Nshinga rimaze mentioned Constitution has been Constitution vient de subir quatre kuvugururwa inshuro enye: amended four times: The first révisions respectivement le 02 Ivugururwa rya mbere ryabaye ku Amendment was published on 2 nd décembre 2003, le 08 décembre wa 02 Ukuboza 2003, irya kabiri ku December 2003, the second one on 2005, le 13 août 2008 et le 17 juin wa 08 Ukuboza 2005, irya gatatu ku 8th December 2005, the third one on 2010. wa 13 Kanama 2008 n’irya kane ku 13 th August 2008 and the fourth one wa 17 Kamena 2010. on 17 June 2010.

Ivugururwa rya mbere n’irya kabiri The first and second amendments Les deux premières révisions ont byari bigamije cyane cyane kugaruka concerned essentially the review of porté essentiellement sur ku mitunganyirize y’Ubuyobozi the organization and the attributions l’organisation et les attributions des n’inshingano z’inzego za Leta cyane of State organs especially those in organes de l’Etat spécialement ceux cyane iz’Ubutabera n’urwego the Justice Sector and the Office of relatifs à la justice et à l’Office de rw’Umuvunyi hakurikijwe the Ombudsman following loopholes l’Ombudsman constatés dans la ibyagaragajwe mu gutangira which were noticed in the mise en application de la gushyira mu bikorwa Itegeko implementation of the Constitution Constitution et sur son adaptation Nshinga. Yibanze kandi no guhuza and its harmonization with the newly aux nouvelles entités administratives Itegeko Nshinga n’imitegekere created administrative entities of du territoire national. mishya y’Igihugu cy’ u Rwanda. Rwanda.

Ivugururwa rya gatatu ryibanze The third amendment dealt La troisième révision a revu des cyane mu gutunganya bimwe mu especially with resolving issues that questions non résolues par les bibazo bitahise bikemurwa n’ayo were not immediately solved by the amendements constitutionnels mavugururwa yombi, cyane cyane previous amendments especially: précédents, notamment : le mandat ikibazo cya manda z’Abagize issues relating to the terms of office de certaines hautes autorités des Inzego Nkuru z’Igihugu zari zigejeje of some senior authorities in the organes de l’Etat ; la fléxibilité de la igihe cyo kurangira; gukemura main State organs whose terms had Constitution, et l’adaptation de ikibazo cyo gutuma Itegeko Nshinga reached their expiry date; Flexibility certaines dispositions transitoires au rigira ubwinyagamburiro n’ingingo of the Constitution; and other contexte du moment. z’inzibacyuho zari zigejeje igihe cyo transition provisions that needed to guhuzwa n’aho Igihugu kigeze. be updated to the current status of the country.

Ivugururwa rya kane ryibanze cyane Finally, the fourth amendment Enfin, la quatrième révision a eu cyane gukemura ikibazo intended especially to avoid that the pour but de résoudre la question des cyerekeranye n’uko Itegeko Nshinga Constitution goes into details with détails contenus dans la Constitution ryatowe muri 2003 ryasobanuraga the consequence that any change in de 2003 qui exigeaient des ibintu mu buryo burambuye, bityo the organization of a given organ amendements chaque fois que uko hagize igihinduka nko mu would give rise to the amendment of survenaient des modifications kunoza imikorere y’Urwego runaka the Constitution. This amendment mineures, notamment dans bikaba ngombwa ko rivugururwa. Iri also changed procedures with regard l’organisation d’un tel ou tel autre vugururwa kandi ryibanze no to modalities of appointing senior Organe. La présente révision a guhindura uburyo abayobozi bakuru officials, to reduce the number of également revu la procédure de b’Igihugu bashyirwaho, kugabanya organic laws, to remove terms of nomination des hautes autorités du umubare w’amategeko ngenga, office for some judges and pays, le nombre de lois organiques, gukuraho manda za bamwe mu prosecutors and to rename some le mandat de certains juges et - 2 -

bacamanza n’abashinjacyaha ndetse State organs. officiers de poursuite judiciaire ainsi no guhindura inyito za zimwe mu que l’appellation de certains organes nzego za Leta. de l’Etat.

Mu rwego rwo korohereza In order to make it easy for the users Etant donné que la lecture des abakoresha Itegeko Nshinga rya of the Constitution of the Republic dispositions constitutionnelles Repubulika y’u Rwanda, Minisiteri of Rwanda, the Ministry of Justice éparses n’est pas aisée pour les y’Ubutabera yasanze ari ngombwa put special emphasis on utilisateurs de ce texte, le Ministère guhuriza hamwe izi mpinduka zose consolidating different constitutional de la Justice a procédé à la zabaye ku Itegeko Nshinga ryo ku provisions into one instrument, coordination de cet important texte wa 04 Kamena 2003. which incorporated all changes made en un document unique, en to the Constitution of 4 th June 2003. incorporant les dernières révisions susmentionnées dans le texte initial de la Constitution du 04 juin 2003.

Bityo, uku guhuriza hamwe Itegeko In that regard, this consolidation of Ainsi cette coordination de la Nshinga n’amavugurura the Constitution and its amendments Constitution et ses révisions aura le yarikozweho bikaba bifite inyungu shall have a clear benefit of having mérite certain de mettre à la yo kugira inyandiko y’Itegeko one consolidated instrument which is disposition des usagers un texte Nshinga ribumbiye hamwe yoroshye easier to use compared to having the unique d’usage facile au lieu et place gukoresha kurusha kwitabaza Constitution and its amendments in de cinq diffèrent Journaux Officiels Amagazeti ya Leta ya Repubulika five separate Official Gazettes of the de la République du Rwanda. y’u Rwanda uko ari atanu. Republic of Rwanda.

Ako gatabo ni ako gukoresha umunsi The booklet serves for day to day Le livret est d’usage courant. Il ne ku wundi. Ntigasimbura Itegeko use. In any way, it shall not replace remplace pas la Constitution tel Nshinga nk’uko ryagiye ritanganzwa the Constitution as it has been qu’elle a été auparavant publiée au mu Igazeti ya Leta ya Repubulika previously published in Official Journal Officiel de la République du y’u Rwanda. Gazette of the Republic of Rwanda. Rwanda.

Tharcisse KARUGARAMA Tharcisse KARUGARAMA Tharcisse KARUGARAMA

Minisitiri w’Ubutabera / Intumwa Minister of Justice/Attorney Ministre de la Justice / Garde des Nkuru ya Leta General Sceaux

- 3 -

Itegeko Nshinga rya Repubulika Constitution of the Republic of Constitution de la République du y’u Rwanda ryo ku wa 04 Kamena Rwanda of 04 June 2003 ( O.G. Rwanda du 04 juin 2003 (J.O. n° 2003 ( Igazeti ya Leta n° idasanzwe special number of 4 June 2003) spécial du 04 juin 2003) yo ku wa 4 Kamena 2003)

Ivugururwa ry’Itegeko Nshinga Constitutional Amendment n° 01 Révision Constitutionnelle n° 01 n° 01 ryo ku wa 02 Ukuboza 2003 of 2 December 2003 ( O.G. special du 02 décembre 2003 (J.O. n° (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku number of 2 December 2003) spécial du 02 décembre 2003) wa 2 Ukuboza 2003)

Ivugururwa ry’Itegeko Nshinga Constitutional Amendment n° 02 Révision Constitutionnelle n° 02 n° 02 ryo ku wa 08 Ukuboza 2005 of 8 December 2005 (O. G special du 08 décembre 2005 (J.O. n° (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku number of 8 December 2005) spécial du 08 décembre 2005) wa 8 Ukuboza 2005)

Ivugururwa ry’Itegeko Nshinga Constitutional Amendment n° 03 Révision Constitutionnelle n° 03 n° 03 ryo ku wa 13 Kanama 2008 of 13 August 2008 (O.G. special du 13 août 2008 (J.O. n° spécial du (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo number of 13 August 2008) 13 août 2008) ku wa 13 Kanama 2008)

Ivugururwa ry’Itegeko Nshinga Constitutional Amendment n° 04 Révision constitutionnelle n° 04 du n° 04 ryo ku wa 17 Kamena 2010 of 17 June 2010 (O.G. special of 17 17 juin 2010 (J.O. n° spécial du 17 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo June 2010) juin 2010) ku wa 17 Kamena 2010)

IRANGASHINGIRO PREAMBLE PREAMBULE

Twebwe, Abanyarwanda, We, the People of Rwanda, Nous, Peuple Rwandais ,

1.Nyuma ya jenoside yakorewe 1. In the wake of the genocide 1. Au lendemain du génocide Abatutsi yateguwe ikanashyirishwa against the Tutsi that was organised perpétré contre les Tutsi, planifié et mu bikorwa n’abayobozi babi and supervised by unworthy leaders supervisé par des dirigeants indignes n'abandi bose bayigizemo uruhare, and other perpetrators and that et autres auteurs, et qui a décimé igahitana abana b’u Rwanda decimated more than a million sons plus d’un million de filles et fils du barenga miliyoni ; and daughters of Rwanda; Rwanda ;

2.Twiyemeje kurwanya 2.Resolved to fight the ideology of 2. Résolus à combattre l’idéologie du ingengabitekerezo ya jenoside genocide and all its manifestations génocide et toutes ses manifestations n’ibyo igaragariramo byose, ndetse and to eradicate ethnic, regional and ainsi qu’à éradiquer les divisions no kurandura burundu amacakubiri any other form of divisions; ethniques, régionales et de toute ashingiye ku moko, ku turere n'andi autre forme; macakubiri ayo ari yo yose;

3.Twiyemeje kurwanya ubutegetsi 3.Determined to fight dictatorship 3.Décidés à combattre la dictature en bw’igitugu dushyiraho inzego za by putting in place democratic mettant en place des institutions demokarasi n’abayobozi twihitiyemo institutions and leaders freely elected démocratiques et des autorités nta gahato ; by ourselves; librement choisies par nous-mêmes;

4. Dushimangiye ko ari ngombwa 4. Emphasizing on the necessity to 4.Soulignant la nécessité de kubumbatira no guharanira ubumwe strengthen and promote national consolider et promouvoir l’unité et la n’ubwiyunge bw’Abanyarwanda unity and reconciliation which were réconciliation nationales durement bwashegeshwe na jenoside yakorewe seriously shaken by the genocide ébranlées par le génocide perpétré Abatutsi n’ingaruka zayo ; against the Tutsi and its contre les Tutsi et ses conséquences ; consequences;

5.Tuzirikanye ko amahoro 5.Conscious that peace and unity of 5.Conscients que la paix et l’unité n’ubumwe bw’Abanyarwanda ari Rwandans constitute the essential des Rwandais constituent le byo nkingi ikomeye y’amajyambere basis for national economic fondement essentiel du - 4 -

y’Igihugu n’iterambere development and social progress; développement économique et du ry’Abanyarwanda ; progrès social du pays;

6.Twiyemeje kubaka Leta igendera 6.Resolved to build a State governed 6. Résolus à bâtir un Etat de droit ku mategeko, ishingiye ku by the rule of law, based on respect fondé sur le respect des libertés et iyubahiriza ry’uburenganzira for fundamental human rights, droits fondamentaux de la personne, bw’ibanze bwa muntu, demokarasi pluralistic democracy, equitable la démocratie pluraliste, le partage ishingiye ku bitekerezo bya politiki power sharing, tolerance and équitable du pouvoir, la tolérance et binyuranye, gusaranganya ubutegetsi resolution of issues through la résolution des problèmes par le nta bwikanyize, ubworoherane no dialogue; dialogue; gukemura ibibazo binyuze mu mushyikirano ;

7. Dushingiye ku mahirwe dufite yo 7. Considering that we enjoy the 7. Considérant que nous avons le kugira Igihugu kimwe, ururimi privilege of having one country, a privilège d'avoir un même pays, une rumwe, umuco umwe n’amateka common language, a common même langue, une même culture et maremare dusangiye bigomba culture and a long shared history une longue histoire commune qui gutuma tugira imyumvire imwe which ought to lead to a common doivent nous conduire à une vision y’aho tugana ; vision of our destiny; commune de notre destin;

8. Tumaze kubona ko ari ngombwa 8. Considering that it is necessary to 8. Considérant qu’il importe de gushaka mu mateka yacu amaze draw from our centuries-old history puiser dans notre histoire imyaka amagana imigenzereze the positive values which multiséculaire les valeurs positives myiza yarangaga abakurambere bacu characterized our ancestors that must qui ont guidé nos ancêtres et igomba gushingirwaho kugira ngo be the basis for the existence and indispensables à l’existence et à Igihugu kibashe kubaho no kugira flourishing of our Nation ; l’épanouissement de notre Nation ; ubwisanzure ;

9. Twongeye guhamya ko twiyemeje 9. Reaffirming our adherence to the 9. Réaffirmant notre attachement aux gukurikiza amahame principles of human rights principes des droits de la personne y’uburenganzira bwa Muntu nk’uko enshrined in the United Nations humaine tels qu’ils ont été définis ateganywa n’Amasezerano Charter of 26 June 1945, the par la Charte des Nations Unies du y’Umuryango w’Abibumbye yo Convention on the Prevention and 26 juin 1945, la Convention des ku wa 26 Kamena 1945, Punishment of the crime of Nations Unies du 9 décembre1948 Amasezerano Mpuzamahanga yo ku Genocide of 9 December 1948, the relative à la prévention et à la wa 9 Ukuboza 1948 yerekeye Universal Declaration of Human répression du crime du génocide, la gukumira no guhana icyaha cya Rights of 10 December 1948, the Déclaration universelle des droits de jenoside, Itangazo Mpuzamahanga International Convention on the l’homme du 10 décembre 1948, la ry’Uburenganiza bwa Muntu ryo ku Elimination of All forms of Racial Convention contre toutes formes de wa 10 Ukuboza 1948, Discrimination of 21 December discrimination raciale du 21 Amasezerano Mpuzamahanga 1965, the International Covenant on décembre 1965, le Pacte yerekeye guca burundu Economic, Social and Cultural International relatif aux droits ivanguramoko iryo ari ryo ryose Rights of 19 December 1966, the économiques, sociaux et culturels du yo ku wa 21 Ukuboza 1965, International Covenant on Civil and 19 décembre 1966, le Pacte Amasezerano Mpuzamahanga Political Rights of 19 December International relatif aux droits civils yerekeye uburenganiza mu 1966, the Convention on the et politiques du 19 décembre 1966, by’ubukungu, imibereho myiza Elimination of all Forms of la Convention sur l’Elimination de n’umuco yo ku wa 19 Ukuboza Discrimination against Women of 1 toute les formes de Discrimination à 1966, Amasezerano Mpuzamahanga May 1980, the African Charter of l’égard des femmes du 1 mai 1980, yerekeye Uburenganzira mu Human and Peoples’ Rights of 27 la Charte africaine de droits de by’imbonezamubano na politiki yo June 1981 and the Convention on the l’homme et des peuples du 27 juin ku wa 19 Ukuboza 1966, Rights of the Child of 20 November 1981 et la Convention relative aux Amasezerano Mpuzamahanga 1989; droits de l’enfant du 20 novembre yerekeye guca burundu ivangura iryo 1989 ; ari ryo ryose rikorerwa abagore yo ku wa 1 Gicurasi 1980, Amasezerano Nyafurika yerekeye Uburenganzira bwa Muntu - 5 -

n’ubw’Abaturage yo ku wa 27 Kamena 1981 n’Amase zerano Mpuzamahanga yerekeye uburenganzira bw’umwana yo ku wa 20 Ugushyingo 1989;

10. Twiyemeje guharanira ko haba 10. Committed to ensuring equal 10. Engagés à assurer l’égalité des uburenganzira bungana mu Banyarwanda rights between Rwandans and droits entre les Rwandais et entre les no hagati y’Abagore n’Abagabo between women and men without hommes et les femmes, sans porter bitabangamiye amahame prejudice to the principles of gender préjudice au principe de l’approche y'uburinganire n'ubwuzuzanye bwabo equality and complementarity in « gender » et à la complémentarité mu iterambere ry'Igihugu ; national development; pour le développement national ;

11. Twiyemeje guharanira kongera 11. Determined to develop human 11. Décidés à assurer le ubumenyi n’ubushobozi bw’abakozi, resources, to fight ignorance, to développement des ressources kurwanya ubujiji, guteza imbere promote technological advancement humaines, à lutter contre l’ignorance, ikoranabuhanga no guharanira and the social welfare of the people à promouvoir la technologie, le amajyambere n’imibereho myiza of Rwanda; progrès et le bien-être social de la y’Abanyarwanda; population rwandaise;

12. Tumaze kubona ko nyuma 12. Considering that after the 12. Considérant qu’au terme de la y’igihe cy’inzibacyuho, u Rwanda Transition period, Rwanda shall be période de transition, le Rwanda doit rugomba kugengwa n’Itegeko governed by a Constitution se doter d’une Constitution issue des Nshinga rigizwe n’ibitekerezo comprising ideas expressed by choix exprimés par les Rwandais byatanzwe n’Abanyarwanda ubwabo ; Rwandans themselves; eux-mêmes;

Twemeje muri referendumu iri Now hereby adopt, by referendum, Adoptons par référendum la présente Tegeko Nshinga kandi ni ryo tegeko this Constitution as the supreme Law Constitution qui est la loi suprême de risumba ayandi muri Repubulika y'u of the Republic of Rwanda: la République du Rwanda : Rwanda:

INTERURO YA MBERE: TITLE ONE: THE STATE AND TITRE PREMIER: DE L’ETAT IBYEREKEYE LETA NATIONAL SOVEREIGNTY ET DE LA SOUVERAINETE N’INKOMOKO Y’UBUTEGETSI NATIONALE BW’IGIHUGU

UMUTWE WA MBERE: CHAPTER ONE: GENERAL CHAPITRE PREMIER: DES IBYEREKEYE INGINGO PROVISIONS DISPOSITIONS GENERALES RUSANGE

Ingingo ya mbere: Article One: Article premier: Leta y’u Rwanda ni Repubulika The Rwandan State is an L’Etat Rwandais est une République yigenga kandi ubutegetsi bwose ni independent, sovereign, democratic, indépendante, souveraine, yo buturukaho, ishingiye kuri social and secular Republic; démocratique, sociale et laïque. demokarasi, igamije guteza imbere abaturage, kandi ntishingiye ku idini.

Ishingiro rya Repubulika ni The principle governing the Le principe de la République est "le « ubutegetsi bwa rubanda, butangwa Republic is "government of the gouvernement du peuple, par le na rubanda kandi bukorera people, by the people and for the peuple et pour le peuple". rubanda ». people".

Ingingo ya 2: Article 2: Article 2 : Ubutegetsi bwose bukomoka ku All the power derives from the Tout pouvoir émane du peuple. mbaga y’Abanyarwanda. people.

Nta gice cy’Abanyarwanda cyangwa No group of Rwandan people or an Aucune partie du peuple rwandais ni se umuntu ku giti cye ushobora individual can vest in themselves the aucun individu ne peut s’en attribuer kwiha ubutegetsi. exercise of power. l’exercice. - 6 -

Ubutegetsi bw’Igihugu ni National sovereignty belongs to La souveraineté nationale appartient ubw'imbaga y'Abanyarwanda, rwandans who shall exercise it au peuple rwandais qui l’exerce bakoresha ubwabo binyuze muri directly by way of referendum or directement par la voie du referendumu cyangwa binyuze ku through their representatives. référendum ou par ses représentants. babahagarariye .

Ingingo ya 3 (Ivugururwa n° 02 ryo Article 3 (Amendment n° 02 of Article 3 (Révision n° 02 du ku wa 08/12/2005) 08/12/2005) 08/12/2005)

Igihugu cy’u Rwanda kigabanyijemo The Territory of Rwanda is divided Le territoire national est divisé en Inzego z`Imitegekere y’Igihugu into administrative entities entités administratives établies par zigenwa n’itegeko ngenga kandi determined by an Organic Law une loi organique qui fixe en outre rikanashyiraho umubare, imbibi which determines their number, their leur nombre, leurs limites et leurs n’imiterere yazo. boundaries and their organisation structures.

Itegeko rigena imitunganyirize A Law shall determine the Une loi fixe l’organisation et le n’imikorere y’izo nzego. organisation and the functioning of fonctionnement de ces Entités. those entities.

Ingingo ya 4: Article 4: Article 4: Umurwa Mukuru wa Repubulika The Capital of the Republic of La Capitale de la République du y’u Rwanda ni Umujyi wa Kigali. Rwanda is the City of Kigali. Rwanda est la Ville de Kigali.

Itegeko rigena, imiterere, A Law shall determine the Une loi détemine l'organisation et le imitunganyirize n'imikorere organization and functioning of the fonctionnement de la Ville de Kigali. y'Umujyi wa Kigali . City of Kigali.

Umurwa Mukuru ushobora The Capital can, by Law, be Une loi peut transferer la Capitale kwimurirwa ahandi mu Rwanda transferred elsewhere within ailleurs sur le territoire national. byemejwe n’ itegeko. Rwanda.

Ingingo ya 5: Article 5: Article 5: Ururimi rw’ Igihugu ni The national language is La langue nationale est le Ikinyarwanda. Kinyarwanda. Kinyarwanda.

Indimi zikoreshwa mu butegetsi ni The official languages are Les langues officielles sont le Ikinyarwanda, Igifaransa Kinyarwanda, French and English. Kinyarwanda, le Français et n’Icyongereza. l’Anglais.

Ingingo ya 6 Article 6: Article 6: Ibiranga Igihugu cy’u Rwanda ni The national symbols of Rwanda are Les symboles nationaux sont le ibendera, intego, ikirango cya the flag, the motto, the seal and the drapeau, la devise, le sceau et Repubulika n’indirimbo y’Igihugu. national anthem. l’hymne national.

Ibendera ry’Igihugu rigizwe The national flag is made up of three Le drapeau national est formé de n’amabara atatu: icyatsi kibisi, colours: green, yellow and blue. trois couleurs: le vert, le jaune et le umuhondo n’ubururu. bleu.

Ibendera rigizwe n’amabara The flag comprises the following Le drapeau est constitué, de bas en akurikira uvuye hasi uzamuka: colours from the bottom to the top: a haut, d’une bande de couleur verte, habanza ibara ry’icyatsi kibisi, green strip, followed by a yellow suivie d’une bande de couleur jaune rikurikirwa n’ibara ry’umuhondo, strip both of which cover half the qui couvrent la moitié du drapeau. kandi ayo mabara yombi yihariye flag. The upper half is blue and bears La moitié supérieure est de couleur icya kabiri cy’ibendera ryose. Igice on its right hand side the image of bleue portant dans sa partie droite cya kabiri cyo hejuru kigizwe the sun with its rays of golden l’image du soleil avec ses rayons de n’ibara ry’ubururu yellow. The sun and its rays are couleur jaune dorée. Le soleil et ses rishushanyijwemo izuba n’imirasire separated by a blue ring. rayons sont séparés par un anneau yaryo y’ibara ry’umuhondo wa bleu. - 7 -

zahabu riri ku ruhande rw’iburyo. Iryo zuba n’imirasire yaryo bitandukanyijwe n’uruziga rw’ibara ry’ubururu.

Itegeko rigena imiterere, A Law shall determine the Une loi définit les caractéristiques, ibisobanuro, imikoreshereze characteristics, significance, usage les significations, l’usage et le n'iyubahirizwa by'ibendera and ceremonials of the national flag. cérémonial du drapeau national. ry'Igihugu.

Intego ya Repubulika ni: The motto of the Republic is: La devise de la République est: UBUMWE, UMURIMO, UNITY, WORK, PATRIOTISM. UNITE, TRAVAIL, GUKUNDA IGIHUGU. PATRIOTISME.

Ikirango cya Repubulika kigizwe The Seal of the Republic is made up Le sceau de la République est formé n’uruziga rw’icyatsi kibisi n’ipfundo of a circular green rope with a green d’une corde verte en cercle avec un ry’umugozi w’iryo bara upfunditse knot at the base, bearing on its upper nœud de même couleur vers le bas hasi, ahagana hejuru hakabamo part, the imprints « REPUBULIKA et portant, à sa partie supérieure, les inyandiko « REPUBULIKA Y’U Y'U RWANDA ». At the bottom of mentions «REPUBULIKA Y’U RWANDA ». Munsi y’ipfundo the knot is the motto of the Republic: RWANDA». En bas du nœud se handitse amagambo agize intego ya « UBUMWE, UMURIMO, trouvent les mentions de la devise de Repubulika « UBUMWE, GUKUNDA IGIHUGU ». All these la République «UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA inscriptions are in black against a UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU ». Izo nyandiko zose yellow background. IGIHUGU». Toutes ces mentions zanditse mu nyuguti z’umukara ku sont écrites en noir sur un fond ibara ry’umuhondo. jaune.

Ikirango cya Repubulika kigizwe The Seal of the Republic also bears Le sceau de la République porte kandi n’amashusho akurikira: izuba, the following ideograms: the sun également les idéogrammes imirasire yaryo, ishaka n’ikawa, with its rays, a stem of sorghum and suivants : le soleil avec ses rayons, agaseke, uruziga rw’ubururu rufite a branch of a coffee tree, a basket, a une tige de sorgho et une branche de amenyo n’ingabo ebyiri, imwe iri blue wheel with teeth and two caféier, un panier, une roue dentée iburyo indi iri ibumoso. shields one on the right and one on de couleur bleue et deux boucliers the left. l’un à droite, l’autre à gauche.

Imiterere, ibisobanuro, The characteristics, significance, Les caractéristiques, les imikoreshereze n’uburinzi usage and protection of the Seal shall significations, l'utilisation et la garde by’ibirango bishyirwaho n’itegeko. be determined by a Law. des sceaux sont définies par une loi.

Indirimbo y’Igihugu ni:" RWANDA The national anthem is "RWANDA L’hymne national est: "RWANDA NZIZA". NZIZA". NZIZA".

Imiterere n'iyubahirizwa The characteristics and ceremonies Les caractéristiques et le cérémonial by'Indirimbo y'Igihugu biteganywa of the National Anthem shall be de l'hymne national sont déterminés n'Itegeko. determined by a Law. par une loi.

Ingingo ya 7 : Article 7: Article 7: Buri muntu afite uburenganzira ku Every person has a right to Toute personne a droit à la bwenegihugu. nationality. nationalité.

Ubwenegihugu burenze bumwe Dual nationality is permitted. La double nationalité est permise. buremewe.

Ntawe ushobora kwamburwa No person may be deprived of La nationalité rwandaise d’origine ne ubwenegihugu nyarwanda Rwandan nationality of origin. peut être retirée. bw’inkomoko.

Ntawe ushobora kuvutswa No person shall be arbitrarily Nul ne peut être arbitrairement privé ubwenegihugu bwe cyangwa deprived of his or her nationality or de sa nationalité ni du droit de - 8 -

uburenganzira bwo guhindura of the right to change nationality. changer de nationalité. ubwenegihugu ku buryo bunyuranyije n’amategeko.

Abanyarwanda cyangwa Rwandans or their descendants who Les Rwandais ou leurs descendants ababakomokaho bavukijwe were deprived of their nationality qui, entre le 1 er novembre 1959 et le ubwenegihugu bw’u Rwanda hagati between 1st November 1959 and 31 31 décembre 1994, ont perdu la y’itariki ya 1 Ugushyingo 1959 n’iya December 1994 by reason of nationalité rwandaise suite à 31 Ukuboza 1994 kubera guhabwa acquisition of foreign nationalities l’acquisition d’une nationalité ubwenegihugu bw’amahanga automatically reacquire Rwandan étrangère sont d’office réintégrés basubirana batagombye kubisaba nationality if they return to settle in dans la nationalité rwandaise s'ils ubwenegihugu iyo bagarutse gutura Rwanda. reviennent s'installer au Rwanda. mu Rwanda.

Abantu bose bakomoka mu Rwanda All persons originating from Rwanda Les personnes d'origine rwandaise et n'ababakomokaho bafite and their descendants shall, upon leurs descendants ont le droit uburenganzira bwo guhabwa their request, be entitled to Rwandan d’acquérir la nationalité rwandaise, ubwenegihugu bw’u Rwanda, iyo nationality. s'ils le demandent. babisabye.

Ibigomba gushingirwaho mu The conditions of acquisition, Les conditions d’acquisition, de guhabwa ubwenegihugu bw'u retention, enjoyment and deprivation conservation, de jouissance et de Rwanda, kubugumana, kubukoresha of Rwandan nationality shall be perte de la nationalité rwandaise sont no kubutakaza bigenwa n'itegeko determined by an Organic Law. définies par une loi organique. ngenga .

Ingingo ya 8: Article 8: Article 8: Itora ni uburenganzira Suffrage is universal and equal for Le suffrage est universel et égal pour bw’abenegihugu bose ku buryo all citizens. tous les citoyens. bungana.

Itora rikorwa mu buryo butaziguye Suffrage is direct or indirect and Le suffrage est direct ou indirect et cyangwa buziguye kandi mu ibanga, secret, unless the Constitution or secret sauf si la Constitution ou une keretse iyo Itegeko Nshinga another Law provides otherwise. autre loi en dispose autrement. cyangwa irindi tegeko biteganya ubundi buryo.

Abanyarwanda bose, b’ibitsina All Rwandan citizens of both sexes Tous les citoyens rwandais des deux byombi, bujuje ibyangombwa who fulfil the requirements provided sexes qui remplissent les conditions bisabwa n’amategeko bafite for by the law have the right to vote légales, ont le droit de voter et d’être uburenganzira bwo gutora no and to be elected. élus. gutorwa.

Itegeko rigena ibigomba A Law shall determine the Une loi détermine les conditions et kubahirizwa n’uburyo bukoreshwa conditions and modalities for the les modalités des consultations mu matora. conduct of elections. électorales.

UMUTWE WA II : CHAPTER II : FUNDAMENTAL CHAPITRE II: DES PRINCIPES IBYEREKEYE AMAHAME PRINCIPLES FONDAMENTAUX REMEZO

Ingingo ya 9: Article 9: Article 9: Leta y’ u Rwanda yiyemeje The State of Rwanda commits itself L’Etat Rwandais s’engage à se kugendera ku mahame remezo to conform to the following conformer aux principes akurikira no gutuma yubahirizwa: fundamental principles and to fondamentaux suivants et à les faire promote and enforce the respect respecter : thereof:

1. kurwanya ingengabitekerezo ya 1. fighting the ideology of 1. lutte contre l’idéologie du - 9 -

jenoside n’ibyo igaragariramo genocide and all its génocide et toutes ses byose; manifestations; manifestations ;

2. kurandurana n'imizi 2. eradication of ethnic, regional 2. éradication des divisions amacakubiri ashingiye ku and other divisions and ethniques, régionales et autres bwoko, akarere n’ibindi no promotion of national unity; et la promotion de l’unité gushyira imbere ubumwe nationale; bw’Abanyarwanda;

3. gusaranganya ubutegetsi nta 3. equitable sharing of power; 3. partage équitable du pouvoir; bwikanyize;

4. kubaka Leta igendera ku 4. building a state governed by the 4. édification d’un Etat de droit mategeko n’ubutegetsi bwa rule of law, a pluralistic et du régime démocratique demokarasi ishingiye ku democratic government, equality pluraliste, l’égalité de tous les bitekerezo bya politiki of all Rwandans and between Rwandais et l'égalité entre les binyuranye, uburinganire women and men reflected by femmes et les hommes reflétée bw’Abanyarwanda bose ensuring that women are granted par l'attribution d'au moins n'ubw'abagore n'abagabo, ibyo at least thirty per cent of posts in trente pour cent des postes aux bigashimangirwa n’uko abagore decision making organs; femmes dans les instances de bagira nibura mirongo itatu ku prise de décision ; ijana by’imyanya mu nzego zifatirwamo ibyemezo;

5. kubaka Leta iharanira imibereho 5. building a State committed to 5. édification d’un Etat voué au myiza y’abaturage no promoting social welfare and bien-être de la population et à gushyiraho uburyo bukwiye establishing appropriate la justice sociale ; kugira ngo bagire amahirwe mechanisms for ensuring social angana mu mibereho yabo; justice;

6. gushaka buri gihe umuti 6. the constant quest for solutions 6. recherche permanente du w’ibibazo mu nzira y’ibiganiro through dialogue and consensus. dialogue et du consensus. n’ubwumvikane busesuye.

INTERURO YA II : TITLE II: FUNDAMENTAL TITRE II: DES DROITS IBYEREKEYE HUMAN RIGHTS AND RIGHTS FONDAMENTAUX DE LA UBURENGANZIRA AND DUTIES OF THE CITIZEN PERSONNE ET DES DROITS BW’IBANZE BWA MUNTU, ET DEVOIRS DU CITOYEN UBURENGANZIRA N’INSHINGANO BY’UMWENEGIHUGU

UMUTWE WA MBERE : CHAPTER ONE : CHAPITRE PREMIER: DES IBYEREKEYE FUNDAMENTAL HUMAN DROITS FONDAMENTAUX DE UBURENGANZIRA RIGHTS LA PERSONNE BW’IBANZE BWA MUNTU

Ingingo ya 10 : Article 10: Article 10: Umuntu ni umunyagitinyiro kandi ni The human person is sacred and La personne humaine est sacrée et indahungabanywa. inviolable. inviolable.

Leta n’izindi nzego z’ubutegetsi The State and all public L’Etat et tous les pouvoirs publics zifite inshingano ndakuka zo administration organs have the ont l’obligation absolue de la kumwubaha, kumurinda no absolute obligation to respect protect respecter, de la protéger et de la kumurengera. and defend him or her. défendre.

- 10 -

Ingingo ya 11 : Article 11: Article 11: Abanyarwanda bose bavukana kandi All Rwandans are born and remain Tous les Rwandais naissent et bagakomeza kugira ubwisanzure, free and equal in rights and duties. demeurent libres et égaux en droits uburenganzira n’inshingano bingana. et en devoirs.

Ivangura iryo ari ryo ryose Discrimination of whatever kind Toute discrimination fondée rishingiye nko ku bwoko, ku based on, inter alia, ethnic origin, notamment sur la race, l’ethnie, le muryango, ku nzu, ku gisekuru, ku tribe, clan, colour, sex, region, social clan, la tribu, la couleur de la peau, ibara ry’umubiri, ku gitsina, ku origin, religion or faith, opinion, le sexe, la région, l’origine sociale, karere, ku byiciro by’ubukungu, ku economic status, culture, language, la religion ou croyance, l’opinion, la idini cyangwa ukwemera, ku social status, physical or mental fortune, la différence de cultures, de bitekerezo, ku mutungo, ku disability or any other form of langue, la situation sociale, la itandukaniro ry’umuco, ku rurimi, ku discrimination is prohibited and déficience physique ou mentale ou bukungu, ku bumuga bw’umubiri punishable by Law. sur toute autre forme de cyangwa ubwo mu mutwe no ku discrimination est prohibée et punie rindi vangura iryo ari ryo ryose, par la loi. rirabujijwe kandi rihanwa n’amategeko.

Ingingo ya 12 : Article 12: Article 12: Umuntu wese afite uburenganzira Every person has the right to life. No Toute personne a droit à la vie. Nul bwo kubaho. Ntawe ushobora person shall be arbitrarily deprived ne peut être arbitrairement privé de kuvutswa ubuzima mu buryo of life. la vie. bunyuranyije n’amategeko.

Ingingo ya 13 : Article 13: Article 13: Icyaha cya jenoside, ibyaha The crime of genocide, crimes Le crime de génocide, les crimes byibasiye inyokomuntu n'ibyaha against humanity and war crimes are contre l’humanité et les crimes de by'intambara ntibisaza. not subject to prescriptive period. guerre sont imprescriptibles.

Guhakana no gupfobya jenoside Revisionism, negationism and Le révisionnisme, le négationnisme bihanwa n’itegeko. trivialisation of genocide are et la banalisation du génocide sont punishable by the Law. punis par la loi.

Ingingo ya 14 : Imibereho Article 14 : Welfare of victims of Article 14 : Bien-être des victimes y’abasizwe iheruheru na jenoside genocide against the Tutsi and du génocide perpétré contre les yakorewe Abatutsi n’iy’abandi other needy persons Tutsi et des autres personnes les batishoboye (Amendment n° 03 of 13/08/2008) plus nécessiteuses (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008) Leta, mu bushobozi bwayo, iteganya The State shall, within the limits of L’Etat, dans les limites de ses ibikorwa byihariye bigamije its capacity, take special measures capacités, prend des mesures imibereho myiza y’abasizwe for the welfare of the survivors who spéciales pour le bien-être des iheruheru na jenoside yakorewe were rendered destitute by genocide rescapés démunis à cause du Abatutsi yabaye mu Rwanda kuva against the Tutsi committed in génocide perpetré contre les Tutsi ku wa 1 Ukwakira 1990 kugeza ku Rwanda from October 1 st , 1990 to commis au Rwanda du 1 er octobre wa 31 Ukuboza 1994, abantu bafite December 31 st , 1994, the disabled, 1990 au 31 décembre 1994, des ubumuga, abatindi nyakujya, the indigent and the elderly as well personnes handicapées, des abageze mu zabukuru n’abandi as other vulnerable groups. personnes sans ressources, des batagira kivurira. personnes âgées ainsi que d’autres personnes vulnérables.

Ingingo ya 15: Article 15: Article 15: Umuntu wese afite uburenganzira Every person has the right to Toute personne a droit à son intégrité bwo kudahungabanywa ku mubiri no physical and mental integrity. physique et mentale. mu mutwe.

Ntawe ushobora kwicwa urubozo, No one shall be subjected to torture, Nul ne peut faire l’objet de torture, gukorerwa ibibabaza umubiri, physical abuse or cruel, inhuman or de sévices, ou de traitements cruels, - 11 -

cyangwa ngo akorerwe ibikorwa by’ degrading treatment. inhumains ou dégradants. ubugome, ibikorwa bidakwiye umuntu cyangwa bimutesha agaciro.

Ntawe ushobora gukorerwaho No one shall be subjected to Nul ne peut faire l’objet igerageza atabyiyemereye. Uburyo experimentation without his/her d’expérimentation sans son bwo kubyemera kimwe n’ubw’iryo informed consent. The modalities of consentement. Les modalités de ce gerageza bugenwa n’itegeko. such consent and experiments are consentement et de cette determined by Law. expérimentation sont régies par la loi.

Ingingo ya 16 : Article 16: Article 16: Abantu bose barangana imbere All human beings are equal before Tous les êtres humains sont égaux y’amategeko. Itegeko ribarengera ku the law. They shall enjoy, without devant la loi. Ils ont droit, sans buryo bumwe nta vangura iryo ari any discrimination, equal protection aucune distinction, à une égale ryo ryose. of the Law. protection par la loi.

Ingingo ya 17 : Article 17: Article 17: Uburyozwacyaha ni gatozi ku Criminal liability is personal. Civil La responsabilité pénale est wakoze icyaha. Kuryozwa indishyi liability is determined by a Law. personnelle. La responsabilité civile bigengwa n'itegeko. est définie par la loi.

Ntawe ushobora gufungirwa No one shall be imprisoned on the Nul ne peut être détenu pour non kutubahiriza inshingano zishingiye ground of inability to fulfil exécution d’obligations d’ordre civil ku mategeko mbonezamubano obligations arising from civil or ou commercial. cyangwa ay’ubucuruzi. commercial Laws.

Ingingo ya 18 : Article 18: Article 18: Ubwisanzure bwa muntu The person's liberty is guaranteed by La liberté de la personne est garantie bwubahirizwa na Leta. the State. par l’Etat.

Ntawe ushobora gukurikiranwa, No one shall be subjected to Nul ne peut être poursuivi, arrêté, gufatwa, gufungwa cyangwa prosecution, arrest, detention or détenu ou condamné que dans les cas guhanirwa icyaha keretse mu gihe punishment unless provided for by prévus par la loi en vigueur au biteganywa n’amategeko akurikizwa laws into force at the time the moment de la commission de l’acte. mu gihe icyaha akurikiranyweho offence was committed. cyakorewe.

Kumenyeshwa imiterere n'impamvu The right to be informed of the Etre informé de la nature et des z'icyaha ukurikiranyweho, kwiregura nature and cause of charges and the motifs de l'accusation, le droit de la no kunganirwa ni uburenganzira right to defence are absolute at all défense sont les droits absolus à tous budahungabanywa mu bihe byose, levels and degrees of proceedings les états et degrés de la procédure ahantu hose, mu nzego zose before administrative, judicial and devant toutes les instances z'ubutegetsi, iz'ubucamanza n'izindi all other decision making organs. administratives et judiciaires et zose zifata ibyemezo. devant toutes les autres instances de prise de décision .

Ingingo ya 19: Article 19: Article 19: Umuntu wese afatwa nk’umwere ku Every person accused of a crime Toute personne accusée d’une cyaha aregwa igihe cyose shall be presumed innocent until his infraction est présumée innocente kitaramuhama burundu mu buryo or her guilt has been conclusively jusqu’à ce que sa culpabilité soit bukurikije amategeko, mu rubanza proved in accordance with the law in légalement et définitivement établie rwabereye mu ruhame kandi a public and fair trial in which all the à l'issue d'un procès public et ruboneye, yahawe uburyo bwose necessary guarantees for defence équitable au cours duquel toutes les bwa ngombwa bwo kwiregura. have been made available. garanties nécessaires à sa défense lui auront été accordées.

Ntawe ushobora kuvutswa No one shall be denied the right to Nul ne peut être distrait, contre son kuburanira imbere y’umucamanza appear before a competent judge to gré, du juge que la loi lui assigne. - 12 -

itegeko rimugenera. hear his/her case.

Ingingo ya 20: Kudakurikizwa Article 20 : Non retroactivity of Article 20 : Non rétroactivité de la kw’itegeko mpanabyaha ku byaha criminal law (Amendment nº 04 of loi pénale (Révision nº 04 du byakozwe ritarajyaho 17/06/2010) 17/06/2010) (Ivugururwa nº 04 ryo ku wa 17/06/2010)

Ntawe ushobora gukurikiranwa, No one shall be subjected to Nul ne peut être poursuivi, arrêté, gufatwa, gufungwa cyangwa prosecution, arrest, detention or détenu ou condamné pour des guhanirwa ibyo yakoze cyangwa punishment on account of any act or actions ou omissions qui ne atakoze, iyo amategeko y’Igihugu omission which did not constitute a constituaient pas une infraction cyangwa amategeko mpuzamahanga criminal offence under national or d’après le droit national ou atabifataga nk’icyaha igihe international law at the time it was international au moment où elles ont byakorwaga. committed. été commises.

Ntawe ushobora guhanishwa igihano No one shall be punished with a Nul ne peut être infligé d’une peine kiruta icyari giteganyijwe heavier penalty than the one that was plus forte que celle qui était prévue n'amategeko mu gihe yakoraga prescribed under the Law at the time par la loi au moment où l’infraction icyaha. when the offence was committed. a été commise.

Ibyaha n’ibihano bijyanye na byo Offences and related penalties shall Les infractions et les peines y biteganywa n’itegeko ngenga. be determined by an Organic Law. afférentes sont déterminées par une loi organique.

Ingingo ya 21: Article 21: Article 21: Ntawe ushobora gukorerwa No person shall be subjected to Nul ne peut être soumis à des ubugenzurwe keretse mu bihe no mu security measures except as provided mesures de sûreté que dans les cas et buryo buteganyijwe n’itegeko, for by Law, for reasons of public selon les formes prévus par la loi, kubera impamvu zishingiye ku ituze order and State security. pour des raisons d’ordre public ou de rusange ry’abaturage cyangwa ku sécurité de l’Etat. mutekano w’Igihugu.

Ingingo ya 22: Article 22: Article 22: Imibereho bwite y’umuntu, The private life, family, home or Nul ne peut faire l’objet d’immixtion iy’umuryango we, urugo rwe, correspondence of a person shall not arbitraire dans sa vie privée, sa ubutumwa yohererezanya n’abandi be subjected to arbitrary famille, son domicile ou sa ntibishobora kuvogerwa mu buryo interference; his/her honour and correspondance ; son honneur et sa bunyuranyije n’amategeko; good reputation shall be respected. réputation doivent être respectés. icyubahiro n’agaciro ke mu maso y’abandi bigomba kubahirizwa.

Urugo rw’umuntu ntiruvogerwa. A person’s home is inviolable. No Le domicile d’une personne est Ntihashobora gukorwa isakwa mu search of or entry into a home may inviolable. A défaut de son rugo cyangwa kurwinjiramo kubera be carried out without the consent of consentement, nulle perquisition ou impamvu z'igenzura nyirarwo the owner, except in circumstances visite domiciliaire ne peut être atabyemeye, keretse mu bihe no mu and in accordance with procedures ordonnée que dans les cas et selon buryo biteganyijwe n’amategeko. determined by Law. les formes prévus par la loi.

Ibanga ry’amabaruwa Confidentiality of correspondence Le secret de la correspondance et de n’iry’itumanaho ntirishobora and communication shall not be la communication ne peut faire kuzitirwa keretse mu bihe no mu subject to waiver except in l’objet de dérogation que dans les buryo biteganywa n’amategeko. circumstances and in accordance cas et les formes prévus par la loi. with procedures determined by Law.

Ingingo ya 23 : Article 23: Article 23: Buri Munyarwanda afite Every Rwandan has the right to Tout citoyen rwandais a le droit de uburenganzira bwo kujya aho ashaka move and to circulate freely and to se déplacer et de se fixer librement hose no gutura aho ari ho hose mu settle anywhere in Rwanda. sur le territoire national. - 13 -

Rwanda.

Buri Munyarwanda afite Every Rwandan has the right to Tout citoyen rwandais a le droit de uburenganzira bwo kuva mu gihugu leave and to return to the country. quitter librement son pays et d’y n’ubwo kukigarukamo. revenir.

Ubwo burenganzira buzitirwa gusa These rights shall be restricted only L’exercice de ce droit ne peut être n’itegeko ku mpamvu z’ituze by the law for reasons of public limité que par la loi pour des raisons rusange ry’abaturage n’umutekano order or State security, in order to d’ordre public ou de sécurité de w’Igihugu, kugira ngo deal with a public menace or to l’Etat, pour parer à un danger public icyahungabanya abaturage protect persons in danger. ou pour protéger des personnes en gikumirwe cyangwa abari mu kaga péril. barengerwe.

Ingingo ya 24: Article 24: Article 24: Buri Munyarwanda afite Every Rwandan has the right to Tout Rwandais a droit à sa Patrie. uburenganzira ku Gihugu cye. his/her country.

Nta Munyarwanda ushobora No Rwandan shall be banished from Aucun citoyen rwandais ne peut être gucibwa mu Gihugu cye. the country. contraint à l’exil.

Ingingo ya 25: Article 25: Article 25: Uburenganzira bwo guhabwa The right to asylum is recognized Le droit d’asile est reconnu dans les ubuhungiro bwemewe mu buryo under conditions determined by the conditions définies par la loi. buteganywa n’amategeko. Law.

Koherereza ikindi gihugu The extradition of foreigners shall be L’extradition des étrangers n’est abanyamahanga bakoze ibyaha, permitted only so far as it is autorisée que dans les limites byemewe gusa iyo bikurikije consistent with the Law or prévues par la loi ou les conventions amategeko cyangwa amasezerano international conventions to which internationales auxquelles le Rwanda mpuzamahanga u Rwanda rwemeye. Rwanda is a party. est partie.

Ariko nta Munyarwanda ushobora However, no Rwandan shall be Toutefois, aucun Rwandais ne peut kohererezwa ikindi gihugu extradited. être extradé. kimukurikiranyeho icyaha.

Ingingo ya 26 : Ugushyingiranwa Article 26 : Marriage Article 26 : Mariage (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008)

Ugushyingiranwa k’umugabo umwe Civil monogamous marriage Le seul mariage civil monogamique n’umugore umwe gukorewe mu between a man and a woman is the entre un homme et une femme est butegetsi bwa Leta ni ko kwemewe. only recognized. reconnu.

Icyakora, ugushyingiranwa k’umugabo However, the monogamous marriage Toutefois, le mariage monogamique umwe n’umugore umwe gukorewe mu between a man and a woman entre un homme et une femme mahanga mu buryo bwemewe contracted outside Rwanda in contracté à l’étranger conformément n’Amategeko y’Igihugu basezeraniyemo accordance with the Law of the à la loi du pays de célébration du kuremewe. country of celebration of the mariage est reconnu. marriage shall be recognized.

Ntawe ushobora gushyingirwa No person may be married without Nul ne peut contracter un mariage atabyemeye ku bushake bwe, yaba his/her free consent. que de son libre consentement. uw'igitsina gore cyangwa uw'igitsina gabo.

Abashyingiranywe bafite Parties to a marriage have equal Les époux ont les mêmes droits et uburenganzira n’inshingano bingana rights and obligations upon and les mêmes devoirs pendant le mu gihe cyo gushyingiranywa, igihe during the subsistence of their mariage et lors du divorce. - 14 -

babana n’igihe cyo gutandukana. marriage and at the time of divorce.

Itegeko rigena ibigomba A Law shall determine the Une loi détermine les conditions, les gukurikizwa, uburyo n’ingaruka conditions, forms and consequences formes et les effets du mariage. z’ubushyingiranwe. of marriage.

Ingingo ya 27: Article 27: Article 27: Umuryango, ari wo shingiro kamere The family, which is the natural La famille, base naturelle de la ry’imbaga y’Abanyarwanda, foundation of Rwandan society, is société rwandaise, est protégée par urengerwa na Leta. protected by the State. l’Etat.

Ababyeyi bombi bafite Both parents shall have the right and Les deux parents ont le droit et le uburenganzira n’inshingano zo responsibility to bring up their devoir d'éduquer leurs enfants. kurera abana babo. children.

Leta ishyiraho amategeko n’inzego The State shall put in place L'Etat met en place une législation et bikwiye bishinzwe kurengera appropriate legislation and des institutions appropriées pour la umuryango, by'umwihariko umwana institutions for the protection of the protection de la famille, de l'enfant et na nyina, kugira ngo umuryango family, in particular mother and de la mère en particulier, en vue de ugire ubwisanzure. child in order to ensure that the son épanouissement . family flourishes.

Ingingo ya 28: Article 28: Article 28: Umwana wese afite uburenganzira Every child is entitled to special Tout enfant a droit, de la part de sa bwo kurengerwa ku buryo bwihariye measures of protection by his/her famille, de la société et de l’Etat, aux n’umuryango we, abandi family, society and the State that are mesures spéciales de protection banyarwanda na Leta, bitewe necessary, depending on the status of qu’exige sa condition, conformément n'ikigero n'imibereho arimo nk’uko the child, under national and aux droits national et international. biteganywa n’amategeko y’u international law. Rwanda ndetse n’amategeko mpuzamahanga.

Ingingo ya 29: Article 29: Article 29: Buri muntu afite uburenganzira ku Every person has a right to private Toute personne a droit à la propriété mutungo bwite, waba uwe ku giti property, whether personal or owned privée, individuelle ou collective. cye cyangwa uwo afatanyije in association with others. n’abandi.

Umutungo bwite, uw’umuntu ku giti Private property, whether La propriété privée, individuelle ou cye cyangwa uwo asangiye n’abandi individually or collectively owned, is collective, est inviolable. ntuvogerwa. inviolable.

Ntushobora guhungabanywa keretse The right to property may not be Il ne peut y être porté atteinte que ku mpamvu z’inyungu rusange mu interfered with except in public pour cause d’utilité publique, dans bihe no mu buryo buteganywa interest, in circumstances and les cas et de la manière établis par la n’amategeko kandi habanje procedures determined by Law and loi, et moyennant une juste et gutangwa indishyi ikwiye. subject to fair and prior préalable indemnisation. compensation.

Ingingo ya 30 : Article 30: Article 30: Umutungo bwite w'ubutaka n'ubundi Private ownership of land and other La propriété privée du sol et d'autres burenganzira ku butaka bitangwa na rights related to land are granted by droits réels grevant le sol sont Leta. the State. concédés par l'Etat.

Itegeko rigena uburyo bwo A Law specify the modalities of Une loi en détermine les modalités kubutanga, kubuhererekanya no acquisition, transfer and use of land. d'acquisition, de transfert et kubukoresha. d'exploitation.

- 15 -

Ingingo ya 31: Article 31: Article 31: Umutungo wa Leta ugizwe The property of the State comprises La propriété de l'Etat comprend le n’umutungo rusange n’umutungo of public and private property of the domaine public et le domaine privé bwite wa Leta ndetse n’umutungo central Government as well as the de l’Etat ainsi que le domaine public rusange n'umutungo bwite w’inzego public and private property of et le domaine privé des collectivités z’ubutegetsi bw’ibanze za Leta. decentralized local government publiques décentralisées. organs.

Umutungo rusange w’Igihugu The public property of the State is Les biens du domaine public sont ntushobora gutangwa keretse ubanje inalienable unless there has been inaliénables sauf leur désaffectation gushyirwa mu mutungo bwite wa prior transfer thereof to the private préalable en faveur du domaine privé Leta. property of the State. de l’Etat.

Ingingo ya 32: Article 32: Article 32: Buri wese agomba kubaha umutungo Every person shall respect public Toute personne est tenue de wa Leta. property. respecter les biens publics.

Igikorwa cyose kigamije konona, Any act intended to cause sabotage, Tout acte de sabotage, de gusenya, kurigisa, gusesagura no vandalism, corruption, vandalisme, de corruption, de kwangiza uwo mutungo, gihanwa embezzlement, squandering or any détournement, de dilapidation ou n’amategeko. tampering with public property shall toute atteinte au bien public est be punishable by Law. réprimé par la loi.

Ingingo ya 33: Article 33: Article 33: Ubwisanzure mu bitekerezo, mu Freedom of thought, opinion, La liberté de pensée, d’opinion, de kubigaragaza, mu mutimanama, mu conscience, religion, worship and conscience, de religion, de culte et guhitamo idini, mu gusenga no public manifestation thereof is de leur manifestation publique est kubigaragaza mu ruhame guaranteed by the State in garantie par l'Etat dans les conditions burengerwa na Leta mu buryo accordance with conditions définies par la loi. buteganywa n’amategeko. determined by Law.

Kwamamaza ivangura rishingiye ku Propagation of ethnic, regional, Toute propagande à caractère isanomuzi, ku karere, ku bwoko racial or discrimination or any other ethnique, régionaliste, raciste ou cyangwa ku macakubiri ayo ari yo form of division shall be punishable basée sur toute autre forme de yose bihanwa n’amategeko. by Law. division est punie par la loi.

Ingingo ya 34 : Ubwisanzure Article 34 : Freedom of press and Article 34 : Liberté de la presse et bw’itangazamakuru information de l’information (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008)

Ubwisanzure bw’itangazamakuru Freedom of press and freedom of La liberté de la presse et la liberté de n’ubwo kumenya amakuru buremewe information are recognized and l’information sont reconnues et kandi bwubahirizwa na Leta. guaranteed by the State. garanties par l’Etat.

Ubwisanzure bwo kugaragaza Freedom of speech and freedom of La liberté d’expression et la liberté ibitekerezo n’ubwo kumenya amakuru information shall not prejudice d’information ne doivent pas porter ntibugomba kubangamira ituze public order and good morals, the atteinte à l’ordre public et aux rusange rya rubanda n’imyifatire right of every citizen to honour, bonnes mœurs, à la protection des iboneye, uburenganzira good reputation and the privacy of jeunes et des enfants ainsi qu’au bw’umwenegihugu bwo kugira personal and family life. It is also droit dont jouit tout citoyen à icyubahiro n’agaciro mu maso guaranteed so long as it does not l’honneur, à la bonne réputation et à y’abandi, ubwo kutagira uwivanga mu prejudice the protection of the youth la préservation de l’intimité de sa vie mibereho ye bwite n’iy’umuryango and minors. personnelle et familiale. we; bwemerwa kandi iyo butabangamiye irengerwa ry’urubyiruko n’abana.

Uko ubwo bwisanzure bukoreshwa The conditions for exercising such Les conditions d’exercice de ces - 16 -

biteganywa n’amategeko. freedoms shall be determined by libertés sont fixées par la loi. Law.

Hashyizweho urwego rwigenga There is hereby established an Il est créé un organe indépendant rwitwa «Inama Nkuru independent institution known as the dénommé le « Haut Conseil des y’Itangazamakuru». Itegeko “Media High Council’’. A Law shall Médias ». Une loi détermine ses riteganya inshingano, imiterere determine its responsibilities, missions, son organisation et son n’imikorere byarwo. organization and functioning. fonctionnement.

Ingingo ya 35: Article 35: Article 35: Uburenganzira bwo kwishyira Freedom of association is guaranteed La liberté d’association est garantie hamwe buremewe, kandi ntibubanza and shall not require prior et ne peut être soumise à gusabirwa uruhushya. authorization. l’autorisation préalable.

Bukoreshwa hakurikijwe Such freedom shall be exercised Elle s’exerce dans les conditions ibiteganywa n’amategeko. under conditions determined by prescrites par la loi. Law.

Ingingo ya 36 : Article 36: Article 36: Uburenganzira bwo guteranira mu Freedom of peaceful assembly La liberté de se rassembler en des nama z’ituze kandi nta ntwaro without arms is guaranteed if it is not réunions pacifiques et sans armes est buremewe iyo bitanyuranyije inconsistent with the law. garantie dans les limites fixées par la n’amategeko. loi.

Ntibubanza gusabirwa uruhushya Prior authorization shall only be L’autorisation préalable n’en est keretse igihe biteganyijwe n’itegeko necessary if the Law so requires and demandée que dans des cas prévus kandi biteganywa gusa ku byerekeye solely in the case of assembly in the par une loi et uniquement pour des amakoraniro yo hanze, ahagenewe open air, in a public place or on a rassemblements en plein air, sur la kugerwa n’abantu bose, public road, to the extent that such is voie publique ou dans des lieux n’ahateranira abantu benshi na bwo necessary in the interests of public publics, et pour autant que des kandi bitewe n’impamvu zo safety, public order or public health. raisons de sécurité, de l’ordre public kurengera umutekano, ituze rusange ou de salubrité l’exigent. rya rubanda cyangwa kurinda ubuzima bw’abantu.

Ingingo ya 37 : Article 37: Article 37: Umuntu wese afite uburenganzira Every person has the right to free Toute personne a droit au libre choix bwo guhitamo no gukora umurimo choice of employment. de son travail. umunogeye.

Iyo abantu bakora umurimo umwe Persons with the same competence A compétence et capacité égales, kandi bafite ubumenyi n’ubushobozi and ability shall have a right to equal toute personne a droit, sans aucune bumwe bagomba guhembwa kimwe pay for equal work without any discrimination, à un salaire égal pour nta vangura iryo ari ryo ryose. discrimination. un travail égal.

Ingingo ya 38 : Article 38: Article 38: Uburenganzira bwo gushyiraho The right to form trade unions for Le droit de former des syndicats ingaga z’abakozi, kurengera no the defence and the promotion of pour la défense et la promotion des guteza imbere inyungu z’umwuga legitimate professional interests is intérêts professionnels légitimes est bafitiye uburenganzira buremewe. recognized. reconnu.

Buri mukozi ashobora kurengera Every worker may defend his/her Tout travailleur peut défendre ses uburenganzira bwe abinyujije mu rights through trade union action droits par l’action syndicale dans les rugaga rw’abakozi mu buryo under conditions determined by conditions déterminées par la loi. buteganywa n'amategeko. Law.

Buri mukoresha afite uburenganzira Every employer has the right to join Tout employeur a droit d’adhérer à bwo kwinjira mu muryango an employers’ organization. une association des employeurs. w’abakoresha. - 17 -

Ingaga z’umurimo z’abakozi Trade unions and employers’ Les syndicats des travailleurs et les n’amashyirahamwe y’abakoresha associations have the right to enter associations des employeurs sont bifite uburenganzira bwo kugirana into general or specific agreements libres d’avoir des conventions amasezerano rusange cyangwa regulating their working relations. générales ou spécifiques régissant yihariye agenga imikoranire yabyo. The modalities for making these leurs relations de travail. Les Uburyo ayo masezerano akorwa agreements shall be determined by a modalités relatives à ces conventions bugenwa n’itegeko. Law. sont définies par une loi.

Ingingo ya 39 : Article 39: Article 39: Uburenganzira bw’abakozi bwo The right of workers' to strike is Le droit de grève des travailleurs est guhagarika imirimo buremewe kandi permitted and shall be exercised reconnu et s’exerce dans les bukoreshwa hakurikijwe amategeko within the limits provided for by the conditions définies par la loi, mais abugenga; ariko ubwo burenganzira Law, but the exercising of this right l’exercice de ce droit ne peut porter ntibushobora guhungabanya should not interfere with the freedom atteinte à la liberté du travail uburenganzira bw’undi ku murimo to work which is guaranteed for reconnue à chacun. kuko bwemerewe buri wese every individual.

Ingingo ya 40 : Article 40: Article 40: Umuntu wese afite uburenganzira ku Every person has the right to Toute personne a droit à l’éducation. burezi. education.

Ubwisanzure mu kwiga no kwigisha Freedom of learning and teaching La liberté d’apprentissage et de buremewe mu buryo buteganywa shall be guaranteed in accordance l'enseignement est garantie dans les n’amategeko. with conditions determined by law. conditions déterminées par la loi.

Kwiga amashuri abanza ni itegeko Primary education is compulsory. It L'enseignement primaire est kandi ni ubuntu mu mashuri ya Leta. is free in public schools. obligatoire. Il est gratuit dans les établissements publics.

Ku mashuri afashwa na Leta, uburyo The conditions for free primary Pour les établissements bwo kwigira ubuntu mu mashuri education in schools subsidised by subventionnés par l’Etat, les abanza buteganywa n’itegeko the Government shall be determined conditions de gratuité de ngenga. by an Organic Law. l’enseignement primaire sont déterminées par une loi organique.

Leta ifite inshingano yo gushyiraho The State shall have the duty to take L’Etat a l’obligation de prendre des uburyo bwihariye bworohereza special measures to facilitate the mesures spéciales pour faciliter abantu bafite ubumuga kwiga. education of disabled people. l’enseignement des personnes handicapées.

Itegeko ngenga rigena imiterere y’ An Organic Law shall determine the Une loi organique définit uburezi. organization of Education. l’organisation de l’éducation.

Ingingo ya 41 : Article 41: Article 41: Abenegihugu bose bafite All citizens have the right and duties Tous les citoyens ont des droits et uburenganzira n'inshingano ku relating to health. The State shall des devoirs en matière de santé. buzima bwiza. Leta ifite inshingano have the duty of mobilizing the L'Etat a le devoir de mobiliser la zo kubakangurira ibikorwa bigamije population for activities aimed at population pour les activités de ubuzima bwiza no kubafasha promoting good health and to assist protection et de promotion d’une kubigeraho. in the implementation of these bonne santé et de contribuer à leur activities . mise en œuvre .

Ingingo ya 42 : Article 42: Article 42: Umunyamahanga wese uri muri Every foreigner legally residing in Tout étranger qui se trouve Repubulika y'u Rwanda mu buryo the Republic of Rwanda shall enjoy régulièrement sur le territoire de la bwemewe n’amategeko afite all rights save those reserved for République du Rwanda jouit de tous uburenganzira bwose uretse nationals as determined under this les droits à l'exception de ceux umwihariko w’abenegihugu nk'uko Constitution and other laws. réservés aux nationaux tels que - 18 -

biteganyijwe n’iri Tegeko Nshinga prévus par la présente Constitution et n’andi mategeko. d'autres lois.

Ingingo ya 43 : Article 43: Article 43: Mu gukoresha uburenganzira In the exercise of rights and Dans l’exercice de ses droits et dans n’ubwisanzure, buri wese azitirwa enjoyment of freedoms, every person la jouissance de ses libertés, chacun gusa n’itegeko rigamije kwemera no shall only be subjected to the n’est soumis qu’aux limitations kubahiriza uburenganzira limitations set by the Law in order to établies par la loi en vue d’assurer la n’ubwisanzure bw’abandi ndetse ensure the recognition and respect of reconnaissance et le respect des n’imyitwarire iboneye, umutuzo others’ rights and freedoms, good droits et libertés d’autrui et de rusange n’imibereho myiza muri morals, public order and social satisfaire aux justes exigences de la rusange biranga igihugu kigendera welfare which characterize a morale, de l’ordre public et du bien- kuri demokarasi. democratic society. être général, dans une société démocratique.

Ingingo ya 44 : Article 44: Article 44: Ubutegetsi bw’Ubucamanza, bwo The judiciary as the guardian of Le Pouvoir Judiciaire en tant que murinzi w’uburenganzira rights and freedoms of the public gardien des droits et des libertés n’ubwisanzure bwa rubanda, shall ensure respect thereof in publiques, en assure le respect dans bwubahiriza iyo nshingano mu buryo accordance with procedures les conditions définies par la loi. buteganywa n’amategeko. determined by Law.

UMUTWE WA II : CHAPTER II : RIGHTS AND CHAPITRE II: DES DROITS ET IBYEREKEYE DUTIES OF THE CITIZEN DES DEVOIRS DU CITOYEN UBURENGANZIRA N’INSHINGANO BY’UMWENEGIHUGU

Ingingo ya 45 : Article 45: Article 45: Abenegihugu bose bafite All citizens have the right to Tous les citoyens ont le droit, uburenganzira bwo kujya mu participate in the government of the conformément aux règles édictées buyobozi bwose bw’Igihugu , baba country, whether directly or through par la loi, de participer librement à la babukoresheje ubwabo, cyangwa se freely chosen representatives in direction des affaires publiques de babinyujije ku babahagarariye accordance with the Law. leur pays, soit directement, soit par bihitiyemo nta gahato , hakurikijwe l’intermédiaire de représentants amategeko. librement choisis.

Abenegihugu bose bafite All citizens have the right of equal Tous les citoyens ont un droit égal uburenganzira bungana bwo kujya access to public service in d’accéder aux fonctions publiques de mu mirimo ya Leta hashingiwe ku accordance with their competence leur pays, compte tenu de leurs bumenyi n’ubushobozi bwabo. and abilities. compétences et capacités.

Ingingo ya 46: Article 46: Article 46: Umwenegihugu wese afite Every citizen has the duty to relate to Tout citoyen a le devoir de inshingano zo kutagira uwo other persons without discrimination considérer son semblable sans avangura no kugirana na bagenzi be and to maintain relations conducive discrimination aucune et d’entretenir imibanire igamije kubumbatira, to safeguarding, promoting and avec lui les relations qui permettent guharanira no gushimangira reinforcing mutual respect, solidarity de sauvegarder, de promouvoir et de ubwubahane, ubufatanye and tolerance. renforcer le respect, la solidarité et la n’ubworoherane hagati yabo. tolérance réciproques.

Ingingo ya 47: Article 47: Article 47: Abenegihugu bose bafite inshingano All citizens have the duty to Tous les citoyens ont le devoir de zo kugira uruhare mu iterambere participate, through work, in the contribuer par leur travail à la ry’Igihugu bitabira umurimo no development of the country; to prospérité du pays, de sauvegarder la kubumbatira amahoro, demokarasi, safeguard peace, democracy, social paix, la démocratie, la justice sociale ubutabera n'uburinganire mu justice and equality and to et de participer à la défense de la mibereho y’abaturage no kugira participate in the defence of the patrie. uruhare mu kurengera Igihugu motherland. - 19 -

cyabo.

Itegeko rigenga ibyerekeye gukorera A Law shall organize national Une loi organise le service national, Igihugu mu gisiviri cyangwa mu service, whether civil or military. civil ou militaire. gisirikare.

Ingingo ya 48 : Article 48: Article 48: Mu bihe ibyo ari byo byose, In all circumstances, every citizen, Tout citoyen civil ou militaire a, en umwenegihugu yaba umusiviri whether civilian or military, has the toute circonstance, le devoir de cyangwa umusirikare, afite duty to respect the Constitution, respecter la Constitution, les autres inshingano yo kubaha Itegeko other Laws and regulations of the lois et règlements du pays. Nshinga, andi mategeko n’amateka country. y’Igihugu.

Afite uburenganzira bwo He/she has the right to defy orders Il est délié du devoir d’obéissance, kudakurikiza amabwiriza ahawe received from his/her superior lorsque l’ordre reçu de l’autorité n’umutegeka mu gihe ayo mabwiriza authority if the orders constitute a supérieure constitue une atteinte abangamiye ku buryo bukomeye serious and manifest violation of sérieuse et manifeste aux droits de la kandi bugaragara uburenganzira human rights and public freedoms. personne et aux libertés publiques. n’ubwisanzure bwa muntu.

Ingingo ya 49 : Uburenganzira Article 49 : Right and duty to a Article 49: Droit et devoir à un n’inshingano byo kuba ahantu clean and healthy environment environnement sain et satisfaisant hadafite ingaruka mbi ku buzima and the duty to protect it et devoir de le protéger n’inshingano yo kurengera (Amendment n˚ 04 of 17/06/2006) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) ibidukikije (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010)

Umuntu wese afite uburenganzira Every person has a right to a clean Toute personne a droit à un bwo kuba ahantu hadafite ingaruka and healthy environment. environnement sain et satisfaisant. mbi ku buzima kandi hatunganye.

Umuntu wese afite inshingano yo Every person has the duty to protect, Toute personne a le devoir de kurengera, kubungabunga no guteza safeguard and promote the protéger, de sauvegarder et de imbere ibidukikije. Leta yishingira environment. The State shall ensure promouvoir l’environnement. L’Etat kurengera ibidukikije. the protection of environment. veille à la protection de l’environnement.

Itegeko ngenga rigena uburyo bwo An Organic Law shall determine the Une loi organique définit les kurengera, kubungabunga no guteza modalities for protecting, modalités de protéger, de imbere ibidukikije. safeguarding and promoting the sauvegarder et de promouvoir environment. l'environnement.

Ingingo ya 50: Article 50: Article 50: Umwenegihugu wese afite Every citizen has the right to Tout citoyen a droit aux activités de uburenganzira ku biteza imbere activities that promote national promotion de la culture nationale. umuco w’igihugu. culture.

Hashyizweho Inteko nyarwanda There is hereby established the Il est créé une Académie rwandaise y'ururimi n’umuco. Rwanda Academy of Language and de langue et de culture. Culture.

Itegeko rigena inshingano, imiterere A Law shall determine its Une loi détermine sa mission, son n’imikorere byayo. responsibilities, organization and organisation et son fonctionnement. functioning.

- 20 -

Ingingo ya 51 : Kurengera Article 51 : Safeguarding cultural Article 51 : Sauvegarde des valeurs imigenzo gakondo, umuco traditions and memorial sites of traditionnelles, de la culture et des w’Igihugu n’inzibutso za jenoside genocide against the Tutsi sites mémoriaux du génocide yakorewe Abatutsi (Amendment n° 03 of 13/08/2008) perpetré contre les Tutsi (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008)

Leta ifite inshingano zo kurengera The State shall have the L’Etat a le devoir de sauvegarder et no guteza imbere imigenzo myiza responsibilities to safeguard and to de promouvoir les valeurs nationales gakondo, ishingiye ku mibereho no promote positive values based on fondées sur les traditions et la culture ku mitekerereze gakondo ndetse no cultural traditions and practices so dans la mesure où elles ne sont pas ku biranga umuco w’Igihugu muri long as they do not conflict with contraires aux droits de la personne, rusange, mu gihe bitabangamiye human rights, public order and good à l’ordre public et aux bonnes uburenganzira bwa Muntu, ituze morals. The State shall equally have mœurs. L’Etat a également le devoir rusange n’imyifatire iboneye. Leta the responsibilities to preserve de veiller à la conservation du ifite kandi inshingano yo kwita ku national cultural heritage as well as patrimoine culturel national ainsi que mutungo ndangamurage w’Igihugu memorials and sites of genocide des mémoriaux et sites du génocide no ku nzibutso za jenoside yakorewe against the Tutsi. perpetré contre les Tutsi. Abatutsi.

INTERURO YA III: TITLE III: POLITICAL TITRE III: DES FORMATIONS IBYEREKEYE IMITWE YA ORGANIZATIONS POLITIQUES POLITIKI

Ingingo ya 52: (Ivugururwa n° 02 Article 52: (Amendment n° 02 of Article 52 : (Révision n° 02 du ryo ku wa 08/12/2005) 08/12/2005) 08/12/2005)

Imitwe ya politiki myinshi iremewe. A multi-party system of government Le multipartisme est reconnu. is recognized.

Imitwe ya politiki yujuje Political organizations fulfilling the Les formations politiques ibyangombwa bisabwa n’amategeko, conditions required by Law are remplissant les conditions légales se yemerewe gushingwa no gukora mu permitted to be formed and to forment et exercent librement leurs bwisanzure; igomba kubahiriza operate freely; they must abide by activités, à condition de respecter la Itegeko Nshinga n’andi mategeko the Constitution and other Laws as Constitution et les lois ainsi que les ndetse n’amahame ya demokarasi, well as democratic principles and principes démocratiques et de ne pas kandi ntihungabanye ubumwe they should not destabilise national porter atteinte à l’unité nationale, à bw’Abanyarwanda, ubusugire unity, territorial integrity and l’intégrité du territoire et à la sécurité n’umutekano by’Igihugu. security of the nation. de l’Etat.

Imitwe ya politiki igira uruhare mu Political organizations shall Les formations politiques concourent kwigisha abenegihugu gukora participate in the education of à l’éducation politique démocratique politiki igendera kuri demokarasi, citizens on politics based on des citoyens ainsi qu’à l’expression gutora no gutorwa, ikanakora ku democracy and elections and operate du suffrage et prennent les mesures buryo abagore n’abagabo bagira in such a manner as to ensure that nécessaires en vue d’assurer l’égal amahirwe angana mu myanya women and men shall have equal accès des femmes et des hommes n’imirimo itorerwa ya Leta. access to elective offices. aux mandats électoraux et aux fonctions électives de l’Etat.

Inzego z’ubuyobozi bw’imitwe ya The leadership organs of political Les structures dirigeantes des politiki zigira icyicaro ku rwego organizations shall have offices at formations politiques ont leurs sièges rw’Igihugu. Itegeko ngenga rigenga the national level. The Organic Law au niveau national. La loi organique imitwe ya politiki rigena icyicaro governing political organizations régissant les formations politiques cy’ubuyobozi bwazo ku zindi nzego shall determine their offices at other définit les sièges de leurs structures z’imitegekere y’igihugu levels of administrative entities. dirigeantes au niveau d’autres entités administratives du pays.

Ingingo ya 53: Article 53: Article 53: Abanyarwanda bafite uburenganzira Rwandans are free to join political Les Rwandais sont libres d’adhérer - 21 -

bwo kujya mu mitwe ya politiki organizations of their choice or not aux formations politiques de leur bihitiyemo cyangwa ubwo to join them. choix ou de ne pas y adhérer. kutayijyamo.

Nta munyarwanda ushobora No Rwandan shall be subjected to Aucun Rwandais ne peut faire gukorerwa ivangura ku mpamvu discrimination by reason of l’objet de discrimination du fait qu’il z’uko ari mu mutwe wa politiki uyu membership of a given political appartient à telle ou telle formation n'uyu cyangwa ko nta mutwe wa organization or on account of not politique ou du fait qu’il n'a pas politiki arimo. belonging to any political d'appartenance politique. organization.

Ingingo ya 54: Article 54: Article 54: Imitwe ya politiki ibujijwe Political organizations are prohibited Il est interdit aux formations gushingira ku isanomuzi, ku bwoko, from basing themselves on race, politiques de s’identifier à une race, ku muryango, ku nzu, ku gisekuru, ethnic group, tribe, lineage, region, une ethnie, une tribu, une lignée, une ku karere, ku gitsina, ku idini, sex, religion or any other division région, un sexe, une religion ou à cyangwa ku kindi kintu cyose which may lead to discrimination. tout autre élément pouvant servir de cyatuma habaho ivangura. base de discrimination.

Buri gihe imitwe ya politiki igomba Political organizations must Les formations politiques doivent kugaragaramo ubumwe constantly reflect the unity of the constamment refléter l’unité bw’Abanyarwanda, uburinganire people of Rwanda, gender equality nationale et la promotion du «genre» n’ubwuzuzanye bw’abagore and complementality, whether in the dans le recrutement de leurs n'abagabo haba mu gushaka recruitment of members, putting in adhérents, la composition de leurs abayoboke, gushyiraho inzego place organs of leadership and in organes de direction et dans tout leur z’ubuyobozi, mu mikorere no mu their operations and activities. fonctionnement et leurs activités. bikorwa byayo.

Ingingo ya 55: Article 55: Article 55: Sena ishobora kurega umutwe wa The may lodge a complaint Tout manquement grave d’une politiki wateshutse bikomeye ku with the High Court against a formation politique aux obligations nshingano zikubiye mu ngingo ya political organization which has contenues dans les dispositions des 52, iya 53 n’iya 54 z’iri Tegeko grossly violated the obligations articles 52, 53 et 54 de la présente Nshinga mu Rukiko Rukuru; habaho contained in the provisions of Constitution est déféré à la Haute ubujurire, bukabera mu Rukiko Articles 52, 53 and 54 of this Cour par le Sénat ; en cas d'appel, la rw'Ikirenga. Constitution. In case of appeal, the Cour Suprême est saisie. appeal shall be heard by the Supreme Court.

Bitewe n’uburemere bw’ikosa Depending on the gravity of the Sans préjudice des autres poursuites ry’Umutwe wa politiki violation proved, the Court may, éventuelles, la cour peut prononcer, ryagaragajwe, urukiko rushobora without prejudice to criminal à l’égard de la formation politique gufata kimwe mu bihano bikurikira, prosecution, impose any of the fautive et suivant la gravité du bitabangamiye izindi ngingo following sanctions against the manquement, l’une des sanctions zerekeranye no gukurikiranwa mu political organization found guilty of suivantes : bucamanza : the violation: 1° kuwihaniza ku mugaragaro ; 1° formal warning; 1° l’avertissement solennel ; 2° guhagarika ibikorwa byawo 2° suspension of activities for a 2° la suspension d’activités pour mu gihe kitarenze imyaka period not exceeding two une durée n’excédant pas deux ibiri ; years; ans ; 3° guhagarika ibikorwa byawo 3° suspension of activities for the 3° la suspension d’activités pour mu gihe cya manda yose whole Parliamentary term; toute la durée de la y’abadepite; législature ; 4° kuwusesa. 4° dissolution. 4° la dissolution.

Igihe icyemezo ndakuka cyafashwe In the event that the final decision of Lorsque la décision en dernier n’urukiko ari icyo gusesa umutwe the Court of last instance is the ressort de la cour consiste en la wa politiki, abagize Umutwe sanction of dissolution of a political dissolution de la formation politique, w’Abadepite batowe baturutse mu organization, the Members of the les membres de la Chambre des - 22 -

mutwe wa politiki washeshwe bahita Chamber of Deputies elected on the Députés élus sous le parrainage de la bakurwa ku mwanya w’ubudepite. ticket of the dissolved political formation politique dont la organization shall automatically lose dissolution est prononcée sont their parliamentary seats. automatiquement déchus de leurs mandats parlementaires.

Hakoreshwa itora ryo gushyiraho By-elections shall be held to replace Des élections partielles ont lieu afin ababasimbura bagomba kurangiza Deputies of the dissolved political d’élire leurs remplaçants qui igice cya manda cyari gisigaye iyo organization if the remaining period achèvent le terme du mandat restant kirenze umwaka umwe. of their mandate is more than one à courir si celui-ci est supérieur à un year. an.

Ingingo ya 56: Ihuriro ry’Igihugu Article 56 : National Consultative Article 56 : Forum National de Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe Forum of Political Organizations Concertation des Formations ya Politiki Politiques

(Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Ihuriro ry’Igihugu A National Consultative Forum of Le Forum National de Concertation Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Political Organizations is hereby des Formations Politiques est créé en Politiki rishyizweho ku mpamvu yo established for purposes of national vue de promouvoir un dialogue gutuma imitwe ya politiki yungurana political dialogue, consensus politique national dans la recherche ibitekerezo, igira uruhare mu kubaka building and national cohesion. d’un consensus et la cohésion ubwumvikane n’ubumwe nationale. bw’Igihugu.

Ingingo ya 57: Article 57: Article 57: Imitwe ya politiki yemewe ibona Political organizations which are Les formations politiques légalement inkunga ya Leta. duly registered shall be given grants constituées bénéficient d'une by the State. subvention de l'Etat.

Itegeko ngenga rigena uburyo An Organic Law shall determine the Une loi organique définit les imitwe ya politiki ishyirwaho, modalities for the establishment of modalités de création des formations imikorere yayo, imyitwarire political organizations, their politiques, leur organisation et y'abayobozi bayo, uko ibona inkunga functioning, the conduct of their fonctionnement, l'éthique de leurs ya Leta kimwe n’imiterere leaders, the manner in which they leaders, les modalités d’obtention n’imikorere y’Ihuriro shall receive state grants as well as des subventions de l'Etat et nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya the organization and functioning of détermine l'organisation et le politiki. the Forum of Political organizations. fonctionnement du Forum de concertation des formations politiques.

Ingingo ya 58: Isangira Article 58 : Power sharing Article 58 : Partage du pouvoir ry’ubutegetsi (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa

17/06/2010)

Perezida wa Repubulika na Perezida The President of the Republic and Le Président de la République et le w’Umutwe w’Abadepite the Speaker of the Chamber of Président de la Chambre des Députés ntibashobora guturuka mu mutwe Deputies shall not belong to the ne doivent pas provenir d’une même umwe wa politiki. same political organization. formation politique.

- 23 -

Ingingo ya 59: Imirimo Article 59: Functions Article 59: Fonctions itabangikanywa no kujya mu incompatible with the active incompatibles avec l’adhésion aux Mitwe ya Politiki membership of political formations politiques (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa organizations (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010) (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010)

Abacamanza, abashinjacyaha, Judges, prosecutors, members of the Les juges, les Officiers de Poursuite abasirikare, abapolisi n'abakozi bo , members of Judiciaire, les membres des Forces mu Rwego rw'Igihugu rushinzwe Rwanda National Police and Rwandaises de Défense, les Iperereza n’Umutekano ntibemerewe members of National Intelligence membres de la Police Nationale du kujya mu mitwe ya politiki. and Security Service shall not be Rwanda ainsi que les membres du members of political organizations. Service National de Renseignements et de Sécurité ne peuvent adhérer à des formations politiques.

INTERURO YA IV TITLE IV: BRANCHES OF TITRE IV: DES POUVOIRS IBYEREKEYE UBUTEGETSI GOVERNMENT

UMUTWE WA MBERE : CHAPTER ONE : GENERAL CHAPITRE PREMIER: DES IBYEREKEYE INGINGO PROVISIONS DISPOSITIONS GENERALES RUSANGE

Ingingo ya 60: Article 60: Article 60: Inzego z'Ubutegetsi bwa Leta ni izi The branches of government are the Les Pouvoirs de l’Etat sont les zikurikira : following : suivants : 1° Ubutegetsi 1° the legislature; 1° le Pouvoir Législatif; Nshingamategeko; 2° Ubutegetsi 2° the executive; 2° le Pouvoir Exécutif; Nyubahirizategeko; 3° Ubutegetsi 3° the judiciary. 3° le Pouvoir Judiciaire. bw’Ubucamanza.

Ubu butegetsi uko ari butatu The three branches are separate and Ces trois pouvoirs sont séparés et buratandukanye kandi buri butegetsi independent from one another but indépendants l'un de l'autre mais ils burigenga, ariko bwose are all complementary. Their sont complémentaires. Leurs bukuzuzanya. Inshingano, imiterere responsibilities, organization and attributions, organisation et n’imikorere yabwo biteganywa n’iri functioning are defined by this fonctionnement sont définis dans la Tegeko Nshinga. Constitution. présente Constitution.

Leta igomba gukora ku buryo The State shall ensure that the L’Etat doit veiller à ce que les imirimo yo mu Butegetsi exercise of Legislative, Executive mandats et fonctions au sein des Nshingamategeko, and Judicial power is vested in pouvoirs Législatif, Exécutif et Nyubahirizategeko people who possess the competence Judiciaire soient exercés par des n’iy’ubw’Ubucamanza ikorwa and integrity required to fulfil the personnes ayant les capacités et n’abayifitiye ubushobozi respective responsibilities accorded l’intégrité nécessaires pour n’ubunyangamugayo bihagije kugira to the three branches. s’acquitter, dans leurs domaines ngo buri wese ku bimureba abashe respectifs, des missions conférées à kuzuza inshingano zahawe ubwo ces trois pouvoirs. butegetsi uko ari butatu.

Ingingo ya 61 : Indahiro Article 61 : Oath of office of Article 61 : Serment des autorités y’abayobozi authorities (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) 17/06/2010)

Abayobozi bose Itegeko Nshinga All authorities required by Toutes les autorités auxquelles la n’andi mategeko biteganya ko Constitution and other Laws to Constitution et d’autres lois exigent barahira mbere yo gutangira imirimo swear before taking office, shall take de prêter serment avant d’entrer en yabo, barahira muri aya magambo: an oath in the following words: fonction, prêtent serment en ces - 24 -

termes:

«Jyewe ,……………………, “I, ……………………., «Moi,………………………., ndahiriye u Rwanda ku mugaragaro: solemnly swear to the Nation that I je jure solennellement à la Nation : shall:

1° ko ntazahemukira 1° remain loyal to the 1° de garder fidélité à la Repubulika y’u Rwanda ; Republic of Rwanda; République du Rwanda ;

2° ko nzubahiriza Itegeko 2° uphold the Constitution 2° d’observer la Constitution Nshinga n’andi mategeko; and other Laws; et les autres lois ;

3° ko nzaharanira 3° safeguard the basic 3° de veiller aux droits uburenganzira bw`ibanze individual human rights fondamentaux de la bwa muntu n`ibyagirira and the interests of the personne et aux intérêts du Abanyarwanda bose Rwandan people; peuple rwandais ; akamaro;

4° ko nzaharanira ubumwe 4° work for the consolidation 4° d’œuvrer à la bw’Abanyarwanda; of national unity; consolidation de l’unité nationale ;

5° ko nzakorana umurava 5° diligently fulfil the 5° de remplir loyalement les imirimo nshinzwe; responsibilities entrusted fonctions qui me sont to me; confiées;

6° ko ntazakoresha ububasha 6° never use the powers 6° de ne jamais utiliser les mpawe mu nyungu zanjye conferred on me for pouvoirs qui me sont bwite. personal ends. dévolus à des fins personnelles.

Nintatira iyi ndahiro, nzabihanirwe Should I fail to honour this oath, En cas de parjure, que je subisse les n’amategeko. may I face the rigours of the Law. rigueurs de la loi.

Imana ibimfashemo ». So help me God ». Que Dieu m’y aide ».

UMUTWE WA II: CHAPTER II: THE CHAPITRE II: DU POUVOIR IBYEREKEYE UBUTEGETSI LEGISLATURE LEGISLATIF NSHINGAMATEGEKO

Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye Section One: The Parliament Section première : Du Parlement Inteko Ishinga Amategeko

Akiciro ka mbere : Ibyerekeye Sub-section One: General Sous-section première: Des ingingo rusange provisions dispositions communes

Ingingo ya 62: Article 62: Article 62: Ubutegetsi Nshingamategeko Legislative power is vested in a Le Pouvoir Législatif est exercé par bushinzwe Inteko Ishinga Parliament consisting of two un Parlement composé de deux Amategeko igizwe n’Imitwe ibiri : chambers: Chambres :

1° Umutwe w’Abadepite, 1° the Chamber of Deputies, 1° la Chambre des Députés, abawugize bitwa whose members shall have dont les membres portent le « Abadepite »; the title of « Deputies »; titre de « Députés»;

2° Umutwe wa Sena, abawugize 2° the Senate, whose members 2° le Sénat, dont les membres - 25 -

bitwa « Abasenateri ». shall have the title of portent le titre de « Senators ». « Sénateurs ».

Inteko Ishinga Amategeko ijya The Parliament shall deliberate and Le Parlement élabore et vote la loi. Il impaka ku mategeko ikanayatora. pass Laws. It shall legislate and légifère et contrôle l’action du Ishyiraho amategeko ikanagenzura oversee action of the Executive in Gouvernement dans les conditions imikorere ya Guverinoma mu buryo accordance with the procedure définies par la présente Constitution. buteganywa n’iri Tegeko Nshinga. determined by this Constitution.

Ingingo ya 63: Article 63: Article 63: Iyo bidashoboka rwose ko Inteko In the event of the absolute Lorsque le Parlement est dans Ishinga Amategeko iterana, Perezida impossibility of Parliament holding l’impossibilité absolue de siéger, le wa Repubulika ashyiraho muri icyo session, the President of the Président de la République prend des gihe amategeko -teka yemejwe Republic during such period shall décrets-lois adoptés en Conseil des n’Inama y’Abaminisitiri, kandi ayo promulgate decree-laws adopted by Ministres et ayant valeur de lois mategeko -teka agira agaciro the Cabinet and those decree-laws ordinaires. k’amategeko asanzwe. shall have the same effect as ordinary Laws.

Ayo mategeko-teka ahita ata agaciro These decree-laws become null and A défaut de confirmation par le iyo atemejwe n’Inteko Ishinga void if they are not adopted by Parlement à sa plus prochaine Amategeko mu gihe ishoboye Parliament at its next session. session, les décrets-lois perdent toute kongera guterana mu gihembwe force obligatoire. gikurikira.

Ingingo ya 64: Article 64: Article 64: Umuntu wese mu bagize Inteko Every Member of Parliament Chaque membre du Parlement Ishinga Amategeko aba ahagarariye represents the whole nation and not représente la Nation et non Igihugu cyose; ntabwo aba just those who elected or nominated uniquement ceux qui l’ont élu ou ahagarariye gusa abamutoye him or her or the political désigné, ni la formation politique qui cyangwa abamushyizeho, cyangwa organization on whose ticket he/she l’a parrainé à l’élection. se umutwe wa politiki wamutanzeho stood for election. umukandida mu matora.

Abagize Inteko Ishinga Amategeko Any imperative mandate is null and Tout mandat impératif est nul. ntibagendera ku mabwiriza y’uwo void. ari we wese, igihe batora.

Uburenganzira bwo gutora ni The right of vote of a member of Le droit de vote d’un membre du ubw'umwe mu bagize Inteko Ishinga Parliament is ad personam. Parlement est personnel. Amategeko ku giti cye.

Ingingo ya 65 : Itangira ry’imirimo Article 65 : Taking office for Article 65 : Entrée en fonction des y’abagize Inteko Ishinga members of the Parliament membres du Parlement Amategeko (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010)

Mbere yo gutangira imirimo, abagize Before taking office, members of the Avant d’entrer en fonction, les Inteko Ishinga Amategeko barahirira Parliament shall take an oath before membres du Parlement prêtent imbere ya Perezida wa Repubulika, the President of the Republic and, in serment devant le Président de la ataboneka bakarahirira imbere ya case of his/her absence, before the République et, en son absence, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga. President of the Supreme Court. devant le Président de la Cour Suprême.

Mu ntangiriro ya buri manda On commencement of each term of A l’ouverture de chaque législature, y’abagize Inteko Ishinga office for members of the la première séance de chaque Amategeko, inama ya mbere ya buri Parliament, the first sitting of each Chambre est consacrée à l’élection Mutwe iharirwa itora rya Biro Chamber shall be devoted to the de son Bureau composé du Président - 26 -

igizwe na Perezida na ba Visi election of the Bureau composed of et des Vice-Présidents. Elle est Perezida. Itumizwa kandi the Speaker and Deputy Speakers. It convoquée et présidée par le ikayoborwa na Perezida wa shall be convened and presided over Président de la République endéans Repubulika mu gihe cy'iminsi cumi by the President of the Republic quinze (15) jours de la publication n'itanu (15) nyuma y'itangazwa within fifteen (15) days after the des résultats du scrutin. ry'amajwi. publication of the election results.

Mbere yo gutangira imirimo, abagize Before taking office, members of the Avant d’entrer en fonction, les Biro ya buri Mutwe w’Inteko Bureau of each Chamber of the membres du Bureau de chaque Ishinga Amategeko barahirira Parliament shall take oath before the Chambre du Parlement prêtent imbere ya Perezida wa Repubulika. President of the Republic. serment devant le Président de la République.

Abagize Biro ya buri Mutwe The composition of the Bureau of La composition du Bureau de chaque w’Inteko Ishinga Amategeko, each Chamber of the Parliament, Chambre du Parlement, ses inshingano zabo n’uburyo inama their responsibilities as well as attributions et les modalités de siéger zabo ziterana biteganywa mu itegeko modalities for holding sessions shall sont déterminées par la loi organique ngenga rigena imikorere ya buri be determined by the Organic Law portant règlement d'ordre intérieur de Mutwe. establishing internal rules of each chaque Chambre. Chamber.

Ingingo ya 66: Article 66: Article 66: Kugira ngo buri Mutwe w’Inteko The quorum required for each Pour siéger valablement chaque Ishinga Amategeko uterane ku buryo Chamber of Parliament shall be at Chambre du Parlement doit compter bwemewe hagomba kuba hari nibura least three fifths of its members. au moins trois cinquièmes de ses bitatu bya gatanu by’abawugize. membres.

Inama za buri Mutwe w’Inteko The sittings of each Chamber of Les séances de chaque Chambre du Ishinga Amategeko zibera mu Parliament are public. Parlement sont publiques. ruhame.

Ariko, buri Mutwe w’Inteko Ishinga However, each Chamber of Toutefois, chaque Chambre du Amategeko ushobora kwemeza, ku Parliament may decide, by absolute Parlement peut, à la majorité absolue bwiganze burunduye bw’amajwi majority of the members present, to de ses membres présents, décider de y'abawugize bitabiriye inama, ko sit in camera at the request of either siéger à huis clos à la demande soit inama ibera mu muhezo, iyo bisabwe the President of the Republic, the du Président de la République, soit na Perezida wa Repubulika, Perezida President of Senate or the Speaker of du Président de la Chambre ou d’un wa buri Mutwe cyangwa kimwe cya the Chamber of Deputies or a quarter quart de ses membres, soit du kane cy’abawugize, cyangwa se na of the members of either Chamber or Premier Ministre. Minisitiri w’Intebe. the Prime Minister.

Ingingo ya 67: Article 67: Article 67: Imitwe y’Inteko Ishinga Amategeko The Chambers of Parliament shall Les Chambres du Parlement siègent iteranira mu Murwa Mukuru hold their sessions in the Capital dans la Capitale, dans leurs palais w’Igihugu, mu Ngoro zabugenewe, City, each at its respective Chambers respectifs sauf en cas de force keretse bibujijwe n’inzitizi designated for the purpose except in majeure constatée par la Cour ntarengwa zemejwe n’Urukiko cases of force majeure confirmed by Suprême saisie par le Président de la rw’Ikirenga rubisabwe na Perezida the Supreme Court upon request by Chambre concernée. Si la Cour w’Umutwe w’Inteko bireba. Igihe the President of the Chamber Suprême ne peut se réunir à son tour, Urukiko rw'Ikirenga na rwo concerned. In the event that the le Président de la République décide rudashobora guterana, Perezida wa Supreme Court itself is unable to du lieu par décret-loi. Repubulika yemeza aho inama hold session, the President of the iteranira akoresheje itegeko-teka. Republic shall determine by decree- law the place where the Parliament shall hold session.

Icyemezo cyafatiwe mu nama Decisions taken in sessions in Est nulle de plein droit, toute iteranye itatumijwe, nta murongo respect of which there has either délibération prise sans convocation w’ibyigwa watanzwe, cyangwa been no convocation or no agenda ni ordre du jour ou tenue hors du - 27 -

yabaye mu gihe kitari has been distributed or which take temps des sessions ou hors des icy’ibihembwe, cyangwa se place during periods outside the sièges des Chambres du Parlement, yabereye ahantu hatari mu Ngoro approved time of sessions or outside sauf, dans ce dernier cas ce qui est zabugenewe, nta gaciro na kamwe the designated Chambers shall be prévu à l’alinéa précédent. kigira, usibye ibivugwa mu gika null and void, save as is provided in kibanziriza iki. the preceding paragraph.

Ingingo ya 68: Imirimo Article 68: Incompatibility with Article 68: Incompatibilité avec la itabangikanywa n’umurimo the office of a member of the fonction de membre du Parlement w’ugize Inteko Ishinga Amategeko Parliament (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) 17/06/2010)

Nta muntu wemerewe kuba No person shall at the same time be a Nul ne peut appartenir à la fois à la icyarimwe mu bagize Umutwe member of the Chamber of Deputies Chambre des Députés et au Sénat. w’Abadepite no mu bagize Sena. and the Senate.

Kuba Umudepite cyangwa The office of a Deputy or a Senator La fonction de Député ou de Umusenateri ntibishobora is incompatible with the office of a Sénateur est incompatible avec celle kubangikanywa no kuba mu bagize member of the Cabinet . de membre du Gouvernement. Guverinoma.

Itegeko ngenga rigena imikorere ya The Organic Law establishing La loi organique portant règlement buri Mutwe w’Inteko Ishinga internal rules of each Chamber of the d'ordre intérieur de chaque Chambre Amategeko rigena indi mirimo Parliament shall determine other du Parlement détermine les autres itabangikanywa no kuba umwe mu offices which are incompatible with incompatibilités avec la fonction de bagize Inteko Ishinga Amategeko. the office of member of the membre du Parlement. Parliament.

Itegeko ngenga rigena ibigenerwa An Organic Law shall determine the Une loi organique fixe les avantages abagize Inteko Ishinga Amategeko. benefits to which members of the alloués aux membres du Parlement. Parliament are entitled.

Ingingo ya 69 : Article 69 : Immunity for members Article 69 : Immunité des membres Ubudahungabanywa bw’abagize of the Parliament and procedures du Parlement et proc édures de Inteko Ishinga Amategeko of their prosecution leur poursuite n’imikurikiranirwe yabo (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010)

Nta n’umwe mu bagize Inteko No member of the Parliament shall Aucun membre du Parlement ne peut Ishinga Amategeko ushobora be prosecuted, pursued, arrested, être poursuivi, recherché, arrêté, gukurikiranwa, gushakishwa, detained or judged for any opinions détenu ou jugé suite aux opinions ou gufatwa, gufungwa cyangwa gucirwa expressed or by reason of how votes émis par lui dans l’exercice de urubanza azira ibitekerezo he/she votes during the exercise of ses fonctions. yagaragaje cyangwa uko yatoye mu his/her duties. gihe akora imirimo ashinzwe.

Nta n’umwe mu bagize Inteko No member of the Parliament Aucun membre du Parlement Ishinga Amategeko ukekwaho suspected of a felony or suspecté d’avoir commis un crime icyaha cy’ubugome cyangwa misdemeanour may be prosecuted or ou un délit ne peut être poursuivi ou gikomeye ushobora gukurikiranwa arrested without the authorisation of arrêté que sur autorisation de la cyangwa gufatwa bidatangiwe the Chamber to which he/she Chambre dont il est membre uburenganzira n’Umutwe w’Inteko belongs by voting with a majority of procédant par élection à la majorité arimo binyujijwe mu nzira y’amatora two thirds (2/3) of members present des deux tiers (2/3) des membres ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu except where a member of the présents sauf en cas de flagrant délit (2/3) by’abitabiriye inama keretse Parliament is caught in flagrante d’infraction de crime ou en cas de afatiwe mu cyuho akora icyaha delicto committing a felony or a condamnation définitive. cy'ubugome cyangwa yarakatiwe court of law has passed a final - 28 -

igihano ku buryo budasubirwaho. sentence against him/her.

Iyo atari mu gihembwe, hatumizwa When it is not in session, an S’il s’agit de période hors session, igihembwe kidasanzwe kubera iyo extraordinary session shall be une session extraordinaire est mpamvu. convened for that purpose. convoquée à cet effet.

Umuntu wese mu bagize Inteko Any member of the Parliament Tout membre du Parlement Ishinga Amategeko wakatiwe convicted of a felony by a court of condamné à une peine pour igihano ku buryo budasubirwaho law of last instance shall be infraction de crime par une n’urukiko kubera icyaha automatically stripped off his/her juridiction statuant en dernier ressort cy’ubugome ahita asezererwa mu parliamentary seat, after est d’office déchu de son mandat Mutwe w’Inteko arimo, byemejwe confirmation by the Supreme Court. parlementaire, sur confirmation de la n’Urukiko rw’Ikirenga. Cour Suprême.

Buri Mutwe w’Inteko Ishinga Each Chamber of the Parliament Chaque Chambre du Parlement peut Amategeko ushobora guteganya, mu may, in the Organic Law prévoir, dans la loi organique portant itegeko ngenga rigena imikorere establishing its internal rules, make son règlement d'ordre intérieur, les yawo, amakosa akomeye atuma provisions for gross misconduct fautes graves qui entraînent la umwe mu bawugize akurwa ku which may lead to the removal from déchéance du mandat parlementaire mirimo byemejwe n’abagize uwo office of a member of that Chamber par la Chambre dont le Mutwe. Icyo gihe, icyemezo cyo upon approval of its members. In Parlementaire fait partie. Dans ce kumukuraho gifatwa ku bwiganze such a case, the decision to remove cas, la décision de déchéance est bwa bitatu bya gatanu (3/5) the member from office shall be prise à la majorité des trois by’abagize Umutwe w’Inteko bireba. taken by a majority of three-fifths cinquièmes (3/5) des membres de la (3/5) of the members of the Chambre concernée. concerned Chamber.

Ingingo ya 70 : Iterana ry’Imitwe Article 70 : Holding of sessions Article 70 : Tenue des sessions et y’Inteko Ishinga Amategeko and meetings of the Chambers of séances des Chambres du (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa Parliament Parlement 13/08/2008) (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008)

Ibihembwe bisanzwe by’Imitwe Ordinary sessions of both Chambers Les sessions ordinaires des yombi y’Inteko Ishinga Amategeko of Parliament shall take place on the Chambres du Parlement ont lieu aux bibera ku matariki amwe. same dates. mêmes dates.

Nyamara inama za buri Mutwe However, meetings and Toutefois, les séances de chacune n’ibihembwe bidasanzwe biterana extraordinary sessions of each of the des deux Chambres et les sessions hakurikijwe itegeko ngenga rigena Chambers shall be held according to extraordinaires sont tenues suivant imikorere ya buri Mutwe w’Inteko. the Organic Law establishing its les dispositions de la loi organique internal rule. portant son règlement d’ordre intérieur.

Imitwe yombi y’Inteko Ishinga The two Chambers of Parliament Les deux Chambres du Parlement ne Amategeko ntishobora guteranira cannot meet in joint session save in se réunissent en séance commune hamwe, keretse iyo hari ibibazo cases of debate on issues in respect que dans les cas prévus par la Itegeko Nshinga riyitegeka of which the Constitution mandates Constitution ou pour prendre part gusuzumira hamwe, cyangwa iyo a joint session or formal ceremonies ensemble à des formalités prévues hari imigenzo iteganywa provided for by the Law or other par la loi ou à des cérémonies n’amategeko ihuriraho cyangwa se official ceremonies. publiques. imihango y’Igihugu igomba kwitabira.

Iyo Inteko Ishinga Amategeko When Parliament meets in joint Lorsque le Parlement délibère les isuzumira hamwe ikibazo Imitwe session, the meeting shall be chaired deux Chambres réunies, la yombi ihari, Perezida w’Umutwe by the Speaker of the Chamber of présidence est assurée par le w’Abadepite ni we uyobora inama, Deputies and in case of his/her Président de la Chambre des Députés yaba adahari ikayoborwa na Perezida absence, by the President of the et à son absence, par le Président du - 29 -

wa Sena. Senate. Sénat.

Perezida wa Repubulika, amaze The President of the Republic, after Le Président de la République, après kugisha inama Biro ya buri Mutwe consultation with both Bureaux of avis du Bureau de chaque Chambre w’Inteko Ishinga Amategeko the Chambers of Parliament and the du Parlement et de la Cour n’Urukiko rw’Ikirenga ashobora Supreme Court, may establish other Suprême, peut déterminer d’autres kugena ibindi bibazo bisuzumirwa matters that may be considered matières devant être examinées hamwe n’Imitwe yombi. jointly by both Chambers. conjointement par les deux Chambres.

Ingingo ya 71: Article 71: Article 71: Imitwe y’Inteko Ishinga Amategeko The Chambers of Parliament shall Les Chambres du Parlement se iterana mu bihembwe bitatu (3) hold three (3) ordinary sessions of réunissent en trois (3) sessions bisanzwe; buri gihembwe kimara two (2) months each: ordinaires de deux (2) mois amezi abiri (2): chacune : 1° igihembwe cya mbere gitangira 1° the first session shall 1° la première session s’ouvre le 5 ku itariki ya 5 Gashyantare ; commence on February 5 th ; février;

2° igihembwe cya kabiri gitangira 2° the second session shall 2° la deuxième session s’ouvre le 5 ku itariki ya 5 Kamena ; commence on June 5 th ; juin;

3° igihembwe cya gatatu gitangira 3° the third session shall 3° la troisième session s’ouvre le 5 ku itariki ya 5 Ukwakira . commence on October 5 th . octobre.

Iyo umunsi w’itangizwa Where the commencement date of a Au cas où le jour de l’ouverture de la ry’igihembwe atari uw’akazi, session falls on a non working day, session est férié, l’ouverture est ryimurirwa ku munsi ukurikira, the opening of the session shall be reportée au lendemain ou, le cas bitashoboka rikimurirwa ku munsi postponed to the following day; or, if échéant, au premier jour ouvrable wa mbere w’akazi ukurikira. the following day is a holiday, to the qui suit. next working day.

Ingingo ya 72 : Article 72: Article 72: Buri Mutwe w’Inteko Ishinga Each Chamber of Parliament meets Chaque Chambre du Parlement se Amategeko uterana mu gihembwe in an extraordinary session upon réunit en session extraordinaire sur kidasanzwe utumijwe na Perezida convocation by its Speaker or convocation de son Président après wawo abyumvikanyeho n'abandi President, as the case may be, after consultation des autres membres du bagize Biro ya buri Mutwe cyangwa consultation with other members of Bureau ou à la demande soit du abisabwe na Perezida wa Repubulika the Bureau or upon the request of Président de la République sur na we abisabwe na Guverinoma, the President of the Republic on the proposition du Gouvernement, soit cyangwa bisabwe na kimwe cya Cabinet's proposal or that of a d’un quart de ses membres. kane cy’abagize uwo mutwe. quarter of members of the Chamber.

Inteko Ishinga Amategeko yose An extraordinary joint session of La session extraordinaire du ishobora gutumizwa mu gihembwe Parliament may be convened by Parlement peut être convoquée d’un kidasanzwe byumvikanyweho na ba common agreement between the commun accord des Présidents des Perezida b’Imitwe yombi, bisabwe Speaker and the President of the deux Chambres, à la demande du na Perezida wa Repubulika cyangwa Chambers, or at the request of the Président de la République ou du na kimwe cya kane (1/4) cy’abagize President of the Republic or that of quart (1/4) des membres de chaque buri mutwe. one quarter (1/4) of members of each Chambre. Chamber.

Mu gihembwe kidasanzwe higwa The extraordinary session shall La session extraordinaire traite gusa ibibazo byatumye gitumizwa handle only the issues for which it uniquement des questions qui ont kandi bibanje kumenyeshwa abagize has been convened and which have motivé sa convocation et qui ont été Umutwe cyangwa Inteko yose mbere previously been brought to the notice portées préalablement à la y’uko icyo gihembwe gitangira. of members of the Chamber or the connaissance des membres de la Parliament before commencement of Chambre ou du Parlement avant la the session. session.

- 30 -

Icyo gihembwe gisozwa iyo Inteko The session shall close upon La clôture de cette session intervient cyangwa umutwe byarangije conclusion of consideration of dès que le Parlement ou la Chambre gusuzuma ibyari ku murongo matters on the agenda for which the a épuisé l’ordre du jour qui a motivé w’ibyigwa cyatumirijwe. session was convened. sa convocation.

Igihembwe kidasanzwe ntigishobora An extraordinary session shall not La session extraordinaire ne peut kurenza iminsi cumi n’itanu (15). exceed fifteen (15) days. dépasser une durée de quinze (15) jours.

Ingingo ya 73 : Article 73: Article 73: Buri Mutwe w’Inteko Ishinga Each Chamber of Parliament shall Chaque Chambre du Parlement vote Amategeko utora itegeko ngenga adopt an Organic Law establishing une loi organique portant son rigena imikorere yawo. its internal rules. règlement d’ordre intérieur.

Mu byo iryo tegeko ngenga Such Organic Law shall determine Cette loi organique détermine riteganya hari : inter alia: notamment : 1° ububasha bwa Biro ya buri 1° the powers of the Bureau of 1° les pouvoirs du Bureau de Mutwe w’Inteko; each Chamber; chaque Chambre ; 2° umubare, inshingano, ububasha 2° the number, duties, powers and 2° le nombre, les attributions, les n’uburyo bwo gushyiraho za procedure of appointment of compétences et le mode de komisiyo zihoraho standing committees, without désignation de ses commissions bitabangamiye uburenganzira prejudice to the right of each permanentes, sans préjudice du bwa buri Mutwe bwo Chamber to establish ad hoc droit, pour la Chambre, de créer gushyiraho za komisiyo zihariye committees; des commissions spéciales z’igihe gito; temporaires; 3° imiterere y’inzego z’imirimo 3° the organisation of departments 3° l’organisation des services de ziyoborwa na Perezida wa buri of each Chamber managed by chaque Chambre placés sous Mutwe w’Inteko abifashijwemo the Speaker or the President l’autorité d’un Président, assisté na ba Visi-Perezida babiri assisted by two Vice-Speakers de deux Vice-Présidents et d’un n’Umunyamabanga Mukuru; and two Vice-Presidents as the Secrétaire Général ; case may be and the Clerk;

4° amategeko agenga imyitwarire 4° the code governing the conduct 4° le régime disciplinaire de ses y’abagize buri Mutwe; of members of each Chamber; membres ;

5° uburyo bwose bw’amatora 5° the different modes of voting, 5° les différents modes de scrutin bukoreshwa mu gufata with the exception of those pour sa délibération, qui ne sont icyemezo, usibye ubuteganywa expressly provided for by the pas expressément prévus par la n’Itegeko Nshinga. Constitution. Constitution.

Ingingo ya 74: Article 74: Article 74: Buri Mutwe w’Inteko Ishinga Each Chamber of Parliament shall Chaque Chambre du Parlement Amategeko ugira ingengo y’imari have its own budget and shall enjoy dispose de son propre budget et jouit yawo kandi ukagira ubwigenge mu financial and administrative de l’autonomie de gestion micungire y’imari n’abakozi byawo . autonomy. administrative et financière.

- 31 -

Ingingo ya 75: Yavanyweho Article 75: Repealing by the Article 75: Abrogé par la Révision n’Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa Amendment n˚ 04 of 17/06/2010 n˚ 04 du 17/06/2010 17/06/2010

Akiciro ka 2: Ibyerekeye Umutwe Sub-section 2: The Chamber of Sous-section 2: De la Chambre des w’Abadepite Deputies Députés

Ingingo ya 76 : Abagize Umutwe Article 76 : Composition of the Article 76 : Composition de la w’Abadepite, manda yabo n’uko Chamber of Deputies, term of Chambre des Députés, mandat des batorwa office and modalities for their Députés et mode de leur élection (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa election (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010 (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010)

Umutwe w’Abadepite ugizwe The Chamber of Deputies shall be La Chambre des Députés est n’Abadepite mirongo inani (80) composed of eighty (80) Deputies composée de quatre-vingts (80) bakurikira: who shall include the following: Députés, à savoir :

1° mirongo itanu na batatu 1° fifty-three (53) Deputies 1° cinquante-trois (53) (53) batowe nk’uko elected in accordance with Députés élus biteganywa n’ingingo ya the provisions of Article conformément à l’article 77 77 y’iri Tegeko Nshinga; 77of this Constitution; de la présente Constitution ; 2° makumyabiri na bane (24) 2° twenty- four (24) women 2° vingt- quatre (24) Députés b’abagore batorwa elected by specific councils de sexe féminin élus par n’inzego zihariye in accordance with the des organes spécifiques en hakurikijwe inzego State administrative fonction des entités z’imitegekere y’Igihugu ; entities; administratives du pays ;

3° babiri (2) batorwa n’Inama 3° two (2) Deputies elected 3° deux (2) Députés élus par y’Igihugu y'Urubyiruko; by the National Youth le Conseil National de la Council; Jeunesse ;

4° umwe (1) utorwa n’Inama 4° one (1) Deputy elected by 4° un (1) Député élu par le y’Igihugu y’abantu bafite the National Council of Conseil National des ubumuga. Persons with Disabilities. Personnes Handicapées.

Abagize Umutwe w’Abadepite Members of the Chamber of Les membres de la Chambre des batorerwa manda y’imyaka itanu (5). Deputies shall be elected for a five- Députés sont élus pour un mandat de year (5) term. cinq (5) ans.

Icyakora, kubera impamvu However, in order to organize Toutefois, pour des raisons z’amatora, Perezida wa Repubulika elections, the President of the électorales, le Président de la asesa Umutwe w’Abadepite Republic shall dissolve the Chamber République dissout la Chambre des hasigaye nibura iminsi mirongo itatu of Deputies at least thirty (30) days Députés dans une période située (30) kandi itarenga iminsi mirongo and not more than sixty (60) days entre trente (30) jours minimum et itandatu (60) ngo manda before the expiry of its current soixante (60) jours maximum avant y’abawugize irangire. members’ term of office. la fin du mandat de ses membres.

Itorwa ry’abagize Umutwe Elections of members of the Les élections des membres de la w’Abadepite rikorwa mu gihe Chamber of Deputies shall be held in Chambre des Députés ont lieu kivugwa mu gika kibanziriza iki, the period set out in the preceding pendant la période prévue à l’alinéa mbere y’uko manda yabo irangira. paragraph, before the expiration of précédent, avant l’expiration de leur their term of office. mandat.

Itegeko rigenga amatora rigena uko Modalities for the election of the Les modalités d’élection des amatora y’abagize Umutwe members of the Chamber of membres de la Chambre des Députés w’Abadepite mu Nteko Ishinga Deputies shall be determined by the sont déterminées par la loi relative Amategeko akorwa. Law relating to elections. aux élections.

- 32 -

Ingingo ya 77 : Abagize Umutwe Article 77 : Members of the Article 77 : Membres de la w’Abadepite batorwa kuri lisiti Chamber of Deputies elected by Chambre des Députés élus au y’amazina ndakuka ballot from a final list of names scrutin de liste bloquée (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008)

Abagize umutwe w’Abadepite Members of the Chamber of Les membres de la Chambre des bavugwa mu gice cya 1° cy’igika Deputies specified in point 1° of the Députés spécifiés au point 1° de cya mbere cy’ingingo ya 76 batorwa Paragraph One of article 76 shall be l’alinéa 1 de l’article 76 sont élus au mu matora rusange ataziguye kandi elected by direct universal suffrage suffrage universel direct et secret au mu ibanga, bagatorerwa kuri lisiti through a secret ballot from a final scrutin de liste bloquée, à la y’amazina ndakuka, mu buryo list of names using the system of représentation proportionnelle. busaranganya imyanya . proportional representation.

Imyanya isigaye idatanzwe nyuma The seats which remain after Les sièges restant non attribués après yo kugabanya amajwi n’umubare allocation of seats by dividing votes division par le quotient électoral sont fatizo w’itora isaranganywa amalisiti received by the electoral quotient répartis entre les listes suivant le hakurikijwe uko umubare w’amajwi shall be distributed to political «système du plus fort reste ». asaguka ugenda urutana. organizations according to the system of the highest surplus.

Ilisiti ikorwa hubahirizwa ihame The list shall be compiled with due La liste est composée dans le respect ry’ubumwe bw’Abanyarwanda respect of the principle of national du principe d’unité nationale énoncé ryavuzwe mu ngingo ya 9 n'iya 54 unity as stipulated in Articles 9 and aux articles 9 et 54 de la z’Itegeko Nshinga n’ihame ryo guha 54 of this Constitution and the Constitution et du principe d’égal abagore n’abagabo amahirwe angana principle of gender equality in accès des femmes et des hommes ku myanya n’imirimo ya Leta matters relating to elective offices as aux mandats électoraux et fonctions itorerwa nk’uko bivugwa mu ngingo stipulated in Article 54 of this électives dont il est question à ya 54 y’iri Tegeko Nshinga. Constitution. l’article 54 de la présente Constitution .

Abakandida bashobora gutangwa Candidates may be nominated by a Les candidats peuvent se présenter n’Umutwe wa Politiki cyangwa political organization or may stand sous le parrainage d’une formation bakiyamamaza ku giti cyabo. independently. politique ou à titre indépendant.

Umutwe wa Politiki cyangwa ilisiti A political organization or list of Toute formation politique ou liste y’abantu ku giti cyabo itashoboye independent candidates which fails individuelle qui n’a pas pu kubona nibura gatanu ku ijana (5 %) to attain at least five per cent (5 %) rassembler cinq pour cent (5 %) au by’amajwi y’abatoye mu matora of the votes cast at the national level moins des suffrages exprimés à y’Abadepite ntibishobora kugira during legislative elections cannot be l’échelle nationale lors des élections umwanya mu Mutwe w’Abadepite represented in the Chamber of législatives ne peut ni avoir de siège no guhabwa inkunga ya Leta Deputies or benefit from grants à la Chambre des Députés ni igenewe Imitwe ya Politiki. given to political organizations by bénéficier des subventions de l'Etat the State. destinées aux formations politiques.

Ingingo ya 78 : Isimburwa Article 78 : Replacement of a Article 78 : Remplacement d’un ry’Umudepite Deputy Député (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Umudepite ava mu mwanya A Deputy shall lose his/her seat in Un Député perd son siège dans les w’Ubudepite ku mpamvu zikurikira the following cases : cas suivants : : 1° yeguye mu Mutwe 1° resignation from the 1° sa démission de la w’Abadepite; Chamber of Deputies; Chambre des Députés ;

2° yirukanywe mu Mutwe 2° Having been expelled from 2° son exclusion de la w’Abadepite; the Chamber of Deputies; Chambre des Députés ;

- 33 -

3° asezeye mu mutwe wa 3° resignation from his/her 3° sa démission de la politiki yatorewemo; political organization ; formation politique qui l’a parrainé dans les élections ;

4° yirukanywe mu mutwe wa 4° having been expelled from 4° son exclusion de sa politiki yatorewemo mu the political organization to formation politique buryo buteganywa which he/she belongs in conformément à la loi n'itegeko ngenga ryerekeye accordance with provisions organique régissant les imitwe ya politiki; of the Organic Law formations politiques; governing political organizations;

5° agiye mu wundi mutwe wa 5° Having joined another 5° changement de formation politiki; political organization; politique;

6° apfuye. 6° Upon death. 6° décès.

Impaka zishingiye ku cyemezo cyo Disputes relating to the decision to Les contestations relatives à la kwirukana Umudepite mu Mutwe expel a Deputy from the Chamber of décision d’exclure un Député de la w’Abadepite cyangwa mu Mutwe Deputies or from a political Chambre des Députés ou de sa wa Politiki ziburanishwa ku rwego organisation are adjudicated by the formation politique sont jugées en rwa mbere n’urwa nyuma n’Urukiko Supreme Court in the first and last premier et dernier ressort par la Cour rw’Ikirenga. instance. Suprême .

Iyo Umudepite atakaje cyangwa In the event that a Deputy loses or is En cas de perte ou de déchéance du akuwe mu murimo we w’ubudepite, removed from office when his/her mandat de Député, le siège vacant umwanya uhabwa ukurikiraho ku term still has more than one year, the est dévolu à la personne qui suit sur rutonde rw’abakandida yatoreweho seat vacated shall devolve upon the la liste des candidats qui achève le akarangiza igihe cya manda gisigaye person who was next on the list on terme restant s’il est supérieur à un iyo kirenze umwaka umwe. which he/she was elected. an.

Abandi batowe bitanyuze mu buryo Deputies who were elected by means Lorsque les Députés qui n’ont pas bw’urutonde rw’abakandida iyo other than through lists of political été élus sur les listes des formations batakaje cyangwa bakuwe ku organizations who lose or are politiques perdent leurs sièges, il murimo w’ubudepite amatora removed from office shall be est procédé à de nouvelles élections. asubirwamo. replaced through new elections.

Uburyo abavuye ku mwanya The Law relating to elections La loi relative aux élections w’Ubudepite ku mpamvu iyo ari yo provides for modalities of replacing détermine les modalités de yose basimburwa bugenwa n’itegeko a Deputy who leaves his/her position remplacement d’un Député qui rigenga amatora. for whatever reason. n’exerce plus ses fonctions pour une raison quelconque.

Ingingo ya 79 : Itegeko ry’ingengo Article 79 : State Finance law Article 79 : Loi budgétaire y’imari ya Leta (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Buri mwaka w’ingengo y’imari ya Every financial year, the Chamber of Pour chaque exercice budgétaire, la Leta, Umutwe w’Abadepite utora Deputies shall adopt the State Chambre des Députés vote la loi des itegeko ry’ingengo y’imari ya Leta. finance Law. finances de l’Etat.

Buri mwaka w’ingengo y’imari ya Every State financial year and before Pour chaque exercice budgétaire, et Leta kandi mbere y’itangira the commencement of the session ce avant l’ouverture de la session ry’igihembwe kigenewe kwiga devoted to the examination of the consacrée à l’examen du budget, le ingengo y’imari, Guverinoma Budget, the Cabinet shall submit to Gouvernement soumet aux deux ishyikiriza Imitwe yombi y’ Inteko both Chambers of the Parliament the Chambres du Parlement un projet de Ishinga Amategeko, umushinga finance bill for the next financial loi des finances de l’exercice w’itegeko ry’ingengo y’imari year. suivant. y’umwaka w`ingengo y`imari - 34 -

ukurikira.

Icyakora, gusuzuma ishingiro However, the examination of the Toutefois l’opportunité du projet de ry’umushinga w’ingengo y’imari ya relevance of the State finance bill loi des finances de l’Etat est Leta bikorwa n’Umutwe shall be carried out by the Chamber examinée par la Chambre des w’Abadepite. of Deputies. Députés.

Inteko Ishinga Amategeko The Parliament shall receive the Le Parlement reçoit le rapport de ishyikirizwa na Guverinoma raporo Budget implementation report for the l’exécution du budget du premier y’imikoreshereze y’ingengo y’imari first semester of the current financial semestre de l’exercice en cours lui y’amezi atandatu (6) ya mbere year presented to it by the Cabinet soumis par le Gouvernement avant y’umwaka w`ingengo y`imari before examining the budget of the d’examiner le budget de l’exercice urangira mbere yo gusuzuma next financial year. suivant. ingengo y’imari y’umwaka w`ingengo y`imari ukurikira.

Buri mwaka w’ingengo y’imari Every financial year and before the Pour chaque exercice budgétaire et kandi mbere y’itangira commencement of the session avant l’ouverture de la session ry’igihembwe kigenewe kwiga devoted to the examination of the consacrée au budget, l’Auditeur ingengo y’imari, Umugenzuzi Budget, the Auditor General of State Général des Finances de l’Etat Mukuru w’Imari ya Leta ashyikiriza Finances shall submit to the présente au Parlement les états Inteko Ishinga Amategeko raporo Parliament the audited State financiers consolidés de l’Etat tels y’igenzura ku ibaruramari rya Leta consolidated financial statements of qu’audités par l’Auditeur Général ry’umwaka ushize. the previous financial year. des Finances de l’Etat pour l’exercice précédent.

Mbere y’uko ingengo y’imari ya Before the final adoption of the Avant l’adoption définitive du Leta yemezwa burundu, Sena Budget, the Senate must provide the budget, le Sénat doit donner à la igomba gushyikiriza Umutwe Chamber of Deputies with its Chambre des Députés son avis sur w’Abadepite icyo ivuga ku opinion on the State finance bill. le projet de loi des finances de l’Etat. mushinga w’ingengo y’imari ya Leta.

Itegeko ry’ingengo y’imari ya Leta The State finance Law shall La loi des finances détermine les rigena umutungo Leta izinjiza determine the revenue and ressources et les charges de l’Etat n’uzakoreshwa mu buryo expenditure of the State in dans les conditions prévues par une buteganywa n’itegeko ngenga. Iryo accordance with conditions provided loi organique. Cette loi organique tegeko ngenga rinagena umunsi for by an Organic Law. That Organic fixe également la date de ingengo y’imari y’umwaka Law shall also determine the date of présentation du budget annuel aux w`ingengo y`imari izasomwaho the presentation of the annual budget deux Chambres du Parlement. imbere y’Imitwe yombi y’Inteko before both Chambers of Parliament. Ishinga Amategeko.

Ingingo ya 80: Article 80: Article 80: Iyo umushinga w’ingengo y’imari In the event that the Finance bill is Si le projet de budget n’a pas été y’umwaka utatowe kandi ngo not voted and promulgated before voté et promulgué avant le début de ushyirweho umukono mbere the commencement of a financial cet exercice, le Premier Ministre, y’intangiriro y’umwaka year, the Prime Minister shall autorise par arrêté, l’ouverture des izakoreshwamo, Minisitiri w’Intebe, authorise by an Order a monthly douzièmes (1/12) provisoires sur akoresheje iteka, yemera ko expenditure on a provisional basis of base du Budget de l’exercice écoulé. hakoreshwa by’agateganyo buri an amount equal to one-twelfth kwezi kimwe cya cumi na kabiri (1/12) of the budget of the preceding (1/12) cy’ingengo y’imari, ashingiye year. ku y’umwaka urangiye.

Ingingo ya 81: Article 81: Article 81: Nta musoro ushobora gushyirwaho, No taxation can be imposed, Aucune imposition ne peut être guhindurwa cyangwa gukurwaho modified or removed except by Law. établie, modifiée ou supprimée que bidakozwe n’itegeko. par une loi. - 35 -

Nta sonerwa cyangwa igabanywa No exemption from or reduction of Nulle exemption ou modération ry’umusoro rishobora gukorwa mu tax may be granted unless authorised d’impôt ne peut être accordée que gihe bidateganywa n’itegeko. by Law. dans les cas prévus par la loi.

Ubisabwe na Guverinoma, Umutwe The Chamber of Deputies may upon La Chambre des Députés, sur w’Abadepite ushobora, umaze request by the Cabinet and after demande du Gouvernement peut, gutora itegeko ryerekeranye adoption of a Law relating to certain après adoption d’une loi relative à n’ibipimo by'imisoro n'amahoro rates of taxes and duties by an certains taux d'imposition des taxes bimwe na bimwe biteganywa Organic Law, authorise its et impôts prévus par une loi n'itegeko ngenga, gutanga immediate application. organique, autoriser son application uburenganzira ko rihita rikurikizwa. immédiate.

Akiciro ka 3 : Ibyerekeye Sena Sub-section 3: The Senate Sous-section 3 : Du Sénat

Ingingo ya 82 : Abagize Sena Article 82 : Composition of the Article 82 : Composition du Sénat (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa Senate (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010) (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010)

Sena igizwe n’Abasenateri The Senate shall be composed of Le Sénat est composé de vingt-six makumyabiri na batandatu (26) twenty-six (26) Senators serving for (26) Sénateurs dont le mandat est bafite manda y’imyaka umunani (8) a term of eight (8) years and at least de huit (8) ans et dont trente pour muri bo nibura mirongo itatu ku thirty per cent (30 %) of them shall cent (30 %) au moins sont de sexe ijana (30%) bakaba ari abagore. Abo be women. In addition, former féminin. A ces membres s’ajoutent Basenateri biyongeraho abahoze ari Heads of State become members of des anciens Chefs d’Etat qui en font Abakuru b’Igihugu babisabye the Senate upon their request to the la demande à la Cour Suprême, et Urukiko rw’Ikirenga, ariko bagomba Supreme Court but they must have qui doivent avoir normalement kuba bararangije neza manda yabo honourably completed their terms of terminé ou volontairement résigné cyangwa barasezeye ku bushake office or voluntarily resigned from leur mandat. bwabo. office.

Abo Basenateri makumyabiri na The twenty-six (26) Senators shall Ces vingt-six (26) Sénateurs sont batandatu (26) batorwa cyangwa be elected or appointed as follows: élus ou désignés comme suit : bashyirwaho ku buryo bukurikira:

1. cumi na babiri (12) batorwa 1. twelve (12) Senators elected by 1. douze (12) Sénateurs élus par n’inzego zihariye, hakurikijwe specific organs in accordance des organes spécifiques, en inzego z’imitegekere y’Igihugu; with the administrative entities; fonction des entités administratives du pays;

2. umunani (8) bashyirwaho na 2. eight (8) Senators appointed by 2. huit (8) Sénateurs nommés par Perezida wa Repubulika, the President of the Republic, le Président de la République, by’umwihariko akita ku bumwe who shall particulary consider qui veille particulièrement à bw’Abanyarwanda, ku the principle of national unity l’unité entre les Rwandais, à la ihagararirwa ry’igice among Rwandans, the représentation de la cy’Abanyarwanda amateka representation of historically communauté nationale agaragaza ko basigaye inyuma marginalized communities and historiquement la plus no ku zindi nyungu rusange other national public interests; défavorisée et aux autres z’Igihugu; intérêts nationaux;

3. Bane (4) bashyirwaho n’Ihuriro 3. four (4) Senators designated by 3. quatre (4) Sénateurs nommés ry’Igihugu the National Consultative par le Forum National de Nyunguranabitekerezo Forum of Political Concertation des Formations ry’Imitwe ya Politiki ; Organisations; Politiques ;

4. Umwarimu umwe (1) cyangwa 4. one (1) lecturer or researcher 4. un (1) enseignant ou chercheur umushakashatsi umwe (1) wo from public Universities and issu des Universités et muri Kaminuza no mu Mashuri Institutions of higher learning Institutions d’enseignement Makuru bya Leta uri ku rwego who has at least the rank of supérieur publiques ayant au - 36 -

nibura rw’umwarimu wungirije Associate Professor, elected by moins le grade académique de utorwa n’abarimu the academic and research staff Professeur Associé, élu par le n’abashakashatsi bo muri ibyo of such institutions; corps académique et de bigo; recherche de ces institutions;

5. Umwarimu umwe (1) cyangwa 5. one (1) lecturer or researcher 5. un (1) membre issu des umushakashatsi umwe (1) wo from private Universities and Universités et Institutions muri Kaminuza no mu Mashuri Institutions of higher learning d’enseignement supérieur Makuru byigenga nibura uri ku who has at least the rank of privées ayant au moins le grade rwego rw’umwarimu wungirije Associate Professor, elected by académique de Professeur utorwa n’abarimu the academic and research staff Associé, élu par le corps n’abashakashatsi bo muri ibyo of such institutions. académique et de recherche de bigo. ces institutions.

Uko Abasenateri batorwa bigenwa Modalities for the election of Les modalités d’élection des n’itegeko rigenga amatora. Senators are determined by the Law Sénateurs sont déterminées par la loi relating to elections. relative aux élections.

Inzego zishinzwe kugena abagomba The organs responsible for the Les organes chargés de désigner les kujya muri Sena zigomba kwita ku nomination of Senators shall take Sénateurs sont tenus de prendre en bumwe bw’Abanyarwanda into account national unity and equal considération l’unité nationale et la n’ihagararirwa ry’ibitsina byombi. representation of both sexe. représentation des deux sexes.

Impaka zivutse zerekeye ishyirwa Disputes relating to the application Les contestations relatives à mu bikorwa ry’iyi ngingo n’iry’iya of this Article and Article 83 as l’application du présent article et de 83 nk’uko yavuguruwe zikemurwa amended shall be adjudicated by the l’article 83 tel que révisé sont jugées n’Urukiko rw’Ikirenga ku rwego rwa Supreme Court in the first and last en premier et en dernier ressort par mbere n’urwa nyuma. instance. la Cour Suprême.

Ingingo ya 83 : Ibisabwa ugize Article 83 : Requirements for Article 83 : Conditions requises Sena membership of the Senate pour être membre du Sénat (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Abagize Sena ni abenegihugu Members of the Senate shall be Les membres du Sénat doivent être b’indakemwa kandi b’inararibonye citizens of impeccable character with des citoyens intègres et d’une grande batorwa cyangwa bagenwa ku giti experience who shall be elected or expérience élus ou désignés cyabo bidashingiye ku appointed objectively on the basis of objectivement à titre individuel et marangamutima kandi hatitawe ku individual merit without regard to sans considération de leur mitwe ya politiki bakomokamo, political affiliation. They shall be appartenance politique. Ils doivent bafite n’ubuhanga buhanitse mu highly skilled in one or more of the posséder des qualifications de haut by’ubumenyi cyangwa amategeko, fields of science, law, economics, niveau dans l’un ou l’autre des ubukungu, politiki, imibanire politics, sociology, culture or domaines scientifique, juridique, y’abantu n’umuco cyangwa se baba persons who have held senior économique, politique, social et barakoze imirimo yo mu rwego rwo positions in the public or private culturel ou sont des personnalités hejuru muri Leta cyangwa mu sector. ayant occupé de hautes fonctions bikorera. publiques ou privées.

Ibisabwa ushaka kuba Umusenateri The conditions to be fulfilled by Les conditions à remplir par les bigenwa n’itegeko rigenga amatora. candidates for the Senate shall be candidats Sénateurs sont déterminées determined by the Law relating to par la loi relative aux élections. elections.

Ingingo ya 84 : Article 84: Article 84: Uretse abahoze ari Abakuru With the exception of former Heads Excepté les anciens Chefs d’Etat qui b’Igihugu baba abasenateri of State who become members of the deviennent Sénateurs en vertu de hakurikijwe ingingo ya 82 y’iri Senate in accordance with Article 82 l’article 82 de la présente Tegeko Nshinga, abagize Sena of this Constitution, members of the Constitution, les membres du Sénat bagira manda y’imyaka umunani Senate serve a term of eight years ont un mandat de huit ans non - 37 -

idashobora kongerwa. which is not renewable. renouvelable. Ingingo ya 85 : Iyemerwa Article 85 : Approval of the list of Article 85 : Approbation de la liste ry’urutonde rw’abakandida candidates by the Supreme Court des candidats par la Cour rikozwe n’Urukiko rw’Ikirenga (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) Suprême (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Uburyo Urukiko rw’Ikirenga Modalities by which the Supreme La loi relative aux élections rwemeza urutonde rw’abakandida Court approves the list of candidates détermine les modalités selon b’Abasenateri n’itorwa ryabo to the position of Senators and their lesquelles la Cour Suprême approuve buteganywa n’itegeko rigenga election shall be determined by the la liste des candidats Sénateurs et amatora. Law relating to elections. celles relatives à leur élection.

Abasenateri bagenwa na Perezida wa Senators appointed by the President Les Sénateurs désignés par le Repubulika ntibemezwa n’Urukiko of the Republic shall be nominated Président de la République le sont rw’Ikirenga kandi bashyirwaho after the other Senators have been après l’élection ou la désignation des nyuma y’Abasenateri bashyirwaho elected or designated by competent autres Sénateurs par les organes n’izindi nzego. organs and their names shall not be habilités et leurs noms ne doivent submitted to the Supreme Court for pas être notifiés à la Cour Suprême approval. pour approbation.

Iyo hari abakandida batemewe In the event that some of the Au cas où certains candidats n’ont n’Urukiko rw’Ikirenga, inzego candidates are not approved by the pas été retenus par la Cour Suprême, zibashyiraho zigomba kuzuza Supreme Court, the competent les organes habilités devront umubare mu gihe kitarenze iminsi organs shall complete the list within compléter le nombre autorisé dans le irindwi (7) y’itangazwa ry’urutonde seven days (7) from the date of its délai de sept (7) jours après la rw’amazina y’abemewe. publication. publication de la liste.

Ingingo ya 86: Isimburwa Article 86: Replacement of a Article 8 6: Remplacement d’un ry’Umusenateri Senator Sénateur (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Mu gihe Umusenateri watowe In the event of an elected Senator’s Au cas où le Sénateur élu yeguye, apfuye, avanwe ku murimo resignation, death, impeachment by a démissionne, décède, est déchu de n'icyemezo cy'urukiko cyangwa Court of Law or a permanent ses fonctions par une décision agize impamvu imubuza burundu impediment to accomplish his/her judiciaire ou est définitivement kurangiza inshingano ze igihe cya duties when his/her term of office empêché de remplir sa mission un an manda gisigaye kingana nibura has at least one year to run, fresh au moins avant la fin de son mandat, n'umwaka umwe, harongera hakaba elections shall be held. In case of an il est procédé à de nouvelles amatora. Iyo ari Umusenateri appointed Senator, the competent élections. S’il s’agit d’un Sénateur washyizweho, urwego organ shall designate his/her nommé, l’organe compétent désigne rwamushyizeho ni na rwo rugena replacement. son remplaçant. umusimbura .

Umusenateri mushya utowe The newly elected or appointed Le Sénateur ainsi élu ou désigné cyangwa ushyizweho arangiza igice Senator shall complete the remaining termine le reste du mandat de celui cya manda gisigaye cy’uwo part of the term of office of his/her qu’il remplace; il ne peut plus être yasimbuye; ntiyongera gutorwa predecessor; he/she shall be élu ni nommé Sénateur. cyangwa gushyirwaho ineligible for future election or nk’Umusenateri. appointment as a Senator.

Ingingo ya 87 : Article 87: Article 87: Sena igenzura by’umwihariko The Senate has the specific function Le Sénat veille spécialement au ishyirwa mu bikorwa ry’amahame to supervise the application of the respect des principes fondamentaux remezo avugwa mu ngingo ya 9 principles referred to in Articles 9 énoncés aux articles 9 et 54 de la n’iya 54 z’iri Tegeko Nshinga. and 54 of this Constitution. présente Constitution.

- 38 -

Ingingo ya 88 : Ububasha bwa Article 88 : Powers of the Senate Article 88 : Comp étence du Sénat Sena (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Mu birebana n'amategeko, Sena ifite In legislative matters, the Senate En matière législative, le Sénat est ububasha bwo gutora : shall be competent to vote on the compétent pour voter : following :

1° ivugururwa ry'Itegeko 1° amendment of the 1° la révision de la Constitution ; Nshinga ; Constitution;

2° amategeko ngenga ; 2° Organic Laws; 2° les lois organiques ;

3° amategeko yerekeye 3° Laws relating to establishment, 3° les lois concernant la création, ishyirwaho, ihindurwa, modification, functioning and la modification, le imikorere n'ivanwaho dissolution of public enterprises fonctionnement et la ry'inzego za Leta cyangwa and parastatal organisations and suppression des institutions zishamikiye kuri Leta territorial organisation; étatiques ou para-étatiques et n'ayerekeye imiterere l’organisation du territoire ; y'Igihugu ; 4° amategeko yerekeye 4° Laws relating to fundamental 4° les lois relatives aux libertés, ubwisanzure, freedoms, rights and duties of aux droits et devoirs uburenganzira the person; fondamentaux de la personne ; n’inshingano by’ibanze bya Muntu ;

5° amategeko yerekeye 5° Laws relating to the criminal 5° les lois relatives à la procédure imiburanishirize y’imanza procedure; pénale ; z’inshinjabyaha ;

6° amategeko yerekeye 6° Laws relating to defence and 6° les lois relatives à la défense et kurinda Igihugu security; à la sécurité nationales; n'umutekano ; 7° amategeko areba amatora 7° Laws relating to elections and 7° les lois électorales et na referendumu; referendum; référendaires ;

8° amategeko yerekeye 8° Laws relating to international 8° les lois relatives aux traités et amasezerano agreements and treaties. accords internationaux. mpuzamahanga.

Sena ifite na none ububasha bwo : The Senate shall also have power to : Le Sénat est également compétent pour : 1° kwemeza ishyirwaho rya 1° approve the appointment of the 1° approuver la nomination du Perezida, Visi-Perezida President, the vice President and Président, du Vice-Président et n’Abacamanza b’Urukiko the judges of the Supreme des Juges de la Cour Suprême, rw’Ikirenga, ba Perezida na Court, the President and Vice des Présidents et Vice- Visi-Perezida b’Urukiko President of the High Court and Présidents de la Haute Cour et Rukuru n’ab’Urukiko of the Commercial High Court, de la Haute Cour de Commerce, Rukuru rw’Ubucuruzi, the Prosecutor General and the du Procureur Général et du Umushinjacyaha Mukuru Deputy Prosecutor General; Procureur Général Adjoint ; n’Umushinjacyaha Mukuru Wungirije;

2° kwemeza ishyirwaho 2° approve the appointment of the 2° approuver la nomination des ry’abayobora n’abagize za Chairperson and members of dirigeants et membres des Komisiyo z’igihugu, National Commissions, Commissions Nationales, de Umuvunyi Mukuru Ombudsman and his/her l’Ombudsman et de ses adjoints, n'Abamwungirije, Deputies, the Auditor General de l’Auditeur Général des - 39 -

Umugenzuzi Mukuru of the State Finances and his/her Finances de l’Etat et de son w’Imari ya Leta Deputy, Ambassadors and Adjoint, des Ambassadeurs et n’Umwungirije, permanent Representatives to des Représentants permanents Abahagarariye u Rwanda International Organisations, auprès des organisations mu bihugu by’amahanga Provincial Governors and Heads internationales, des no mu miryango of Public Institutions and Gouverneurs des Provinces, des mpuzamahanga, ba parastatal organisations which Dirigeants des Etablissements Guverineri b’Intara, have legal personality; Publics et Para-étatiques dotés abayobora ibigo bya Leta de la personnalité juridique ; n’ibishamikiye kuri Leta bifite ubuzima gatozi;

3° kwemeza ishyirwaho 3° approve the appointment of 3° approuver la nomination ry’abandi bakozi ba Leta, other public officials as d’autres agents de l’Etat prévus igihe bibaye ngombwa, determined by an Organic Law par une loi organique en cas de bagenwa n’itegeko ngenga. where necessary. besoin.

Ingingo ya 89 : Article 89: Article 89: Perezida w’Umutwe w’Abadepite The Speaker of the Chamber of Les projets et propositions de lois ahita yoherereza Perezida wa Sena Deputies shall, without undue delay, définitivement adoptés par la imishinga y’amategeko yatowe transmit to the President of the Chambre des Députés dans les n’Umutwe w’abadepite yerekeye Senate bills adopted by the Chamber matières énumérées à l’article 88 de ibivugwa mu ngingo ya 88 y’iri of Deputies relating to matters la présente Constitution sont Tegeko Nshinga. provided for in Article 88 of this immédiatement transmis par le Constitution. Président de la Chambre des Députés au Président du Sénat.

Na none Guverinoma ishyikiriza Similarly, the Government shall De même, les projets d'arrêtés de Sena imishinga y'amateka ashyiraho submit to the Senate draft Orders nomination, des personnes citées à abantu bavugwa mu ngingo ya 88 relating to the appointment of the l’article 88 de la présente y’iri Tegeko Nshinga kugira ngo public officers referred to in Article Constitution sont transmis par le iyemeze mbere y’uko ashyirwaho 88 of this Constitution for approval Gouvernement au Sénat pour umukono. prior to signature. approbation avant leur signature.

Icyiciro cya 2 : Ibyerekeye Section 2: Initiation and adoption Section 2: De l’élaboration et de itegurwa n’iyemezwa of Laws l’adoption des lois ry’amategeko

Ingingo ya 90 : Article 90: Article 90: Gutangiza amategeko no kuyagorora The right to initiate and amend L’initiative et l’amendement des ni uburenganzira bwa buri Mudepite legislation shall be concurrently lois appartiennent concurremment à na Guverinoma iteraniye mu Nama vested in each Deputy and the chaque Député et au Gouvernement y’Abaminisitiri. Executive acting through the en Conseil des Ministres. Cabinet.

Ingingo ya 91 : Article 91: Article 91: Iyo gutangiza imishinga Bills and statutory amendments Les projets, propositions et y’amategeko n’igorora ryayo which have the potential to reduce amendements des lois dont bishobora gutubya umutungo Government revenue or increase l'adoption aurait pour conséquence w’Igihugu cyangwa kukibera State expenditure must indicate soit une diminution des ressources umutwaro, bigomba kwerekana proposals for raising the required nationales, soit la création ou uburyo Leta izinjiza cyangwa revenue or making savings l’aggravation d’une charge publique, izazigama umutungo ungana equivalent to the anticipated doivent être assorties d’une n’usohoka. expenditure. proposition d’augmentation de recettes ou d'économies équivalentes.

- 40 -

Ingingo ya 92 : Isuzumwa Article 92 : Examination of draft Article 92 : Examen des projets de ry’imishinga y’amategeko muri za laws by Committees loi en Commissions Komisiyo (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Imishinga y’amategeko Inteko Draft Laws determined by the Les projets ou propositions de loi Rusange yemeje ko ifite ishingiro plenary session to have a sound basis dont l’opportunité a été adoptée en ibanza koherezwa muri Komisiyo shall first be transmitted to the séance plénière sont envoyés pour y’Umutwe w’Inteko Ishinga relevant parliamentary committee of examen à la commission compétente Amategeko ibishinzwe kugira ngo the Chamber of Parliament for de la Chambre du Parlement avant iyisuzume mbere y’uko yemezwa examination prior to their leur adoption en séance plénière. mu Nteko Rusange. consideration and adoption in the plenary session.

Mu gihe cyo gusuzuma ishingiro During the consideration of the basis Chaque Chambre du Parlement peut, ry’umushinga w’itegeko, buri of a draft Law, each Chamber of lors de l’adoption de son Mutwe w’Inteko Ishinga Amategeko Parliament may decide if the draft opportunité, décider si le projet ou ushobora kugena ko uwo mushinga Law may be adopted in plenary proposition de loi peut être adopté w’itegeko wemezwa mu Nteko session without necessarily being en séance plénière sans être Rusange utagombye kunyuzwa muri sent beforehand to the relevant préalablement envoyé à la Komisiyo ibishinzwe . Committee. Commission compétente.

Ingingo ya 93 : Uburyo amategeko Article 93: Mode of adoption of Article 93: Modalités d’adoption atorwamo n’ubusumbane bwayo Laws and their hierarchy des lois et leur hiérarchie (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Gutora itegeko ryose buri gihe A vote on the entire bill shall be Sur l’ensemble d’une loi, il est bicishwa mu itora, buri wese conducted by calling each toujours procédé à un vote par appel ahamagawe mu izina rye, kandi parliamentarian by name and the nominal et à haute voix. agasubiza mu ijwi riranguruye. parliamentarian shall vote by responding in an audible voice.

Itegeko ryose risuzumwa kandi Each Law shall be considered and Toute loi est examinée et adoptée en rigatorwa mu Kinyarwanda cyangwa adopted in Kinyarwanda or in the Kinyarwanda ou dans l’une des mu rurimi ryateguwemo hitawe kuri language of preparation in respect of langues officielles dans laquelle buri rurimi mu zikoreshwa mu any of the official languages. In case ladite loi a été initiée. En cas de butegetsi. Iyo itegeko ritumvikanye of conflict between the three official contradiction entre les trois langues, kimwe mu ndimi uko ari eshatu, languages, the prevailing language la langue d’adoption de la loi hitabwa ku rurimi itegeko shall be the language in which the prévaut. ryatowemo. law was adopted.

Amategeko asanzwe atorwa ku Ordinary Laws shall be passed by an Les lois ordinaires sont votées à la bwiganze burunduye bw'amajwi absolute majority of members of majorité absolue des membres y'abagize buri Mutwe bitabiriye each Chamber present. présents de chaque Chambre. inama.

Amategeko ngenga atorwa ku Organic Laws shall be passed by a Les lois organiques sont votées à la bwiganze bwa bitatu bya gatanu majority vote of three fifths (3/5) of majorité des trois cinquièmes (3/5) (3/5) by'abagize buri Mutwe the members of the Chamber des membres présents de chaque bitabiriye inama. present. Chambre.

Uburyo bukoreshwa mu itora n'uko The procedure for voting shall be Les modalités de vote sont itora rikorwa bigenwa n'itegeko determined by the Organic Law déterminées par la loi organique ngenga rigena imikorere ya buri establishing the internal rules of each portant règlement d’ordre intérieur Mutwe ugize Inteko Ishinga Chamber. de chaque Chambre. Amategeko. - 41 -

Itegeko rigenga byose ku buryo The Law is sovereign in all matters. La loi intervient souverainement en butavuguruzwa. toute matière.

Amategeko ngenga ni ayo Itegeko Organic Laws are only those Les lois organiques sont uniquement Nshinga riteganya nk’amategeko envisaged as such by the celles auxquelles la Constitution ngenga gusa. Constitution. confère ce caractère.

Nta na rimwe itegeko ngenga An Organic Law shall not be Il ne peut être dérogé par une loi rivuguruza Itegeko Nshinga; nta inconsistent with the Constitution. organique à la Constitution ni par n'ubwo itegeko risanzwe cyangwa Neither shall an ordinary Law or a une loi ordinaire ou un décret-loi à itegeko-teka rivuguruza itegeko decree-law be inconsistent with an une loi organique ni par un arrêté ou ngenga, cyangwa se ngo iteka Organic Law nor shall an order or un règlement à une loi. cyangwa amabwiriza bivuguruze regulation be inconsistent with a itegeko. Law.

Ingingo ya 94 : Article 94: Article 94: Gusuzuma ku buryo bwihutirwa A petition for consideration of a bill L’urgence pour l’examen d’une umushinga w’itegeko cyangwa or any other matter on an urgent proposition ou d’un projet de loi ou ikindi kibazo bishobora gusabwa basis may be made by either a de toute autre question, peut être n’uri mu bagize Inteko Ishinga parliamentarian or the Cabinet to the demandée par un membre du Amategeko cyangwa Guverinoma, relevant Chamber. Parlement ou par le Gouvernement à bigasabwa Umutwe w’Inteko bireba. la Chambre concernée.

Iyo bisabwe n’uri mu bagize Inteko, When such a petition is made by a Lorsque l’urgence est demandée par Umutwe w’Inteko bireba ufata member of Parliament, the relevant un Parlementaire, la Chambre se icyemezo kuri ubwo bwihutirwe. Chamber shall decide on the validity prononce sur cette urgence. of the urgency.

Iyo bisabwe na Guverinoma buri When the petition is made by the Lorsque l’urgence est demandée par gihe biremerwa. Cabinet, the request shall be always le Gouvernement elle est toujours granted. accordée.

Iyo byemejwe ko umushinga Upon a decision confirming the Dans tous les cas où l’urgence est w’itegeko cyangwa ikibazo urgency, the bill or matter shall be accordée, l’examen de la loi ou de la byihutirwa, bisuzumwa mbere considered before any other matters question qui en est l’objet a priorité y’ibindi biri ku murongo on the agenda. sur l’ordre du jour. w’ibigomba kwigwa.

Ingingo ya 95: Article 95: Article 95: Imishinga y’amategeko Sena ifitiye With the exception of the Organic Dans les domaines de compétence ububasha bwo gusuzuma, Law on the internal rules of the du Sénat, les projets ou propositions iyigezwaho ibanje kwemezwa Senate, bills on matters in respect of de loi ne sont envoyés au Sénat n’Umutwe w’Abadepite, uretse which the Senate is competent to qu’après avoir été adoptés par la umushinga w’itegeko ngenga rigena legislate shall be transmitted to the Chambre des Députés, exception amategeko ngengamikorere ya Sena. Senate after adoption by the faite de la loi organique portant Chamber of Deputies. règlement d’ordre intérieur du Sénat.

Iyo umushinga w’itegeko utemewe In the event that the Senate does not Lorsqu’un projet ou une proposition na Sena cyangwa iyo igorora Sena approve a bill transmitted to it or de loi n’a pas pu être adopté par le yawukozeho ritemewe n’Umutwe amendments proposed by the Senate Sénat ou que celui-ci y a apporté des w’Abadepite, Imitwe yombi are not acceptable to the Chamber of amendements qui ne sont pas ishyiraho Komisiyo igizwe Deputies, both Chambers shall set up acceptés par la Chambre des n’umubare ungana w’Abadepite a commission composed of an equal Députés, les deux Chambres mettent n’Abasenateri, igatanga umwanzuro number of Deputies and Senators en place une Commission paritaire ku ngingo zikomeje kugibwaho which make proposals on matters mixte chargée de proposer un texte impaka. still being debated. sur les dispositions restant en discussion.

- 42 -

Imitwe yombi imenyeshwa Both Chambers shall be notified by La Commission informe les deux umwanzuro wumvikanyweho na the Commission of the compromise Chambres du texte de compromis Komisiyo ikawufataho icyemezo. reached and the Chambers shall pour décision. decide on it.

Iyo umwanzuro utemewe n'iyo In the event that the compromise A défaut de consensus par les deux Mitwe yombi, umushinga w'itegeko decision is not adopted by both Chambres, le projet ou la proposition usubizwa uwawuzanye. Chambers, the bill shall be returned de loi est renvoyé à l'initiateur. to the initiator.

Ingingo ya 96 : Article 96: Article 96: Isobanurampamo ry’amategeko The authentic interpretation of Laws L’interprétation authentique des lois rikorwa n’Imitwe yombi y’Inteko shall be done by both Chambers of appartient aux deux Chambres iteraniye hamwe, Urukiko Parliament acting jointly after the réunies du Parlement après avis rw’Ikirenga rumaze kubitangaho Supreme Court has given an opinion préalable de la Cour Suprême; inama; buri Mutwe ufata icyemezo on the matter; each Chamber shall chaque Chambre statuant aux ku bwiganze bw’amajwi buvugwa decide on the basis of the majority majorités fixées par l’article 93 de la mu ngingo ya 93 y’iri Tegeko referred to in Article 93 of this présente Constitution. Nshinga. Constitution.

Iryo sobanurampamo rishobora The authentic interpretation of Laws L’interprétation authentique peut gusabwa na Guverinoma, umwe mu may be requested by the être demandée par le Gouvernement, bagize Umutwe uwo ari wo wose Government, a member of one of the un membre de l’une ou l’autre w’Inteko Ishinga Amategeko Chambers of Parliament or by the Chambre du Parlement ou par cyangwa Urugaga rw’Abavoka. Bar Association. l’Ordre des Avocats.

Umuntu wese ubifitemo inyungu Any interested person may request Toute personne intéressée peut ashobora gusaba isobanurampamo the authentic interpretation of laws demander l’interprétation abinyujije ku bagize Inteko cyangwa through the members of Parliament authentique des lois par ku Rugaga rw’Abavoka. or the Bar Association. l’intermédiaire des membres du Parlement ou de l’Ordre des Avocats.

UMUTWE WA III : CHAPTER III: THE CHAPITRE III: DU POUVOIR IBYEREKEYE UBUTEGETSI EXECUTIVE EXECUTIF NYUBAHIRIZATEGEKO

Ingingo ya 97 : Article 97: Article 97: Ubutegetsi Nyubahirizategeko Executive power shall be vested in Le Pouvoir Exécutif est exercé par le bushinzwe Perezida wa Repubulika the President of the Republic and the Président de la République et le na Guverinoma. Cabinet. Gouvernement.

Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye Section One: The President of the Section première: Du Président de Perezida wa Repubulika Republic la République

Ingingo ya 98: Inshingano za Article 98 : Responsibilities of the Article 98 : Attributions du Perezida wa Repubulika President of the Republic Président de la République (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Perezida wa Repubulika ni we The President of the Republic shall Le Président de la République est le Mukuru w’Igihugu. be the Head of State. Chef de l’Etat.

Perezida wa Repubulika ashinzwe The President of the Republic is the Le Président de la République est le kurinda Itegeko Nshinga no guardian of the Constitution and gardien de la Constitution et le kubumbatira ubumwe shall guarantee national unity. garant de l’Unité Nationale. bw’Abanyarwanda.

- 43 -

Perezida wa Repubulika yishingira The President of the Republic shall Le Président de la République est le ko Leta ikomeza kubaho, ubwigenge guarantee the continuity of the State, garant de la continuité de l’Etat, de n’ubusugire bw’Igihugu no the independence and territorial l’indépendance nationale et de kubahiriza amasezerano integrity of the country and respect l’intégrité du territoire et du respect mpuzamahanga. of international treaties and des traités et accords internationaux. agreements.

Perezida wa Repubulika, rimwe mu The President of the Republic shall Le Président de la République mwaka, ageza ku Banyarwanda once every year deliver the state of adresse une fois par an un message ijambo ry’uko Igihugu gihagaze. the Nation address. au peuple rwandais sur l’état de la Nation .

Ingingo ya 99: Article 99: Article 99: Umukandida ku mwanya wa A candidate for the office of the Tout candidat à la Présidence de la Perezida wa Repubulika agomba : Presidency of the Republic must : République doit :

1° kuba afite ubwenegihugu 1° be of Rwandan nationality by 1° être de nationalité rwandaise nyarwanda bw’inkomoko; origin; d’origine;

2° kuba nta bundi bwenegihugu 2° not hold any other nationality; 2° ne pas détenir une autre afite; nationalité;

3° kuba nibura umwe mu babyeyi 3° have at least one parent of the 3° avoir au moins un de ses parents be afite ubwenegihugu Rwandan nationality by origin; de nationalité rwandaise nyarwanda bw'inkomoko; d'origine;

4° kuba indakemwa mu myifatire 4° have irreproachable morals and 4° être de bonne moralité et d’une no mu mibanire ye n’abandi; probity; grande probité ;

5° kuba atarigeze akatirwa 5° not have been convicted and 5° n'avoir pas été condamné burundu igihano cy'igifungo sentenced to a term of définitivement à une peine kingana cyangwa kirenze amezi imprisonment of six (6) months d'emprisonnement égale ou atandatu; or more; supérieure à six (6) mois;

6° kuba atarambuwe n’inkiko 6° not have been deprived of 6° jouir de tous ses droits civiques uburenganzira mbonezamubano his/her civil and political rights; et politiques ; n’ubwa politiki;

7° kuba afite nibura imyaka 35 7° be at least thirty five (35) years 7° être âgé de trente cinqu (35) ans y’amavuko mu gihe cyo old on the date of submission of au moins à la date du dépôt de kwiyamamariza uwo mwanya; his/her candidacy; sa candidature ;

8° kuba aba mu Rwanda igihe 8° be resident in Rwanda at the 8° résider sur le territoire du asaba kwiyamamariza uwo time of submission of his/her Rwanda au moment du dépôt mwanya. candidacy. de sa candidature.

Ingingo ya 100 : Itorwa rya Article 100 : Election of the Article 100 : Election du Président Perezida wa Repubulika President of the Republic de la République (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Perezida wa Repubulika atorwa ku The election of the President of the Le Président de la République est élu buryo butaziguye kandi mu ibanga. Republic shall be by universal au suffrage universel direct et au Uba Perezida wa Repubulika ni suffrage through a direct and secret scrutin secret à la majorité relative uwarushije abandi amajwi. ballot with a simple majority of the des suffrages exprimés. votes cast.

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora The National Electoral Commission La Commission Nationale Electorale itangaza ibyavuye mu itora. shall proclaim the results of the proclame les résultats du scrutin. - 44 -

election.

Mu gihe habaye impaka, Urukiko In case of dispute, the Supreme En cas de contestation, la Cour rw’Ikirenga nirwo rugaragaza ku Court shall settle with regards to the Suprême tranche définitivement sur buryo budasubirwaho ibyavuye mu final results of the election. les résultats du scrutin. itora.

Ingingo ya 101: Article 101: Article 101: Perezida wa Repubulika atorerwa The President of the Republic is Le Président de la République est élu manda y’imyaka irindwi. Ashobora elected for a term of seven years pour un mandat de sept ans kongera gutorwa inshuro imwe. renewable only once. renouvelable une seule fois.

Nta na rimwe umuntu yemererwa Under no circumstances shall a En aucun cas, nul ne peut exercer gutorerwa manda zirenze ebyiri (2) person hold the office of President of plus de deux (2) mandats ku mwanya wa Perezida wa Republic for more than two (2) présidentiels. Repubulika. terms.

Ingingo ya 102: Igihe itora rya Article 102 : Period for holding Article 102 : Période des élections Perezida wa Repubulika ribera presidential elections présidentielles (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Itora rya Perezida wa Repubulika Presidential elections shall be held Les élections présidentielles ont lieu rikorwa hasigaye nibura iminsi not less than thirty (30) days and not trente jours (30) au moins et soixante mirongo itatu (30) kandi itarenga more than sixty (60) days before the (60) jours au plus avant l’expiration mirongo itandatu (60) mbere y’uko expiry of the term of office of the du mandat du Président en exercice. manda ya Perezida uriho irangira. incumbent President.

Ingingo ya 103: Imigendekere Article 103 : Procedure for holding Article 103 : Procédure des y’amatora elections élections (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Itegeko rigenga amatora riteganya The Law relating to elections shall La loi relative aux élections uburyo bwo gutanga kandidatire ku determine the procedure for détermine la procédure à suivre pour mwanya wa Perezida wa submitting presidential candidatures, la présentation des candidatures aux Repubulika, uko itora rikorwa, the conduct of elections, the élections présidentielles, le ibarura ry’amajwi, uburyo bwo counting of ballots, modalities of déroulement du scrutin, le gukemura impaka zivutse, gutangaza resolving election disputes and dépouillement, les modalités de ibyavuye mu itora n'igihe ntarengwa declaration of results as well as the statuer sur les réclamations et les cyo kubitangaza. Iryo tegeko time within which the results shall be délais limites pour la proclamation riteganya n'ibindi bya ngombwa declared and other necessary matters des résultats et prévoit toutes les kugira ngo amatora atungane kandi to ensure that elections are autres dispositions nécessaires au akorwe mu mucyo. conducted appropriately and held in bon déroulement du scrutin et dans transparency. la transparence.

Ingingo ya 104 : Indahiro ya Article 104 : Oath of office of the Article 104 : Serment du Président Perezida wa Repubulika President of the Republic de la République (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) kanama 2008) Mbere yo gutangira imirimo, Before assuming his/her duties of Avant d'entrer en fonction, le Perezida wa Repubulika arahirira office, the President of the Republic Président de la République prête imbere ya Perezida w’Urukiko shall take the oath of office before serment devant le Président de la rw’Ikirenga hari n'Imitwe yombi the President of the Supreme Court Cour Suprême en présence des deux y’Inteko Ishinga Amategeko, muri in the presence of both Chambers of Chambres réunies du Parlement en aya magambo : Parliament in these words: ces termes :

« Jyewe, ………...... , ndahiriye u « I, …………………………. «Moi, ………………………., je jure Rwanda ku mugaragaro: solemnly swear to the Nation that I solennellement à la Nation : - 45 -

shall: 1° ko ntazahemukira 1° remain loyal to the 1° de garder fidélité à la Repubulika y’u Rwanda; Republic of Rwanda; République du Rwanda ; 2° ko nzakurikiza nkanarinda 2° observe and defend the 2° d’observer et défendre la Itegeko Nshinga n’andi Constitution and the other Constitution et les autres mategeko; Laws; lois ; 3° ko nzakorana umurava 3° diligently fulfil the 3° de remplir loyalement les imirimo nshinzwe; responsibilities entrusted in fonctions qui me sont me; confiées ; 4° ko nzaharanira amahoro 4° preserve peace and 4° de préserver la paix et n’ubusugire bw’Igihugu; territorial integrity; l’intégrité du territoire ; 5° ko nzashimangira ubumwe 5° consolidate national unity 5° de consolider l’Unité bw’Abanyarwanda ; of Rwandans; Nationale ; 6° ko ntazigera nkoresha 6° never use the powers 6° de ne jamais utiliser les ububasha mpawe mu conferred upon me for pouvoirs qui me sont nyungu zanjye bwite; personal ends; dévolus à des fins personnelles ; 7° ko nzaharanira ibyagirira 7° safeguard the interests of 7° de veiller aux intérêts du Abanyarwanda bose the Rwandan people. peuple rwandais. akamaro.

Nintatira iyi ndahiro nzabihanirwe Should I fail to honour this oath, En cas de parjure, que je subisse les n’amategeko. may I face the rigours of the Law . rigueurs de la loi.

Imana ibimfashemo.» So help me God. » Que Dieu m'assiste. »

Perezida wa Repubulika arahira The President of the Republic shall Le Président de la République prête bitarenze ukwezi kumwe (1) nyuma be sworn in no later than one (1) serment dans un délai ne dépassant y’itorwa rye, indahiro ye ikakirwa na month after his/her election. His/her pas un (1) mois à compter de la date Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga. oath of office shall be administered de son élection. Son serment est reçu by the President of the Supreme par le Président de la Cour Suprême. Court.

Ingingo ya 105: Article 105: Article 105: Perezida wa Repubulika uri ku The incumbent President of the Le Président de la République en butegetsi akomeza gukora kugeza Republic shall remain in office until exercice reste en fonction jusqu’à igihe umusimbura atangiriye his/her successor assumes office. l’installation de son successeur. imirimo.

Muri icyo gihe ariko, ntiyemerewe However, the incumbent President Toutefois, pendant cette période, le gukora ibi bikurikira : may not, during this period, exercise Président sortant ne peut pas exercer the following powers : les compétences suivantes :

1° gutangiza intambara; 1° declaration of war; 1° déclarer la guerre;

2° kwemeza ibihe bidasanzwe 2° declaration of a state of 2° déclarer l’état d’urgence ou de cyangwa by’amage; emergency or a state of siege; siège;

3° gukoresha itora rya 3° calling a referendum. 3° initier le référendum. referendumu.

Nanone muri icyo gihe Itegeko In addition, the Constitution shall not En outre, pendant cette période, la Nshinga ntirishobora kuvugururwa. be amended during this period. Constitution ne peut pas être révisée.

Mu gihe Perezida wa Repubulika In the event that the duly elected Au cas où le Président de la watowe apfuye, agize impamvu President of the Republic dies or is République élu décède, se trouve zimubuza burundu gukora imirimo on account of any reason définitivement empêché ou renonce yatorewe cyangwa adashatse kujya permanently unable or otherwise au bénéfice de son élection avant son ku mwanya yatorewe, hategurwa chooses not to assume office, new entrée en fonction, il est procédé à de - 46 -

andi matora. elections shall be held. nouvelles élections.

Ingingo ya 106 : Article 106: Article 106: Umurimo wa Perezida wa The office of the President of the Les fonctions de Président de la Repubulika ntushobora Republic is incompatible with the République sont incompatibles avec kubangikanywa n’undi murimo wo holding of any other elective public l’exercice de tout autre mandat mu nzego za Leta zitorerwa, indi office, public function or any other électif, de tout emploi public, civil mirimo ya Leta, ya gisiviri cyangwa civilian or military employment or ou militaire et de toute autre activité ya gisirikare cyangwa se n’undi professional activities. professionnelle. murimo w’umwuga.

Ingingo ya 107: Article 107: Article 107: Iyo Perezida wa Repubulika apfuye, In the event of the death, resignation En cas de vacance de la Présidence yeguye cyangwa agize impamvu or permanent incapacity of the de la République par décès, zimubuza burundu gukomeza President of the Republic, the démission ou empêchement définitif, imirimo ye, asimburwa President shall be replaced in an l’intérim des fonctions du Président by’agateganyo na Perezida wa Sena, acting capacity by the President of de la République est exercé par le ataboneka agasimburwa na Perezida the Senate; in the absence of the Président du Sénat et en cas w’Umutwe w’abadepite; iyo abo President of the Senate, by the d’empêchement, par le Président de bombi batabonetse, imirimo ya Speaker of the Chamber of Deputies la Chambre des Députés ; lorsque les Perezida wa Repubulika ikorwa and in the absence of both, the duties deux derniers ne sont pas by’agateganyo na Minisitiri of the President shall be assumed in disponibles, l’intérim de la w’Intebe. an acting capacity by the Prime Présidence de la République est Minister. assuré par le Premier Ministre.

Ariko usimbuye Perezida wa The acting President of the Republic Toutefois, la personne qui exerce les Repubulika uvugwa muri iyi ngingo referred to in this Article shall not fonctions du Président de la ntashobora gushyira abakozi mu make appointments to public office, République aux termes du présent mirimo, gukoresha itora rya call a referendum, initiate an article ne peut pas procéder à des referendumu cyangwa ivugurura amendment to the Constitution, nominations, initier un référendum ry’Itegeko Nshinga, gutanga excercise the prerogative of mercy or ou la révision de la Constitution, imbabazi ku baciriwe urubanza make a declaration of war. exercer le droit de grâce ou déclarer n’urukiko, cyangwa gutangiza la guerre. intambara.

Muri icyo gihe, iyo Perezida wa In the event that the office of the En cas de vacance de poste du Repubulika avuyeho mbere y’uko President of the Republic becomes Président de la République avant manda ye irangira, itora ryo vacant before the expiry of the l’échéance du mandat, les élections kumusimbura rikorwa mu minsi President’s term, elections to replace doivent être organisées dans un délai itarenze mirongo cyenda (90). him/her shall be organized within a ne dépassant pas quatre-vingt dix period not exceeding ninety days jours (90). (90).

Mu gihe Perezida wa Repubulika In the case of the President of the En cas d'absence du territoire, de atari mu gihugu, arwaye cyangwa Republic being out of the country, maladie ou d’empêchement adashoboye by’igihe gito gukora sick or temporarily unable to provisoire, l’intérim des fonctions du imirimo ye, asigarirwaho na perform his/her duties, his/her duties Président de la République est assuré Minisitiri w’Intebe. shall be assumed by the Prime par le Premier Ministre. Minister.

Ingingo ya 108 : Ishyirwa Article 108 : Promulgation of laws Article 108 : Promulgation de lois ry’umukono ku mategeko (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010)

Perezida wa Repubulika ashyira The President of the Republic shall Le Président de la République umukono ku mategeko yatowe promulgate laws within thirty (30) promulgue les lois dans les trente bitarenze igihe cy’iminsi mirongo days after he/she receives them. (30) jours qui suivent la date à itatu (30) uhereye ku munsi ayo laquelle il les a reçues. - 47 -

mategeko yamugerejweho.

Icyakora, mbere yo kuyashyiraho However, before the promulgation of Toutefois, avant leur promulgation, umukono, Perezida wa Repubulika laws, the President of the Republic le Président de la République peut ashobora gusaba Inteko Ishinga may request the Parliament to demander au Parlement de procéder Amategeko kuyasubiramo. reconsider them. à une deuxième lecture.

Muri icyo gihe, iyo Inteko Ishinga In such a case, should the Parliament Dans ce cas, si le Parlement vote la Amategeko yongeye gutora itegeko adopt the law by a majority of two même loi à la majorité des deux tiers ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu thirds (2/3) in the case of ordinary (2/3) pour les lois ordinaires et des (2/3) ku byerekeye amategeko Laws and by a majority of three- trois quarts (3/4) pour les lois asanzwe cyangwa bwa bitatu bya quarters (3/4) in the case of the organiques, le Président de la kane (3/4) ku byerekeye amategeko Organic Laws, the President of the République doit la promulguer dans ngenga, Perezida wa Repubulika Republic shall promulgate the Law le délai prévu à l’alinéa premier du agomba kurishyiraho umukono mu within the period referred to in présent article. gihe cyavuzwe mu gika cya mbere paragraph one of this Article. cy’iyi ngingo.

Minisitiri w’Intebe ashyira The Prime Minister shall countersign Le Premier Ministre contresigne les umukono w’ingereka ku mategeko the Laws adopted by the Parliament lois adoptées par le Parlement et les yemejwe n’Inteko Ishinga and the Decree-laws promulgated by décrets-lois promulgués par le Amategeko n’amategeko-teka the President of the Republic. Président de la République. ashyirwaho umukono na Perezida wa Repubulika. Ingingo ya 109: Article 109: Article 109: Abisabwe na Guverinoma kandi Upon the proposal of the Cabinet Le Président de la République peut, amaze guhabwa inama n’Urukiko and after receiving an advisory sur proposition du Gouvernement et rw’Ikirenga, Perezida wa Repubulika opinion of the Supreme Court, the après avis de la Cour Suprême, ashobora gukoresha referendumu ku President of the Republic may call a soumettre au référendum toute bibazo birebana n’inyungu rusange referendum on issues of general question d’intérêt national ou tout z’Igihugu, ku mushinga w’itegeko national interest, on a bill of an projet de loi ordinaire ou organique risanzwe, ku mushinga w’itegeko ordinary Law, on a bill of an Organic ainsi que tout projet de la loi portant ngenga, cyangwa ku mushinga wo Law or Decree relating to the ratification d’un traité qui, sans être gushyira umukono ku masezerano signature of an international treaty or contraire à la Constitution, aurait des mpuzamahanga atanyuranyije agreement which is not inconsistent incidences sur le fonctionnement des n’Itegeko Nshinga ariko afite with the Constitution but has institutions de l'Etat. ingaruka ku mikorere y’inzego za repercussions on functioning of state Leta. institutions.

Iyo uwo mushinga wemejwe n’itora Should the referendum adopt the Lorsque le projet a été adopté par rya referendumu, Perezida wa proposal, the President of the référendum, le Président de la Repubulika awushyiraho umukono Republic shall promulgate it within République promulgue la loi dans un mu gihe kitarenze iminsi umunani a period of eight (8) days as from the délai de huit (8) jours à compter de (8) uhereye igihe hatangajwe time of proclamation of the results of la proclamation des résultats. ibyavuye muri iryo tora. the referendum.

Ingingo ya 110 : Ububasha bwa Article 110 : Powers of the Article 110 : Pouvoirs du Président Perezida wa Repubulika mu President of the Republic in de la République en matière de byerekeranye n’intambara matters concerning war guerre (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Perezida wa Repubulika ni Umugaba The President of the Republic is the Le Président de la République est le w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda. Commander-in-Chief of the Rwanda Commandant Suprême des Forces Defence Forces. Rwandaises de Défense.

Perezida wa Repubulika atangiza The President of the Republic shall Le Président de la République intambara. declare war. déclare la guerre.

- 48 -

Perezida wa Repubulika ashyira The President of the Republic shall Le Président de la République signe umukono ku masezerano yo sign both armistice and peace l'armistice et les accords de paix. guhagarika no kurangiza intambara. agreements.

Perezida wa Repubulika atangaza The President of the Republic shall Le Président de la République ibihe by’amage n’ibihe declare state of siege and state of déclare l’état de siège et l’état by’imidugararo mu buryo emergency in accordance with the d’urgence dans les conditions fixées buteganywa n’Itegeko Nshinga n’andi provisions of the Constitution and par la Constitution et d’autres lois. mategeko. other Laws.

Ingingo ya 111: Article 111: Article 111: Perezida wa Repubulika afite The President of the Republic shall Le Président de la République exerce ububasha bwo gutanga imbabazi mu have authority to exercise the le droit de grâce dans les conditions buryo buteganywa n’amategeko prerogative of mercy in accordance définies par la loi et après avis de la kandi amaze kubigishamo inama with the procedure determined by Cour Suprême. Urukiko rw'Ikirenga. Law and after consulting the Supreme Court on the matter.

Afite ububasha bwo gushyiraho He/she shall have authority of Il a le droit d’émettre la monnaie ifaranga ry’Igihugu mu buryo issuing national currency in nationale dans les conditions buteganywa n’amategeko. accordance with procedures déterminées par la loi. determined by the Law.

Ingingo ya 112 : Ishyirwa Article 112 : Signing Presidential Article 112 : Signature des arrêtés ry’umukono ku mateka ya Orders présidentiels Perezida (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) wa 17/06/2010)

Perezida wa Repubulika ashyira The President of the Republic shall Le Président de la République signe umukono ku mateka ya Perezida sign Presidential Orders approved by les arrêtés présidentiels adoptés en yemejwe mu Nama y’Abaminisitiri, the Cabinet. Such Orders shall be Conseil des Ministres. Ces arrêtés ayo mateka agashyirwaho umukono countersigned by the Prime Minister. sont contresignés par le Premier na none na Minisitiri w’Intebe. Ministre.

Ingingo ya 113 : Amateka Perezida Article 113 : Orders signed by the Article 113 : Arrêtés signés par le wa Repubulika ashyiraho President of the Republic Président de la République umukono (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) wa 17/06/2010)

Perezida wa Repubulika ashyira The President of the Republic shall Le Président de la République signe umukono ku mateka ya Perezida sign Presidential Orders approved by les arrêtés présidentiels approuvés en yemejwe n’Inama y’Abaminisitiri Cabinet regarding: Conseil des Ministres concernant : yerekeye :

1° gutanga imbabazi ku 1° the grant of mercy; 1° le droit de grâce; baciriwe imanza burundu n’urukiko;

2° gushyiraho ifaranga 2° the issue of national 2° émission de la monnaie ry’Igihugu ; currency; nationale;

3° gutanga imidari n’impeta 3° the award of national 3° les décorations dans les by’ishimwe; orders and decoration of Ordres Nationaux et honour; décorations honorifiques ;

4° gushyira mu bikorwa 4° the implementation of 4° l’exécution des lois amategeko iyo biri mu Laws when it is his/her lorsqu’il en est chargé ; nshingano ze; responsibility; - 49 -

5° gushyiraho no kugena 5° establishment and 5° la création et la inshingano by’inzego determination of détermination des z’imirimo za Perezidansi responsibilities of organs of attributions des services de ya Repubulika, iza Sena, the Office of the President, la Présidence de la iz’Umutwe w’Abadepite the Senate, the Chamber of République, du Sénat, de n’iz’Urukiko rw’Ikirenga; Deputies as well as of the la Chambre des Députés Supreme Court; ainsi que ceux de la Cour Suprême ;

6° gushyira mu rwego rw’aba 6° promotion to the rank of 6° la promotion au grade Ofisiye abasirikare, officers, army officers, d’officiers, des militaires, abapolisi n’abacungagereza police officers and prison policiers et gardiens des barangije amahugurwa wardens who have prisons qui terminent la y’ibanze abagira aba completed their basic formation de base qui les Ofisiye; course which promotes promeut au grade them to the rank of d’officiers ; officers;

7° kuzamura mu ntera no 7° promotion and appointment 7° la promotion et la gushyira mu myanya : of the following officers: nomination:

a) aba Ofisiye b'Ingabo a) officers of the Rwanda a) des officiers généraux des z’u Rwanda bari ku Defence Forces with the Forces Rwandaises de rwego rwa jenerali; rank of General; Défense;

b) aba Ofisiye bakuru b) senior officers of the b) des officiers supérieurs des b'Ingabo z'u Rwanda; Rwanda Defence Forces; Forces Rwandaises de Défense;

c) aba Ofisiye bato c) junior officers of the c) des officiers subalternes b’ingabo z'u Rwanda; Rwanda Defence Forces; des Forces Rwandaises de Défense;

d) aba Komiseri ba Polisi d) commissioners of the d) des commissaires de la y'u Rwanda; Rwanda National Police; Police Nationale du Rwanda;

e) aba Ofisiye bakuru ba e) senior officers of the e) des officiers Supérieurs de Polisi y'u Rwanda. Rwanda National Police; la Police Nationale du Rwanda.

f) aba Ofisiye bato ba f) junior officers of the f) des officiers subalternes de Polisi y’u Rwanda; Rwanda National Police; la Police Nationale du Rwanda ;

g) aba Ofisiye bakuru g) senior officers of the g) les officiers supérieurs du b’Urwego rw’Igihugu National Prison Service. Service National des rushinzwe imicungire Prisons. ya za Gereza.

Abandi basirikare, Other military and police Les autres militaires, abapolisi n’abacungagereza officers as well as the policiers et autres agents du bashyirwaho prison wardens shall be Service National des bakanazamurwa mu ntera appointed and promoted in Prisons sont nommés et hakurikijwe amategeko accordance with Laws promus conformément aux abagenga. governing them. lois qui les régissent.

8° gushyira no kuvana ku 8° appointment and removal 8° la nomination et la - 50 -

mirimo abacamanza from office of the following révocation des juges et des n’abashinjacyaha judges and prosecutors: procureurs suivants: bakurikira : a) Perezida, Visi Perezida a) the President, Vice a) le Président, le Vice- n’abacamanza b'Urukiko President and judges of the Président et les juges de la rw'Ikirenga ; Supreme Court; Cour Suprême; b) Perezida na Visi Perezida b) the President and the Vice b) le Président et le Vice- b’Urukiko Rukuru President of the High Court Président de la Haute Cour n’ab’Urukiko Rukuru and the Commercial High et ceux de la Haute Cour de rw’Ubucuruzi ; Court; Commerce ; c) Umushinjacyaha Mukuru n'Umushinjacyaha Mukuru c) the Prosecutor General and c) le Procureur Général et le Wungirije. the Deputy Prosecutor Procureur Général General. Adjoint.

9° gushyiraho no kuvanaho 9° appointment and removal of the 9° la nomination et la abayobozi bakurikira: following officials: révocation des autorités suivantes : a) Umuyobozi w'Ibiro bya a) the Director of Cabinet in a) le Directeur de Cabinet du Perezida wa Repubulika; the Office of the President Président de la of the Republic; République ; b) Abaguverineri b’Intara; b) Governors of Provinces ; b) les gouverneurs de Provinces; c) Abakomiseri ba za c) Commissioners of National c) les commissaires des Komisiyo z’Igihugu, Commissions, heads and Commissions Nationales, abakuru n’ababungirije their deputies of les responsables et leurs b’inzego zihariye za Leta Government specialized adjoints des Organes n’ab’ibigo bya Leta ndetse organs, public institutions spécialisés de l’Etat et des n’ibishamikiye kuri Leta and parastatal organisations Etablissements publics et bifite ubuzima gatozi; which have legal para-étatiques dotés de la personality; personnalité juridique ; d) Abayobozi n’Abayobozi d) Rectors and Vice Rectors d) les recteurs et vice-recteurs bungirije ba za Kaminuza of Public Universities and des Universités et des za Leta n’ab’ibigo institutions of higher institutions publiques by’amashuri makuru ya learning; d’enseignement supérieur; Leta; e) Umunyamabanga wihariye e) the Principal Private e) le secrétaire Particulier du wa Perezida wa Secretary to the President Président de la Repubulika; of the Republic; République ; f) Abajyanama muri f) Advisors in the Office of f) les conseillers à la Perezidansi ya the President; Présidence de la Repubulika ; République ; g) Abahagarariye u Rwanda g) Ambassadors and g) les ambassadeurs et les mu bihugu by'amahanga no permanent representatives représentants permanents mu miryango of Rwanda to international auprès des pays étrangers mpuzamahanga; organisations; et des organisations internationales ; h) Abayobozi b’imirimo muri h) Heads of services in the h) les chefs de service à la Perezidansi ya Repubulika; Office of the President; Présidence de la - 51 -

République ;

i) Abanyamabanga Bakuru i) Clerks in Parliament and i) les secrétaires généraux du mu Nteko Ishinga their deputies, Secretary Parlement et leurs Amategeko n’ababungirije, General in Supreme Court, adjoints, le secrétaire Umunyamabanga Mukuru Secretary General in général de la Cour mu Rukiko rw’Ikirenga, National Public Suprême, le secrétaire Umunyamabanga Mukuru Prosecution Authority, général de l’Organe mu Bushinjyacyaha Permanent Secretaries in National de Poursuite Bukuru, Abanyamabanga Ministries and Secretaries Judiciaire, les secrétaires Bahoraho muri za General in other public permanents des ministères Minisiteri institutions; et les secrétaires généraux n’Abanyamabanga Bakuru d’autres institutions de b’izindi nzego za Leta; l’Etat ;

j) abandi bayobozi b’inzego j) other Heads of public j) les autres dirigeants des za Leta bagenwa n’itegeko; institutions as the law may organes de l’Etat determine; déterminés par la loi ;

10° Abagize Inama 10° members of the Boards of 10° les membres du Conseil y’Ubuyobozi mu bigo bya Directors of Public enterprises d'Administration dans les Leta n’abahagarariye Leta and Parastatal organizations. établissements publics et mu bigo ifitemo imigabane. les représentants de l’Etat dans les sociétés parastatales.

Ingingo ya 114 : Article 114: Article 114: Perezida wa Repubulika ahagararira The President of the Republic shall Le Président de la République u Rwanda mu mibanire yarwo represent the State of Rwanda in its représente l’Etat Rwandais dans ses n’amahanga; ashobora kandi kugena relations with foreign countries and rapports avec l’étranger et peut se umuhagararira. may appoint persons to represent faire représenter. him/her.

Perezida wa Repubulika aha The President of the Republic shall Le Président de la République ububasha abahagararira u Rwanda accredit Ambassadors and Special accrédite les ambassadeurs et les mu bihugu by’amahanga n’intumwa Envoys to foreign states. envoyés spéciaux auprès des pays zidasanzwe muri ibyo bihugu. étrangers.

Abaje guhagararira ibihugu byabo Ambassadors accredited to Rwanda Les Ambassadeurs et les envoyés mu Rwanda n’intumwa zidasanzwe and Special Envoys shall present extraordinaires étrangers sont z’amahanga zimushyikiriza their Credentials to the President of accrédités auprès du Président de la inyandiko zibibahera uburenganzira. the Republic. Republique.

Ingingo ya 115 : Ibigenerwa Article 115 : Benefits entitled to Article 115 : Avantages alloués au Perezida wa Repubulika the President of the Republic Président de la République (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008) Itegeko ngenga riteganya ibigenerwa An Organic Law shall determine the Une loi organique fixe les avantages Perezida wa Repubulika rikanagena benefits to which the President of the accordés au Président de la ibihabwa Abakuru b’Igihugu Republic and the former Heads of République ainsi que ceux accordés bacyuye igihe. State are entitled. aux anciens Chefs d’Etat.

Icyakora, iyo Perezida wa However, a President convicted of Toutefois, le Président de la Repubulika yakatiwe igihano high treason or grave and intentional République qui a été condamné pour n’inkiko kubera kugambanira breach of the Constitution shall not haute trahison ou pour violation igihugu cyangwa kwica bikomeye be entitled to benefits accorded to sérieuse et délibérée de la kandi nkana Itegeko Nshinga, former Heads of State. Constitution, n’aura droit à aucun ntashobora guhabwa ibigenerwa avantage lié à la cessation des abacyuye igihe. fonctions. - 52 -

Uwahoze ari Perezida wa A former Head of State shall not be Un ancien Président de la Repubulika ntashobora prosecuted for any of the preceding République ne peut faire l’objet de gukurikiranwaho ibyaha bivugwa crimes when no proceedings in poursuite pour les infractions mu gika kibanziriza iki, igihe aba respect to such an offence were prévues à l’alinéa précédent s’il ne atarabikurikiranyweho akiri ku brought against him/her during l’a pas été en cours de fonction. mirimo ye. his/her presidency.

Icyiciro cya 2 : Ibyerekeye Section 2: The Cabinet Section 2: Du Gouvernement Guverinoma

Ingingo ya 116 : Abagize Article 116 : Composition of Article 116 : Composition du Guverinoma n’ishyirwaho ryabo Cabinet and appointment of its Gouvernement et nomination de (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa members (Amendment n˚ 04 of ses membres (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010) 17/06/2010)

Guverinoma igizwe na Minisitiri The Cabinet shall comprise of the Le Gouvernement se compose du w’Intebe, Abaminisitiri, Prime Minister, Ministers, Ministers Premier Ministre, des ministres, des Abanyamabanga ba Leta n’abandi of State and other members who may secrétaires d'Etat et d’autres bashobora kugenwa na Perezida wa be determined, if necessary, by the membres que le Président de la Repubulika, bibaye ngombwa. President of the Republic. République peut désigner, en cas de nécessité.

Minisitiri w’Intebe atoranywa, The Prime Minister shall be Le Premier Ministre est choisi, ashyirwaho kandi avanwaho na nominated, appointed and removed nommé et démis de ses fonctions par Perezida wa Repubulika. from office by the President of the le Président de la République. Republic.

Abandi bagize Guverinoma Other members of Cabinet shall be Les autres membres du bashyirwaho bakanakurwaho na appointed and removed from office Gouvernement sont nommés et Perezida wa Repubulika ashyikirijwe by the President of the Republic démis par le Président de la amazina yabo na Minisitiri w’Intebe. upon proposal by the Prime Minister. République sur proposition du Premier Ministre.

Abagize Guverinoma batoranywa Members of Cabinet shall be Les membres du Gouvernement sont mu mitwe ya politiki hakurikijwe selected from political organizations choisis au sein des formations imyanya yayo mu Mutwe on the basis of the seats those politiques en tenant compte de la w’Abadepite ariko bitabujije ko organizations have in the Chamber répartition des sièges à la Chambre n’abafite ubushobozi batari mu of Deputies without excluding the des Députés sans pour autant exclure mitwe ya politiki bashyirwa muri possibility of appointing to Cabinet la possibilité de choisir d’autres Guverinoma. other competent people who do not personnes compétentes qui ne sont belong to political organizations. pas membres des formations politiques.

Icyakora, umutwe wa Politiki However, a political organization Toutefois, la formation politique wabonye amajwi menshi mu matora holding the majority of seats in the majoritaire à la Chambre des y’Abadepite ntushobora kurenza Chamber of Deputies shall not Députés ne peut pas avoir plus de mirongo itanu ku ijana (50%) exceed fifty per cent (50%) of all the cinquante pourcent (50%) de tous les by’abagize Guverinoma. members of the Cabinet. membres du Gouvernement.

Ingingo ya 117 : Ishyirwaho Article 117 : Appointment and Article 117 : Mise en place et n’inshingano bya Guverinoma responsibilities of the Cabinet mission du Gouvernement (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) kanama 2008) Minisitiri w’Intebe ashyirwaho The Prime Minister shall be Le Premier Ministre est nommé dans bitarenze iminsi cumi n’itanu (15) appointed within a period not un délai ne dépassant pas les quinze nyuma y’irahira rya Perezida wa exceeding fifteen (15) days after the (15) jours suivant la prestation de Repubulika. Abandi bagize oath of the President of the Republic. serment du Président de la Guverinoma bashyirwaho bitarenze Other Cabinet members shall be République. Les autres membres du - 53 -

iminsi cumi n’itanu (15) nyuma appointed within fifteen (15) days Gouvernement sont nommés dans un y’ishyirwaho rya Minisitiri w’Intebe. after the appointment of the Prime délai ne dépassant pas les quinze Minister. (15) jours suivant la nomination du Premier Ministre.

Guverinoma ishyira mu bikorwa The Cabinet shall implement Le Gouvernement exécute la politiki y’Igihugu Perezida wa national policy agreed upon by the politique nationale arrêtée de Repubulika yumvikanyeho n’Inama President of the Republic and the commun accord par le Président de y’Abaminisitiri. Cabinet. la République et le Conseil des Ministres.

Guverinoma ibazwa ibyo ikora na The Cabinet shall be answerable to Le Gouvernement est responsable Perezida wa Repubulika n`Inteko the President of the Republic and devant le Président de la République Ishinga Amategeko. Uburyo Parliament. Modalities for exercising et le Parlement. Les modalités de Guverinoma ibazwamo ibyo ikora the oversight of the Government by contrôle de l’action gouvernementale n’Inteko Ishinga Amategeko the Parliament shall be provided for par le Parlement sont déterminées buteganywa n’Itegeko Nshinga. by the Constitution. par la Constitution.

Ingingo ya 118: Inshingano za Article 118: Responsibilities of the Article 118 : Attributions du Minisitiri w’Intebe (Ivugururwa n˚ Prime Minister (Amendment n˚ 04 Premier Ministre 04 ryo ku wa 17/06/2010) of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010)

Minisitiri w’Intebe: The Prime Minister shall: Le Premier Ministre:

1° ayobora imikorere ya 1° head the operation of Cabinet in 1° dirige l’action du Guverinoma akurikije imirongo accordance with broad Gouvernement suivant les mikuru yatanzwe na Perezida wa guidelines given by the grandes orientations définies par Repubulika, akanakurikirana President of the Republic and le Président de la République et iyubahirizwa ry’amategeko; shall ensure the implementation assure le suivi de l’exécution of Laws ; des lois;

2° ategura gahunda ya Guverinoma 2° formulate Government 2° élabore le programme du abigiyeho inama n’abandi programmes in consultation Gouvernement en concertation bagize Guverinoma; with other Cabinet members; avec les autres membres du Gouvernement;

3° ashyikiriza Inteko Ishinga 3° present to the Parliament 3° présente au Parlement le Amategeko gahunda ya Government programmes within programme du Gouvernement Guverinoma bitarenze iminsi a period of thirty (30) days after dans les trente (30) jours de son mirongo itatu (30) uhereye igihe assuming office; entrée en fonction; yatangiriye imirimo ye;

4° agena inshingano 4° assign duties to Ministers, 4° fixe les attributions des z’Abaminisitiri, Ministers of State and other ministres, secrétaires d’Etat et Abanyamabanga ba Leta Cabinet members ; autres membres du n’abandi bagize Guverinoma; Gouvernement ;

5° ahamagaza Inama 5° convene Cabinet meetings, draw 5° convoque le Conseil des y’Abaminisitiri, ashyiraho up the agenda of the Cabinet in ministres, établit son ordre du urutonde rw’ibyigwa agishije consultation with other jour en consultation avec les inama abandi bagize members of the Cabinet and autres membres du Guverinoma, akabishyikiriza shall communicate it to the Gouvernement et le Perezida wa Repubulika President of the Republic and communique au Président de la n’abandi bagize Guverinoma other members of the Cabinet at République et aux autres nibura iminsi itatu (3) mbere least three (3) days before the membres du Gouvernement au y’uko inama iba, usibye ibibazo meeting, except in matters of moins trois jours (3) avant la byihutirwa bisuzumwa n’inama urgency which shall be tenue du Conseil, sauf les cas zidasanzwe; considered by extraordinary d’urgence dévolus aux Conseils meetings of the Cabinet; extraordinaires; - 54 -

6° ayobora Inama y’Abaminisitiri; 6° chair Cabinet meetings; 6° préside le Conseil des icyakora, iyo Perezida wa however, when the President of Ministres ; toutefois, lorsque le Repubulika yayijemo ni we the Republic is in attendance, Président de la République est uyiyobora; he/she shall chair; présent, celui-ci en assure la présidence;

7° ashyira umukono ku mateka 7° sign Orders establishing and 7° signe les arrêtés portant création ashyiraho akanagenga determining the organisation et déterminant l’organisation et imitunganyirize n’inshingano and responsibilities of public les attributions des services de by’inzego za Leta ziri mu services under his/her authority; l’Etat sous sa supérvision; nshingano ze;

8° ashyira umukono ku mateka 8° sign appointment and 8° signe les arrêtés de nomination yerekeye ishyirwa ku mirimo termination Orders for the et de cessation de fonction des n’ivanwaho ry’abakozi bakuru following senior officers: hauts fonctionnaires suivants: bakurikira:

a) Umuyobozi w’Ibiro bya a) Director of Cabinet in the a) le Directeur de Cabinet du Minisitiri w’Intebe; Office of the Prime Premier Ministre; Minister;

b) Abanyamabanga b) Executive Secretaries of b) les secrétaires exécutifs des Nshingwabikorwa ba za National Commissions; Commissions Nationales ; Komisiyo z’Igihugu ;

c) Abajyanama n'Abakuru c) Advisors and Heads of c) les conseillers et chefs de b'imirimo mu Biro bya Service in the Office of the service dans les services du Minisitiri w’Intebe; Prime Minister; Premier Ministre;

d) abandi bakozi bakuru mu d) Other Senior officers of d) les autres hauts cadres des bigo bya Leta igihe ntaho Public Institutions where it établissements publics sauf biteganyijwe ukundi ; is not provided otherwise; s’il en est disposé autrement ;

e) Abayobozi Bakuru e) Directors General and e) les directeurs généraux et n’Abayobozi mu Nteko Directors within directeurs au sein du Ishinga Amategeko, mu Parliament, Supreme Court, Parlement, de la Cour Rukiko rw’Ikirenga, muri Office of the Prime Suprême, des services du Serivisi za Minisitiri Minister, National Public Premier Ministre, de w’Intebe, mu Bushinjacyaha Prosecution Authority, l’Organe National de Bukuru, muri Minisiteri no Ministries and other public Poursuite Judiciaire, des mu zindi nzego za Leta; institutions ; ministères et autres institutions publiques ;

f) Abashinjacyaha bo ku rwego f) National Prosecutors, f) les procureurs nationaux, rw’Igihugu, Abashinjacyaha prosecutors at the les officiers de poursuite bo ku rwego rwisumbuye intermediate level and judiciaire au niveau de n’Abashinjacyaha bo ku prosecutors at the primary grande instance et ceux rwego rw’ibanze; level; d’instance de base;

g) Abakozi bashyirwaho mu g) Public servants appointed g) les fonctionnaires nommés rwego rumwe n’abavuzwe at a similar level as those à des fonctions de même muri iyi ngingo kimwe specified in this Article and rang que ceux cités dans le n’abandi bayobozi any others as the law may présent article et autres bateganywa n’itegeko iyo specify where necessary. dirigeants déterminés par la bibaye ngombwa. loi si nécessaire.

Abandi bakozi bashyirwaho Other public servants shall be Les autres fonctionnaires sont - 55 -

hakurikijwe amategeko yihariye. appointed in accordance with nommés conformément à des lois specific Laws. spécifiques.

Ingingo ya 119: Article 119: Article 119: Amateka ya Minisitiri w’Intebe Prime Minister’s Orders shall be Les arrêtés du Premier Ministre sont ashyirwaho umukono w’ingereka countersigned by the Ministers, contresignés par les ministres, les n’Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Ministers of State and other secrétaires d’Etat et autres membres Leta n’abandi bagize Guverinoma members of the Cabinet responsible du Gouvernement chargés de leur bashinzwe kuyashyira mu bikorwa. for their implementation. exécution.

Ingingo ya 120: Article 120: Article 120: Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Ministers, Ministers of State and Les ministres, les secrétaires d'Etat et Leta n’abandi bagize Guverinoma other members of Cabinet shall les autres membres du bashyira mu bikorwa amategeko implement laws relating to matters Gouvernement exécutent, les lois par bakoresheje amateka igihe biri mu for which they are responsible by voie d’arrêtés lorsqu’ils en sont nshingano zabo. way of orders. chargés.

Inama y'Abaminisitiri igendera ku The Cabinet shall function on the Le Conseil des Ministres fonctionne ihame ry'uko abayigize bagomba basis of collective responsibility. sur base du principe de la solidarité gukorera hamwe. gouvernementale.

Iteka rya Perezida rigena imikorere A Presidential Order shall determine Un arrêté présidentiel détermine le y'Inama y'Abaminisitiri, abayigize the Cabinet’s functioning, fonctionnement, la composition et le n'uburyo ibyemezo byayo bifatwa. membership and procedures for mode de prise de décision du Conseil making decisions. des Ministres.

Ingingo ya 121: Ibyigwa n’Inama Article 121 : Items deliberated Article 121: Points examinés par le y’Abaminisitiri (Ivugururwa n˚ 04 upon by the Cabinet (Amendment Conseil des Ministres (Révision n˚ ryo ku wa 17/06/2010) n˚ 04 of 17/06/2010) 04 du 17/06/2010)

Inama y’Abaminisitiri isuzuma: Cabinet shall deliberate upon the Le Conseil des Ministres délibère following: sur:

1° imishinga y’amategeko 1° bills and draft decree-laws; 1° les projets de lois et de n’iy’amategeko-teka; décrets-lois ;

2° imishinga y’amateka ya 2° drafts of Presidential 2° les projets d’arrêtés Perezida, aya Minisitiri Orders, Prime Minister’s présidentiels, du Premier w’Intebe, ay’Abaminisitiri, Orders, Ministerial Orders, Ministre, des ministres, des ay’Abanyamabanga ba and Orders of Ministers of secrétaires d’Etat et Leta n’ay’abandi bagize State and other members of d’autres membres du Guverinoma ; Cabinet; Gouvernement ;

3° ibindi byose iherwa 3° any other matters in 3° toutes autres questions de ububasha n’Itegeko respect of which the sa compétence en vertu de Nshinga n’andi mategeko. Constitution and other laws la Constitution et d’autres vest responsibility in the lois. Cabinet.

Iteka rya Perezida rigena Amateka A Presidential Order shall determine Un arrêté présidentiel détermine les y'Abaminisitiri, ay’Abanyamabanga Ministerial Orders, Oders of arrêtés ministériels, les arrêtés des ba Leta n’ay’abandi bagize Ministers of State and Orders of secrétaires d’Etat et ceux des autres Guverinoma yemezwa atanyuze mu other members of Cabinet which membres du Gouvernement qui ne Nama y'Abaminisitiri. shall be adopted without sont pas soumis à l’adoption du consideration by the Cabinet. Conseil des Ministres.

- 56 -

Ingingo ya 122: Ibigenerwa Article 122 : Benefits for members Article 122 : Avantages dévolus abagize Guverinoma of the Cabinet and aux membres du Gouvernement et n’ibitabangikanwa n’imirimo yabo incompatibilities with their office incompatibilités de leurs fonctions (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Imirimo y’abagize Guverinoma The office of members of Cabinet is Les fonctions de membre du ntibangikana no kuba mu bagize incompatible with membership of Gouvernement sont incompatibles Inteko Ishinga Amategeko cyangwa Parliament or any other remunerated avec l’exercice d’un mandat gukora undi murimo uhemberwa. activity. parlementaire ou d'une autre activité rémunérée.

Indi mirimo itabangikanywa no kuba Other incompatibilities with being a Les autres incompatibilités avec les mu bagize Guverinoma igenwa member of Cabinet shall be fonctions de membre du n’itegeko ngenga ryerekeye determined by the Organic Law on Gouvernement sont déterminées par imyitwarire y’abayobozi. leadership code of conduct. la loi organique régissant le code de conduite des autorités.

Itegeko ngenga rigena ibigenerwa An Organic Law shall determine Une loi organique fixe les avantages abagize Guverinoma. benefits to which members of the alloués aux membres du Cabinet are entitled. Gouvernement.

Ingingo ya 123 : Article 123: Article 123: Mbere yo gutangira imirimo, Before assuming office, the Prime Avant d’entrer en fonction, le Minisitiri w’Intebe, Abaminisitiri, Minister, Ministers, Ministers of Premier Ministre, les ministres, les Abanyamabanga ba Leta n’abandi State and other members of Cabinet secrétaires d’Etat et les autres bagize Guverinoma barahirira shall take oath before the President membres du Gouvernement prêtent imbere ya Perezida wa Repubulika, of the Republic, Parliament and the serment devant le Président de la Inteko Ishinga Amategeko Supreme Court. République et en présence du n’Urukiko rw’Ikirenga. Parlement et de la Cour Suprême.

Ingingo ya 124 : Article 124: Article 124: Iyo Minisitiri w’Intebe yeguye The resignation or vacation of the La démission ou la cessation de cyangwa avuyeho ku mpamvu iyo office of the Prime Minister on fonctions du Premier Ministre ari yo yose, bituma n’abandi bagize account of any reason shall lead to entraîne la démission de l’ensemble Guverinoma begura. resignation of other members of the des membres du Gouvernement. Cabinet.

Perezida wa Repubulika yakira The President of the Republic shall Le Président de la République prend ukwegura kwa Guverinoma iyo receive the resignation of the acte de la démission du Minisitiri w’Intebe akumushyikirije. Cabinet when it is submitted by the Gouvernement lui présentée par le Prime Minister. Premier Ministre.

Muri icyo gihe Guverinoma ikora During such period, the Cabinet shall Dans ce cas, le Gouvernement assure gusa imirimo ya buri munsi kugeza only deal with routine business until seulement l’expédition des affaires igihe hashyiriweho indi Guverinoma. a new Cabinet is appointed. courantes jusqu’à la formation d’un nouveau Gouvernement.

Ingingo ya 125 : Article 125: Article 125: Buri Minisitiri, buri Munyamabanga Each Minister, Minister of State or Chaque ministre, secrétaire d'Etat ou wa Leta cyangwa undi wese mu other member of the Cabinet may autre membre du Gouvernement bagize Guverinoma ashobora individually tender in his/her peut, à titre personnel, présenter sa kwegura ku bushake bwe abikoze resignation to the President of the démission au Président de la mu nyandiko. Inyandiko yo kwegura Republic through the Prime République par l’intermédiaire du ishyikirizwa Perezida wa Repubulika Minister. Premier Ministre. binyujijwe kuri Minisitiri w’Intebe.

Uko kwegura kwemerwa iyo mu The resignation shall become Cette démission n’est définitive que - 57 -

gihe cy’iminsi itanu (5) nyir’ubwite effective if, within a period of five si, dans un délai de cinq (5) jours, atisubiyeho kandi na Perezida wa (5) days, it is not withdrawn by the elle n’est pas retirée par l’intéressé et Repubulika akamwemerera. member of Cabinet concerned and que le Président de la République the President of the Republic has marque son accord. consented to it.

Icyiciro cya 3 : Ibyerekeye Section 3: Public Administration Section 3: De l’Administration Ubuyobozi bw’ibikorwa bya Leta Publique

Ingingo ya 126 : Article 126: Article 126: Abakozi ba Leta bahabwa akazi, Public servants shall be recruited, Les agents de l’Etat sont recrutés, bashyirwa mu myanya, bazamurwa posted and promoted in conformity affectés et promus conformément au mu ntera hakurikijwe ihame ry’uko with the principle of equality of principe d’égalité des citoyens, abenegihugu bose bangana, nta citizens, through an objective, suivant un système objectif, kugendera ku marangamutima, nta impartial and transparent system on impartial et transparent basé sur la kubogama kandi binyuze mu mucyo the basis of the competence, merit compétence et les capacités des hashingiwe ku bushobozi and integrity of applicants of both candidats intègres des deux sexes. n’ubudakemwa bw’abasaba akazi sexe. b’inyangamugayo b’ibitsina byombi.

Leta yishingira ukutabogama The State shall guarantee the L’Etat garantit la neutralité de kw’abayobozi b’ibikorwa bya Leta, impartiality of the leadership of l’administration, des Forces ukw’Ingabo z’u Rwanda, government departments, the Rwandaises de Défense, de la Police ukw’abapolisi b’u Rwanda n’uko Rwanda Defence Forces, the Nationale du Rwanda et du Service Urwego rw'Igihugu rushinzwe Rwanda National Police and the National de Renseignements et de Iperereza n’ Umutekano. Bose National Intelligence and Security Sécurité qui doivent, en toutes bagomba buri gihe kutagira aho Service. They shall all, at all times, circonstances, garder l’impartialité et babogamira no gukorera abaturage ensure impartiality and serve all être au service de tous les citoyens . nta vangura. citizens without discrimination.

UMUTWE WA IV : CHAPTER IV: RELATIONSHIP CHAPITRE IV: DES RAPPORTS IBYEREKEYE IMIKORANIRE BETWEEN THE LEGISLATURE ENTRE LE POUVOIR Y’UBUTEGETSI AND EXECUTIVE LEGISLATIF ET LE POUVOIR SHINGAMATEGEKO EXECUTIF N’UBUTEGETSI NYUBAHIRIZATEGEKO

Ingingo ya 127 : Article 127: Article 127: Perezida wa Repubulika na Minisitiri The President of the Republic and Le Président de la République et le w’Intebe bagomba kumenyeshwa the Prime Minister shall be informed Premier Ministre doivent être ibiri ku murongo w’ibyigwa mu of the agenda of the sessions of each informés de l’ordre du jour des nama za buri Mutwe w’Inteko Chamber of Parliament and of its séances de chaque Chambre du Ishinga Amategeko n’iza Komisiyo Committees . Parlement et de ses Commissions. zawo.

Minisitiri w’Intebe n’abandi bagize The Prime Minister and other Le Premier Ministre et les autres Guverinoma bashobora kujya mu members of the Cabinet may attend membres du Gouvernement peuvent, nama za buri Mutwe w’Inteko the sessions of each Chamber of s’ils le désirent, assister aux séances Ishinga Amategeko iyo babishatse. Parliament if they so wish. They take de chaque Chambre du Parlement. Bahabwa ijambo buri gihe iyo the floor whenever they request to do Ils y prennent la parole chaque fois barisabye. so. qu’ils en expriment le désir.

Iyo bibaye ngombwa bashobora They may, if need be, be Ils peuvent, le cas échéant, se faire guherekezwa n’impuguke accompanied by technical advisers accompagner des techniciens de leur bihitiyemo. of their choice. choix.

Izo mpuguke zishobora gufata Such technical advisers may only Ces techniciens peuvent prendre la ijambo mu nama za Komisiyo take part in deliberations in Standing parole seulement dans les Zihoraho gusa. Committees. Commissions permanentes. - 58 -

Ingingo ya 128: Article 128: Article 128: Uburyo Umutwe w’Abadepite The Chamber of Deputies shall Les moyens d’information et de umenya ukanagenzura ibikorwa bya employ the following methods to contrôle de la Chambre des Députés Guverinoma ni ubu bukurikira : obtain information and exercise à l’égard de l’action oversight of activities of the gouvernementale sont : government:

1° kubaza mu magambo ; 1° oral questions; 1° la question orale;

2° kubaza mu nyandiko ; 2° written questions; 2° la question écrite;

3° kubaza muri Komisiyo ; 3° hearings before Committees; 3° l’audition en Commission;

4° gushyiraho Komisiyo 4° Commissions of inquiry; 4° la Commission d’enquête; y’igenzura ;

5° kubarizwa mu ruhame 5° interpellation. 5° l’interpellation. rw’Inteko.

Itegeko ngenga rigena ibigomba An Organic Law shall determine the Une loi organique fixe les conditions gukurikizwa mu kumenya no procedures by which Parliament et les procédures relatives aux kugenzura ibikorwa bya obtains information and exercises moyens d’information et de contrôle Guverinoma. oversight of government action. de l'action gouvernementale.

Ingingo ya 129: Article 129: Article 129: Mu rwego rwo kumenya no In the context of obtaining Dans le cadre de la procédure kugenzura imikorere ya information and exercising oversight d’information et de contrôle de Guverinoma, abagize Sena of government action, members of l'action gouvernementale, les bashobora kubaza Minisitiri the Senate may address oral or membres du Sénat peuvent adresser w’Intebe mu magambo cyangwa mu written questions to the Prime au Premier Ministre des questions nyandiko agasubiza ubwe, iyo ari Minister to which he/she shall either orales ou des questions écrites ibibazo byerekeye Guverinoma yose respond in person if the questions auxquelles il répond soit lui-même, cyangwa minisiteri nyinshi relate to the government as a whole s’il s’agit de questions concernant icyarimwe, cyangwa agasubirizwa or to many Ministries collectively or l’ensemble du Gouvernement ou n’Abaminisitiri ba za minisiteri through the Ministers responsible for plusieurs ministères à la fois, soit par bireba. the matters in question. l’intermédiaire des Ministres concernés s’il s’agit de questions concernant leurs départements ministériels.

Sena ishobora na none gushyiraho za The Senate may, in addition, set up Le Sénat peut également constituer komisiyo zishinzwe kugenzura commissions for oversight of des commissions pour le contrôle de ibikorwa bya Guverinoma. government action. l’action gouvernementale.

Icyakora, ntishobora kubariza mu However, it shall not conduct Toutefois, il ne peut procéder à ruhame abagize Guverinoma interpellation or initiate a motion of l’interpellation ni initier la procédure cyangwa ngo itangize ibyerekeye no confidence. de censure. kubavanaho icyizere.

Ingingo ya 130: Article 130: Article 130: Umutwe w’Abadepite ushobora The Chamber of Deputies may put La Chambre des Députés peut mettre gukemanga imikorere ya the performance of Cabinet or of one en cause la responsabilité du Guverinoma, iy’umwe cyangwa or several members into question Gouvernement ou celle d’un ou benshi mu bagize Guverinoma through a vote of no confidence. plusieurs membres du ukoresheje itora ry’icyemezo cyo Gouvernement par le vote d’une kubavanaho icyizere. motion de censure.

- 59 -

Icyifuzo cyo gukuraho icyizere A motion of no confidence shall only Une motion de censure n’est cyakirwa gusa nyuma yo kubarizwa be accepted after interpellation and recevable qu’après une interpellation mu ruhame rw’Inteko kandi only on condition that the motion is et que si elle est signée par un kigashyirwaho umukono nibura na signed by at least a fifth (1/5) of the cinquième (1/5) au moins des kimwe cya gatanu (1/5) cy’abagize members of the Chamber of membres de la Chambre des Députés Umutwe w’Abadepite iyo bireba Deputies in the case of a vote of no pour le cas d’un membre du umwe mu bagize Guverinoma, confidence against one member of Gouvernement ou par un tiers (1/5) cyangwa kimwe cya gatatu (1/3) the Cabinet, or by at least a third au moins s’il s’agit de tout le nibura iyo bireba Guverinoma yose. (1/3) of the members of the Chamber Gouvernement. of Deputies if it concerns the entire Cabinet.

Icyemezo cyo kuvanaho icyizere A motion of no confidence shall not Le vote ne peut avoir lieu que ntigishobora gutorwa hadashize be voted upon prior to the expiry of quarante huit (48) heures au moins nibura amasaha mirongo ine at least forty-eight (48) hours after après le dépôt de la motion, et celle- n’umunani (48) kuva itora ry’icyo its introduction and shall be adopted ci ne peut être adoptée qu’au scrutin cyemezo risabwe, cyemezwa gusa through a secret ballot by a majority secret et à la majorité des deux tiers kandi n’itora ribereye mu ibanga ku of at least two-thirds (2/3) of the (2/3) des membres de la Chambre bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) members of the Chamber of des Députés. by’amajwi y’abagize Umutwe Deputies. w’Abadepite.

Isoza ry’ibihembwe bisanzwe The conclusion of ordinary or La clôture des sessions ordinaires ou cyangwa bidasanzwe rigomba extraordinary sessions shall be extraordinaires est de droit retardée gusubikwa kugira ngo hakorwe postponed to ensure the application pour permettre l’application des ibiteganywa n’iyi ngingo. of the provisions of this Article. dispositions du présent article.

Ingingo ya 131: Article 131: Article 131: Umwe mu bagize Guverinoma A member of the Cabinet against Un membre du Gouvernement contre wakuweho icyizere agomba whom a vote of no confidence is lequel est adoptée une motion de gushyikiriza Perezida wa Repubulika passed shall tender his/her censure est tenu de présenter sa ukwegura kwe abinyujije kuri resignation to the President of the démission au Président de la Minisitiri w’Intebe. Republic through the Prime République par l'intermédiaire du Minister. Premier Ministre.

Iyo ari Guverinoma yose yakuweho When the vote of no confidence is Lorsque la motion de censure est icyizere, Minisitiri w’Intebe passed against the Government, the adoptée contre le Gouvernement, le ashyikiriza Perezida wa Repubulika Prime Minister shall tender the Premier Ministre présente la ukwegura kwa Guverinoma. resignation of the Government to the démission du Gouvernement au President of the Republic. Président de la République.

Iyo gukurwaho icyizere bidatowe, Where a motion of no confidence is Si la motion de censure est rejetée, abashyize umukono ku nyandiko rejected, signatories to the motion ses signataires ne peuvent en ibisaba ntibemerewe kongera shall not introduce another motion présenter une nouvelle au cours de la kubisaba muri icyo gihembwe. for a vote of no confidence during même session. the same session.

Ingingo ya 132: Article 132: Article 132: Bimaze kwemezwa n’Inama The Prime Minister may, upon the Le Premier Ministre peut, après y’Abaminisitiri, Minisitiri w’Intebe proposal by the Cabinet, request the délibération du Conseil des ashobora gusaba abagize Umutwe Chamber of Deputies to pass a Ministres, engager la responsabilité w’Abadepite kumugaragariza motion on a vote of confidence du Gouvernement devant la icyizere haba mu kwemeza gahunda either in respect of the Government Chambre des Députés en posant la y’ibikorwa bya Guverinoma programme or adoption of a bill. question de confiance, soit sur cyangwa mu gutora umushinga l’approbation du programme du w’itegeko. Gouvernement, soit sur le vote d’un texte de loi.

Impaka ku kibazo cyo kugaragaza The debate on the request for a vote Le débat sur la question de confiance - 60 -

icyizere ntizishobora kugibwa mbere of confidence may not take place ne peut avoir lieu que trois (3) jours y’iminsi itatu (3) yuzuye uhereye prior to the expiry of at least three francs après qu’elle ait été posée. igihe icyo kibazo cyabagereyeho. (3) full days from the time the request was submitted.

Kutagaragariza Minisitiri w’Intebe A vote on the motion of confidence La confiance ne peut être refusée que icyizere bikorwa gusa binyuze mu may only be rejected through a par un vote au scrutin secret à la itora rikozwe mu ibanga kandi ku secret ballot by a majority of two- majorité de deux tiers (2/3) de bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) thirds (2/3) of the members to the membres de la Chambre des by’amajwi y’Abagize Umutwe Chamber of Deputies. Députés. w’Abadepite.

Iyo minisitiri w’Intebe bamwimye In the event that the Prime Minister Si la confiance est refusée, le icyizere, agomba gushyikiriza loses a vote of confidence, he/she Premier Ministre doit présenter au Perezida wa Repubulika ukwegura shall submit the resignation of the Président de la République la kwa Guverinoma mu gihe kitarenze Governement to the President of the démission du Gouvernement, dans amasaha makumyabiri n’ane (24). Republic, within twenty four (24) un délai ne dépassant pas vingt- hours. quatre (24) heures.

Ingingo ya 133: Iseswa ry’Inteko Article 133 : Dissolution of Article 133 : Dissolution du Ishinga Amategeko Parliament Parlement (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) kanama 2008) Bitabangamiye ibiteganywa mu Without prejudice to the provisions Sans préjudice aux dispositions de ngingo ya 76 y’iri Tegeko Nshinga, Article 76 of this Constitution, the l’article 76 de la présente Perezida wa Repubulika, amaze President of the Republic after Constitution, le Président de la kugisha inama Minisitiri w’Intebe, consultation with the Prime Minister, République peut, après consultation ba Perezida b’Imitwe yombi both Presidents of the Chambers of du Premier Ministre, des Présidents y’Inteko Ishinga Amategeko na Parliament and the President of the des deux Chambres du Parlement et Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Supreme Court, may dissolve the du Président de la Cour Suprême, ashobora gusesa Umutwe Chamber of Deputies if there are prononcer la dissolution de la w’abadepite ku mpamvu z’ibibazo national interests at stake . Chambre des Députés pour des bikomereye igihugu. motifs importants en rapport avec les intérêts de la nation.

Itora ry’abadepite rikorwa mu minsi Elections of the Deputies shall take Les élections des Députés ont lieu itarenze mirongo icyenda (90) place within a period not exceeding dans un délai ne dépassant pas ikurikira iryo seswa. ninety (90) days after dissolution. quatre-vingt dix (90) jours qui suivent la dissolution.

Perezida wa Repubulika ntashobora The President of the Republic shall Le Président de la République ne gusesa Umutwe w’abadepite inshuro not dissolve the Chamber of peut pas dissoudre la Chambre des zirenze imwe muri manda ye. Deputies more than once during Députés plus d’une fois au cours de his/her term of office. son mandat.

Sena ntishobora guseswa. The Senate shall not be dissolved. Le Sénat ne peut pas être dissout.

Ingingo ya 134 : Kumenyesha Article 134 : Informing the Article 134 : Information du Inteko Ishinga Amategeko Parliament of Government Parlement des activités du ibikorwa bya Guverinoma activities Gouvernement (Révision n˚ 04 du (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) 17/06/2010) 17/06/2010)

Rimwe mu gihembwe cy’Inteko The Prime Minister shall, once in a Une fois par session Ishinga Amategeko, Minisitiri session of the Parliament, inform parlemementaire, le Premier w’Intebe aza gusobanurira Inteko both Chambers of Parliament in a Ministre informe le Parlement, les Ishinga Amategeko, Imitwe yombi joint session, of government deux Chambres réunies, de l’action iteranye, ibikorwa bya Guverinoma . activities. du Gouvernement.

- 61 -

Minisitiri w'Intebe ashyikiriza Biro The Prime Minister shall Le Premier Ministre transmet au ya buri Mutwe w'Inteko Ishinga communicate decisions of the Bureau de chaque Chambre du Amategeko ibyemezo by'Inama Cabinet to the Bureau of each Parlement les décisions du Conseil y'Abaminisitiri mu gihe kitarenze Chamber of the Parliament within a des Ministres endéans huit (8) jours iminsi umunani (8) nyuma y’uko period not exceeding eight (8) days de leur adoption. byemejwe. after their approval.

Mu gihe cy’ibihembwe by’Inteko, During the session period, one sitting Durant les sessions, une séance par inama imwe buri cyumweru each week shall be devoted to semaine est réservée aux questions iharirwa ibibazo abagize Inteko questions by members of the formulées par les membres du Ishinga Amategeko babaza Parliament addressed to the Parlement au Gouvernement et aux Guverinoma n’ibisubizo ibaha. government and responses thereto. réponses y relatives.

Guverinoma igomba guha Imitwe The government shall provide the Le Gouvernement est tenu de fournir y’Inteko Ishinga Amategeko Chambers of the Parliament with all aux Chambres du Parlement toutes ibisobanuro byose isabwe ku necessary explanations required les explications qui lui sont micungire n’ibikorwa byayo. concerning its management and demandées sur sa gestion et sur ses activities. activités.

Ingingo ya 135: Article 135: Article 135: Perezida wa Repubulika ageza The President of the Republic may Le Président de la République ijambo ku Nteko Ishinga address the Chambers of Parliament adresse personnellement un message Amategeko yose cyangwa ku Mutwe together or separately, either in au Parlement devant l’une des umwe yiyiziye ubwe cyangwa person or by a message read on Chambres ou les deux Chambres ahaye Minisitiri w’Intebe ubutumwa his/her behalf by the Prime Minister. réunies ou délègue le Premier asomera imbere y’Inteko. Nta mpaka There shall be no debate on such Ministre à cet effet. Ce message ne zigibwa muri icyo gihe. communication. donne lieu à aucun débat.

Iyo atari igihe cy’ibihembwe, Inteko Should Parliament not be in session, Hors session, le Parlement ou l'une Ishinga Amategeko cyangwa umwe it or one of its Chambers shall be de ses Chambres est, selon le cas, mu Mitwe yayo, itumizwa convened specially for the purpose . convoqué et se réunit spécialement à ikanaterana by’umwihariko kubera cet effet. iyo mpamvu.

Ingingo ya 136: Article 136: Article 136: Perezida wa Repubulika afite The President of the Republic shall Le Président de la République a le uburenganzira bwo gutangiza have the right to declare war and droit de déclarer la guerre et d’en intambara akabimenyesha Inteko inform the Parliament within seven informer le Parlement dans un délai Ishinga Amategeko mu gihe (7) days. Parliament shall adopt a ne dépassant pas sept (7) jours. Le kitarenze iminsi irindwi (7). Inteko vote on the matter by a simple Parlement statue sur la déclaration Ishinga Amategeko ifata icyemezo majority of the members of each de guerre à la majorité simple des ku bwiganze busanzwe bw’abagize Chamber. membres de chaque Chambre. buri Mutwe.

Ingingo ya 137: Article 137: Article 137: Ibihe by’amage n’ibihe A state of emergency and a state of L’état de siège et l’état d’urgence by’imidugararo biteganywa siege shall be governed by the Law sont régis par la loi et sont proclamés n’itegeko kandi bitangazwa na and declared by the President of the par le Président de la République Perezida wa Repubulika bimaze Republic, following a decision of the après décision du Conseil des kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri. Cabinet. Ministres.

Kwemeza ibihe by’amage cyangwa A declaration of a state of siege or La déclaration de l’état de siège ou ibihe by’imidugararo bigomba state of emergency must give clear d’urgence doit être dûment motivée gutangirwa impamvu zumvikana reasons which justify it, specify the et spécifier l’étendue du territoire bikagaragaza igice cy’Igihugu icyo part of national territory to which it concerné, ses effets, les droits, les cyemezo kireba n’ingaruka zacyo, applies and its consequences, libertés et les garanties suspendus de bikagaragaza kandi uburenganzira, indicate the rights, freedoms and ce fait et sa durée qui ne peut être ubwigenge n’ibyo umuntu guarantees provided by Law which supérieure à quinze jours (15). yemererwa n’amategeko are suspended and the duration of the - 62 -

bihagarikwa ndetse n’igihe bigomba state of siege or state of emergency kumara kidashobora kurenga iminsi which may not exceed a period of cumi n’itanu (15). fifteen (15) days.

Icyo gihe ntigishobora kongerwa The state of siege or the state of Sa prolongation au-delà de quinze birenze iminsi cumi n’itanu (15) emergency cannot be extended (15) jours ne peut être autorisée que keretse iyo bitangiwe uburenganzira beyond a period of fifteen (15) days par le Parlement statuant à la n’Inteko Ishinga Amategeko without the approval of Parliament, majorité des deux tiers (2/3) de ibyemeza ku bwiganze bwa bibiri which approval requires a majority chaque Chambre. bya gatatu (2/3) by’amajwi of two-thirds (2/3) of the members of y’abagize buri Mutwe. each Chamber.

Mu ntambara, iyo ibihe by’amage During war time, when a state of En temps de guerre, si l’état de byatangajwe, itegeko rishobora siege or a state of emergency has siège a été déclaré, une loi peut fixer kugena igihe gisumba igiteganywa been declared, the duration of the la durée supérieure à celle prévue à mu gika kibanziriza iki. state of siege may by Law be l'alinéa précédent. extended beyond the period provided for in the previous paragraph.

Ibihe by’amage ntibigomba kurenza The duration of a state of siege must L’état de siège doit se limiter à la igihe cya ngombwa cyo kugira ngo not exceed the period strictly durée strictement nécessaire pour hagaruke ibihe bisanzwe birangwa necessary to ensure the return of rétablir rapidement la situation na demokarasi. normal conditions characterised by démocratique normale. democracy.

Kwemeza ibihe by’amage cyangwa A declaration of a state of siege or La déclaration de l’état de siège ou ibihe by’imidugararo ntibishobora na state of emergency shall not under de l’état d’urgence ne peut en aucun rimwe kubangamira uburenganzira any circumstances violate the right cas porter atteinte au droit à la vie, à bwo kubaho, kudahungabanywa ku to life and physical integrity of the l’intégrité physique, à l’état et à la mubiri, uburenganzira abantu person, the rights accorded to people capacité des personnes, à la bahabwa n’amategeko ku miterere by Law in relation to their status, nationalité, à la non rétroactivité de n’ububasha bwabo, ku bwenegihugu, capacity and nationality; the la loi pénale, au droit de la défense ihame ry’uko itegeko mpanabyaha principle of non-retroactivity of ni à la liberté de conscience et de ridahana icyaha cyakozwe mbere criminal law, the right to legal religion. y’uko rijyaho, uburenganzira bwo defence and freedom of conscience kwiregura n’ubwisanzure ku and religion. mitekerereze no ku idini.

Kwemeza ibihe by’amage cyangwa A declaration of a state of siege or La déclaration de l’état de siège ou ibihe by’imidugararo ntibishobora na state of emergency shall not under de l’état d’urgence ne peut en aucun rimwe kubangamira ububasha bwa any circumstance affect the powers cas affecter les compétences du Perezida wa Repubulika, ubw’Inteko of the President of the Republic, Président de la République, du Ishinga Amategeko, ubw’Urukiko Prime Minister, Parliament or Premier Ministre, du Parlement et de rw’Ikirenga n’ubwa Minisitiri Supreme Court nor can it modify la Cour Suprême ni modifier les w’Intebe cyangwa guhindura the principles relating to the principes de responsabilité de l’Etat amahame yerekeye ibyo Leta responsibility of the State and public et de ses agents consacrés par la n’abakozi bayo bashobora kuryozwa officials provided for in this présente Constitution. hakurikijwe iri Tegeko Nshinga. Constitution.

Mu bihe by’amage cyangwa mu bihe No elections of any kind may be Pendant l’état de siège ou d’urgence by’imidugararo kugeza hashize held during or within a period of less et jusqu’au trentièmejour après sa iminsi mirongo itatu bivanyweho, than thirty days after the state of levée, aucune opération électorale ne nta gikorwa na kimwe cy’itora siege or state of emergency. peut avoir lieu. gishobora gukorwa.

Ingingo ya 138: Article 138: Article 138: Ibihe by’amage ntibishobora A state of siege cannot be declared L’état de siège ne peut être déclaré, gutangazwa mu gihugu cyose on the entire or a part of the national sur la totalité ou une partie du cyangwa mu gice cyacyo, keretse iyo territory unless the country has territoire national, qu’en cas - 63 -

igihugu cyatewe cyangwa kiri hafi suffered or is about to suffer d’agression effective ou imminente guterwa n’amahanga, cyugarijwe aggression by foreign states, faces du territoire national par des forces cyangwa se iyo inzego zashyizweho grave dangers or in the case of étrangères, ou en cas de menace n’Itegeko Nshinga zahungabanye. destabilisation of the institutions grave ou de trouble de l’ordre established by this Constitution. constitutionnel.

Ibihe by’imidugararo byemezwa mu A state of emergency shall be L’état d’urgence est déclaré, sur la gihugu hose cyangwa mu gice declared on the entirety or part of the totalité ou une partie du territoire cyacyo, iyo Igihugu kiri mu byago national territory when the country national, en cas de calamité publique cyangwa iyo inzego zashyizweho faces a public disaster or ou de trouble de l’ordre n’Itegeko Nshinga zahungabanye constitutional crisis whose gravity constitutionnel dont la gravité ne ariko uburemere bwabyo butageze does not warrant the declaration of a justifie pas la déclaration de l’état de ku rugero rwatuma hatangazwa ibihe state of siege. siège. by’amage.

Ingingo ya 139: Article 139: Article 139: Mu bihe by’amage cyangwa mu bihe During the period of a state of siege Pendant la durée de l’état de siège ou by’imidugararo, Umutwe or state of emergency, the Chamber de l’état d’urgence, la Chambre des w’Abadepite ntushobora guseswa of Deputies cannot be dissolved and Députés ne peut être dissoute et les kandi Imitwe yombi y’Inteko Ishinga the Chambers of Parliament shall be Chambres du Parlement sont Amategeko ihita ihamagazwa iyo recalled immediately if they are in automatiquement convoquées si elles itari mu gihembwe gisanzwe. recess. ne siègent pas en session ordinaire.

Iyo ku itariki yatangarijweho ibihe If at the time of a declaration of a Si à la date de la déclaration de l’état by’amage cyangwa ibihe state of siege or state of emergency de siège ou d’urgence la Chambre by’imidugararo, Umutwe the Chamber of Deputies has des Députés avait été dissoute ou si w’Abadepite wari warasheshwe previously been dissolved or its term la législature avait pris fin, les cyangwa manda y’abadepite has expired, the powers of compétences du Parlement yararangiye, ububasha bw’Inteko Parliament relating to a state of siege concernant l’état de siège ou Ishinga Amategeko bwerekeye ibihe or state of emergency shall be d’urgence sont exercées par le Sénat. by’amage cyangwa ibihe exercised by the Senate. by’imidugararo bukoreshwa na Sena.

UMUTWE WA V : CHAPTER V: THE JUDICIARY CHAPITRE V: DU POUVOIR IBYEREKEYE UBUTEGETSI JUDICIAIRE BW’UBUCAMANZA

Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye Section One: General provisions Section Première: Des dispositions ingingo rusange générales

Ingingo ya 140 : Article 140: Article 140: Ubutegetsi bw’Ubucamanza Judiciary shall be exercised by the Le Pouvoir Judiciaire est exercé par bushinzwe Urukiko rw’Ikirenga Supreme Court and other courts la Cour Suprême et les autres Cours n’izindi nkiko zishyirwaho n’Itegeko established by the Constitution and et Tribunaux institués par la Nshinga n’andi mategeko. other Laws. Constitution et d’autres lois.

Ubutegetsi bw’Ubucamanza The Judiciary is independent and Le Pouvoir Judiciaire est burigenga kandi butandukanye separate from the legislative and indépendant et séparé du Pouvoir n’Ubutegetsi Nshingamategeko executive branches of government. Législatif et du Pouvoir Exécutif. n’Ubutegetsi Nyubahirizategeko.

Bufite ubwigenge mu micungire The judiciary shall enjoy financial Le Pouvoir Judiciaire jouit de y’abakozi n’imari. and administrative autonomy. l’autonomie de gestion administrative et financière.

Imanza zicibwa mu izina Justice is rendered in the name of the La justice est rendue au nom du ry’abaturage kandi ntawe ushobora people and nobody may be a judge peuple. Nul ne peut se rendre justice kwicira urubanza ubwe. in his or her own cause. à soi-même.

- 64 -

Ibyemezo by’ubucamanza bigomba Judicial decisions shall be binding Les décisions judiciaires s’imposent gukurikizwa n’abo bireba bose, zaba on all parties concerned, be the à tous ceux qui y sont parties, que ce inzego z’ubutegetsi bwa Leta public authorities or individuals. soit les pouvoirs publics ou les cyangwa abantu ku giti cyabo. They shall not be challenged except particuliers. Elles ne peuvent être Ntibishobora kuvuguruzwa keretse through ways and procedures remises en cause que par les voies et binyuze mu nzira no mu buryo determined by law. sous les formes prévues par la loi. buteganywa n’amategeko.

Ingingo ya 141 : Imikorere Article 141 : Functioning of Article 141 : Fonctionnement des y’Inkiko Courts juridictions (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008)

Imanza ziburanishirizwa mu ruhame Court proceedings shall be Les audiences des juridictions sont keretse iyo urukiko rwemeje ko conducted in public unless Court publiques sauf le huis clos prononcé habaho umuhezo mu gihe determines that proceedings should par une juridiction lorsque cette kuburanishiriza mu ruhame byagira be in camera on ground that a public publicité est dangereuse pour l'ordre ingaruka mbi ku ituze rusange rya hearing might have an adverse effect public ou les bonnes mœurs. rubanda cyangwa bigatera on general public order or cause urukozasoni. moral embarrassment.

Urubanza rwose rwaciwe rugomba Every court decision shall indicate Tout jugement ou arrêt doit être kugaragaza impamvu rushingiyeho the grounds of its basis, be written in motivé et entièrement rédigé ; il doit kandi rukandikwa mu ngingo zarwo its entirety, delivered in public être prononcé avec ses motifs et son zose; rugomba gusomerwa mu together with the reasons and orders dispositif en audience publique. ruhame hamwe n’impamvu zose uko taken therein. zakabaye n’icyemezo cyafashwe.

Inkiko zikurikiza gusa amateka Courts shall apply Orders or Les juridictions n’appliquent les cyangwa amabwiriza iyo regulations that are not inconsistent arrêtés ou règlements que pour atanyuranyije n’Itegeko Nshinga with the Constitution and other autant qu’ils sont conformes à la n’andi mategeko. Laws. Constitution et aux lois.

Bitabangamiye uburenganzira Without prejudice to equality of Sans préjudice de l’égalité des bw’ababuranyi bwo kureshya imbere litigants before courts of law, the justiciables devant la justice, la loi y’ubucamanza, Itegeko ngenga rigena Organic Law establishing the organique portant organisation, imitunganyirize, imikorere organisation, functioning and fonctionnement et compétence de la n’ububasha by’Urukiko rw’Ikirenga jurisdiction of the Supreme Court Cour Suprême prévoit l`institution rigena ishyirwaho ry’umucamanza shall determine the institution of a du juge unique et ses compétences à umwe n’ubwoko bw’imanza single judge and his/her jurisdiction la Cour Suprême. ashobora kuburanisha muri urwo in the Supreme Court. rukiko.

Itegeko Ngenga rigena imiterere, The Organic Law determining the La loi organique portant imikorere n’ububasha by’inkiko organisation, functioning and organisation, fonctionnement et rigena ishyirwaho ry’umucamanza jurisdiction of Courts shall determine compétence judiciaires prévoit umwe n’ubwoko bw’imanza institution of a single judge and l`institution du juge unique et ses ashobora kuburanisha mu nkiko his/her jurisdiction in other ordinary compétences auprès des autres zindi zisanzwe n’iz’Ubucuruzi. Iryo and commercial courts. The same juridictions ordinaires et des tegeko ngenga rigena uburyo Organic Law shall provide for the juridictions de commerce. La même ibikubiye muri iki gika bishyirwa mu application of the above provisions. loi organique prévoit les modalités bikorwa. d`application des dispositions du présent alinéa.

- 65 -

Ingingo ya 142 : Manda Article 142 : Term of office of the Article 142 : Mandat des y’abayobozi b’inkiko n’umurimo heads of Courts and judicial responsables des juridictions et w’ubucamanza (Ivugururwa n˚ 04 functions (Amendment n˚ 04 of l’office du juge (Révision n˚ 04 du ryo ku wa 17/06/2010) 17/06/2010) 17/06/2010)

Perezida na Visi Perezida b’Urukiko The President and the Vice President Le Président et le Vice-Président de rw’Ikirenga bashyirirwaho igihe cya of the Supreme Court shall be la Cour Suprême sont nommés pour manda imwe y’imyaka umunani (8). appointed for an eight (8) year term un mandat unique de huit (8) ans. that is not renewable.

Perezida w’Urukiko Rukuru, Visi The President of High Court, the Le Président de la Haute Cour, le Perezida w’Urukiko Rukuru, Vice President of High Court, the Vice-Président de la Haute Cour, le Perezida w’Urukiko Rukuru President of the Commercial High Président de la Haute Cour de rw’Ubucuruzi na Visi Perezida Court and the Vice President of the Commerce et le Vice- Président de la w’Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi Commercial High Court shall be Haute Cour de Commerce sont bashyirirwaho igihe cya manda appointed for a five (5) year term nommés pour un mandat de cinq (5) y’imyaka itanu (5) gishobora renewable only once. ans renouvelable une seule fois. kongerwa rimwe gusa.

Mu murimo wabo w’ubucamanza, In the exercise of their judicial Dans l’exercice de leurs fonctions abacamanza bakurikiza itegeko functions, judges shall remain subjet judiciaires, les juges doivent s’en kandi bakawukora mu bwigenge to the authority of the Law and tenir à la loi et rester indépendants batavugirwamo n’ubutegetsi remain independent from any other de tout autre pouvoir ou autorité. cyangwa ubuyobozi ubwo ari bwo power or authority. bwose.

Ibyerekeye imyifatire myiza The code of ethics of judges shall be Le code d’éthique judiciaire est n’ubunyangamugayo by’abacamanza determined by specific Laws. déterminé par les lois spécifiques en biteganywa n’amategeko yihariye la matière. abireba.

Itegeko rigena sitati y’abacamanza The Law on the statute of judges and La loi relative au statut des juges et n’abakozi b’inkiko rinateganya the judicial personnel shall also du personnel judicaire régit ibirebana na manda y’abayobozi regulate the term of office of heads également le mandat des b’izindi nkiko. of other Courts. responsables des autres juridictions.

Icyiciro cya 2 : Ibyerekeye inkiko Section 2: Courts Section 2: Des juridictions

Ingingo ya 143 : Ibyiciro Article 143 : Court classification Article 143 : Différentes sortes de by’Inkiko (Amendment n° 03 of 13/08/2008) juridictions (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008)

Hashyizweho inkiko zisanzwe There are hereby established Il est institué des juridictions n’inkiko zihariye . ordinary and specialized courts. ordinaires et des juridictions spécialisées.

Inkiko zisanzwe ni Urukiko Ordinary Courts include the Les juridictions ordinaires sont la rw’Ikirenga, Urukiko Rukuru, Inkiko Supreme Court, the High Court, Cour Suprême, la Haute Cour, les Zisumbuye n’ Inkiko z’Ibanze. Intermediate Courts and Primary Tribunaux de Grande Instance et les Courts. Tribunaux de Base.

Inkiko zihariye ni inkiko Gacaca, Specialized Courts include Gacaca Les juridictions spécialisées sont les inkiko za gisirikare, inkiko Courts, Military Courts, Commercial Juridictions Gacaca, les juridictions z’ubucuruzi n’izindi zashyirwaho Courts and any other as may be militaires, les juridictions de n’itegeko Ngenga. determined by an Organic Law. commerce et d’autres pouvant être créées par une loi organique.

- 66 -

Itegeko Ngenga rishobora An Organic Law may establish other Une loi organique peut instituer gushyiraho izindi nkiko cyangwa courts or remove them. d'autres juridictions ou en supprimer. kuzivanaho.

Ibyo ari byo byose ntihashobora However, special Courts shall not be En aucun cas, il ne peut être créé de gushyirwaho inkiko zidasanzwe . created. juridictions d`exception.

Uretse Urukiko rw’Ikirenga, inkiko With the exception of the Supreme A l’exception de la Cour Suprême, zisanzwe zishobora kugira ingereko Court, ordinary courts may have les juridictions ordinaires peuvent zihariye cyangwa ingereko zikorera specialised chambers or branches être dotées de Chambres spécialisées ahandi byemejwe n’iteka rya established by an Order of the ou de Chambres détachées, par Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga President of the Supreme Court upon ordonnance du Président de la Cour abisabwe n’Inama Nkuru proposal by the High Council of the Suprême sur proposition du Conseil y’Ubucamanza. Judiciary. Supérieur de la Magistrature.

Inkiko zishobora gukorera aho ari ho For better administration of justice, Les juridictions peuvent, sans nuire hose mu ifasi yazo iyo bituma Courts may sit in any place within au jugement des affaires à leur siège imirimo yazo igenda neza, ariko their territorial jurisdiction, but this ordinaire, siéger en n’importe quelle bitabangamiye imanza zicibwa ku should not jeopardize cases localité de leur ressort si la bonne cyicaro cyazo gisanzwe. adjudicated at the usual seat of the administration de la justice le Court. requiert.

Itegeko ngenga rigena imiterere, An Organic Law shall determine the Une loi organique détermine ububasha n’imikorere by’inkiko. organisation, jurisdiction and the l’organisation, la compétence et le functioning of Courts. fonctionnement judiciaires.

Akiciro ka mbere: Ibyerekeye Sub-section One: Ordinary Courts Sous-section première: Des inkiko zisanzwe juridictions ordinaires

A. Ibyerekeye Urukiko A. Supreme Court A. Cour Suprême rw’Ikirenga

Ingingo ya 144: Article 144: Article 144: Urukiko rw’Ikirenga ni rwo rukiko The Supreme Court is the highest La Cour Suprême est la plus haute rukuriye izindi mu Gihugu. court in the country. The decision of juridiction du pays. Ses décisions ne Ibyemezo byarwo ntibijuririrwa the Supreme Court shall not be sont susceptibles d’aucun recours si uretse ibyerekeye imbabazi subject to appeal save in terms of ce n’est en matière de grâce ou de n’isubirwamo ry’urubanza. petitions for the exercise of the révision. Elles s’imposent, à tous Byubahirizwa n'abo bireba bose, prerogative of mercy or revision of a ceux qui y sont parties, à savoir les zaba inzego za Leta, abayobozi bose judicial decision. Its decisions shall pouvoirs publics et à toutes les b’imirimo ya Leta, aba gisiviri, aba be binding on all parties concerned autorités administratives, civiles, gisirikare, abo mu rwego whether organs of the State, public militaires et juridiciaires ainsi qu’aux rw’ubucamanza n’abantu ku giti officials, civilians, military, judicial particuliers. cyabo. officers or private individuals.

Ingingo ya 145 : Ububasha Article 145: Jurisdiction and Article 145 : Compétences et n’inshingano by’Urukiko responsibilities of the Supreme responsabilités de la Cour rw’Ikirenga (Ivugururwa n˚ 04 ryo Court (Amendment n˚ 04 of Suprême (Révision n˚ 04 du ku wa 17/06/2010) 17/06/2010) 17/06/2010)

Urukiko rw’Ikirenga rushinzwe The jurisdiction of the Supreme La Cour Suprême est notamment by’umwihariko ibi bikurikira: Court shall include: chargée de:

1° kuburanisha mu mizi 1° hearing appeals against 1° statuer au fond sur les ibirego birebana decisions of the High affaires en appel jugées en n’ubujurire bw’imanza Court, Commercial High premier et en deuxième zaciwe ku rwego rwa Court and the Military degrés par la Haute Cour, mbere no ku rwego rwa High Court rendered in la Haute Cour de kabiri n’Urukiko Rukuru, their first or appellate Commerce et la Haute - 67 -

Urukiko Rukuru degrees as provided for by Cour Militaire dans les rw’Ubucuruzi ndetse the Law; conditions prévues par la n’Urukiko Rukuru rwa loi; Gisirikare, mu buryo buteganyijwe n’amategeko;

2° gukurikirana ko inkiko 2° ensuring that courts act in 2° veiller à l’application de la zikurikiza amategeko, accordance with the Law, loi par les cours et guhuza no kugenzura coordinating and tribunaux, coordonner et ibikorwa byazo; supervising their activities; contrôler leurs activités ;

3° gufata icyemezo ku birego 3° hearing petitions on the 3° statuer sur les recours en birebana n’uko constitutionality of constitutionnalité des amasezerano International Treaties and traités et accords mpuzamahanga, amategeko agreements, Organic Laws, internationaux, des lois ngenga, amategeko laws and Decree-laws; organiques, des lois, des n’amategeko-teka décrets-lois; anyuranye n’Itegeko Nshinga; 4° gukemura, rubisabwe, 4° resolving upon request, 4° statuer, en cas de demande, impaka zerekeye disputes arising between sur les conflits inshingano zivutse hagati different State organs, d’attributions opposant les y’inzego za Leta; relating to the exercise of différentes institutions de power; l’Etat ;

5° guca imanza zerekeye 5° hearing election petitions 5° juger du contentieux amatora ya referendumu, relating to referendum, électoral relatif au aya Perezida wa presidential and legislative référendum, aux élections Repubulika n’ay’abagize elections; présidentielles et Inteko Ishinga Amategeko ; législatives ;

6° kuburanisha mu manza 6° trying in the first and last 6° juger au pénal, en premier z’inshinjabyaha mu rwego instance criminal cases et dernier ressort, le rwa mbere n’urwa nyuma against the President of the Président de la République, Perezida wa Repubulika, Republic, the President of le Président du Sénat, le Perezida wa Sena, Perezida the Senate, the Speaker of Président de la Chambre w’Umutwe w’Abadepite, the Chamber of Deputies, des Députés, le Président Perezida w’Urukiko the President of the de la Cour Suprême et le rw’Ikirenga na Minisitiri Supreme Court and the Premier Ministre; w’Intebe; Prime Minister;

7° kwakira indahiro ya 7° administering the oath of 7° recevoir le serment du Perezida wa Repubulika; office of the President of Président de la the Republic; République ;

8° kuburanisha Perezida wa 8° trying the President of the 8° juger le Président de la Repubulika kubera icyaha Republic on charge of high République en cas de haute cyo kugambanira Igihugu treason or grave and trahison ou de violation cyangwa kwica Itegeko deliberate violation of the grave et délibérée de la Nshinga bikomeye kandi Constitution. In such a Constitution. Dans ce cas, nkana. Muri icyo gihe case, the decision to file la décision de mise en icyemezo cyo kumuregera charges against the accusation est votée par les Urukiko gifatwa n’abagize President of the Republic in deux Chambres réunies à la Umutwe w’Abadepite na the Supreme Court shall be majorité des deux tiers Sena bateraniye hamwe taken through a vote of (2/3) des membres de binyuze mu matora ku both Chambers of chaque Chambre; bwiganze bwa bibiri bya Parliament meeting in joint gatatu (2/3) by’amajwi session, by a two-thirds y’abagize buri Mutwe ; (2/3) majority vote of - 68 -

members of each Chamber;

9° kwemeza ko umwanya wa 9° declaring vacant the office 9° constater la vacance du Perezida wa Repubulika of the President of the poste de Président de la udafite umuntu uwuriho Republic in case of the République en cas de igihe yapfuye, yeguye, President’s death, décès, de démission, de yakatiwe igihano n’urukiko resignation or conviction condamnation pour haute kubera icyaha cyo and sentence for high trahison ou de violation kugambanira Igihugu treason or grave and grave et délibérée de la cyangwa kwica Itegeko deliberate violation of the Constitution; Nshinga bikomeye kandi Constitution ; nkana; 10° ku birebana n’imiterere 10° proposing to the 10° proposer au Gouvernement y’inzego z’ubucamanza, Government any reform in tout projet de réforme qui Urukiko rw’Ikirenga the public interest on lui paraît conforme à rushobora kugeza kuri matters relating to the l`intérêt général en matière Guverinoma umushinga organisation of the d’organisation du pouvoir wose w’ivugurura rigamije judiciary; judiciaire; inyungu rusange;

11° kuburanisha ku rwego rwa 11° trying on first and the last 11° juger en premier et en mbere n’urwa nyuma instance disputes relating to dernier ressort les impaka zishingiye ku the decision to expel a contestations relatives à cyemezo cyo kwirukana Deputy or a Senator ; l’exclusion d’un Député ou Umudepite cyangwa d’un Sénateur ; Umusenateri; 12° gutanga ibisobanuro 12° providing authentic 12° donner l'interprétation mpamo ku muco gakondo interpretation of custom authentique de la coutume utanditse mu gihe which is unwritten where en cas de silence de la loi. amategeko yanditse ntacyo written laws are silent. abivugaho.

Itegeko ngenga rigena imiterere, An Organic Law shall determine the Une loi organique détermine imikorere, n’ububasha by’Urukiko organisation, functioning and l’organisation, le rw’Ikirenga. jurisdiction of the Supreme Court. fonctionnement et les compétences de la Cour Suprême.

Ingingo ya 146: Article 146: Article 146 Urukiko rw’Ikirenga ruyoborwa na The Supreme Court shall be headed La Cour Suprême est dirigée par un Perezida wungirijwe na Visi- by a President, assisted by a Vice- Président, assisté d’un Vice- Perezida hamwe n’abandi President and twelve (12) other Président et de douze (12) autres bacamanza cumi na babiri (12). judges. juges.

Bose ni abacamanza b’umwuga. They shall all be career judges. Ils sont tous juges de carrière.

Bibaye ngombwa itegeko ngenga Where necessary, an Organic Law Une loi organique peut, en cas de rishobora kongera cyangwa may increase or reduce the number besoin, augmenter ou réduire le kugabanya umubare w’abacamanza of judges of the Supreme Court. nombre des juges de la Cour b’Urukiko rw’Ikirenga. Suprême.

Ingingo ya 147 : Ishyirwaho Article 147: Appointment of Article 147 : Nomination des juges ry’abacamanza b’Urukiko judges of the Supreme Court de la Cour Suprême (Révision n˚ rw’Ikirenga (Ivugururwa n˚ 04 ryo (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) 04 du 17/06/2010) ku wa 17/06/2010)

Perezida, Visi Perezida The President, the Vice President Le Président, le Vice-Président et les n’abacamanza b’Urukiko and the judges of the Supreme Court juges de la Cour Suprême sont rw’Ikirenga bashyirwaho n’Iteka rya shall be appointed by a Presidential nommés par arrêté présidentiel après - 69 -

Perezida bamaze kwemezwa na Order after the approval by the leur approbation par le Sénat. Le Sena. Perezida wa Repubulika Senate. The President of the Président de la République consulte abanza kugisha inama Inama Republic shall at first consult the d’abord le Conseil des Ministres et le y’Abaminisitiri n’Inama Nkuru Cabinet and the High Council of the Conseil Supérieur de la y’Ubucamanza. Judiciary. Magistrature.

Perezida, Visi Perezida The President, the Vice President Le Président, le Vice-Président et les n’abacamanza b’Urukiko and the judges of the Supreme Court juges de la Cour Suprême peuvent rw’Ikirenga bashobora kuvanwa ku may be removed from office on être relevés de leurs fonctions pour mirimo yabo kubera kwitwara nabi, account of serious misconduct, manque de dignité, incompétence ou kudashobora akazi cyangwa gukora incompetence or serious professional faute professionnelle grave, à ikosa rikomeye ku kazi bisabwe misconduct upon request by three l’initiative des trois cinquièmes (3/5) n’Umutwe w’Abadepite cyangwa fifths (3/5) of either the Chamber of des membres de la Chambre des Sena ku bwiganze bw’amajwi bwa Deputies or the Senate and shall be Députés ou du Sénat ; la décision est bitatu bya gatanu (3/5), removed by a two thirds (2/3) prise par les deux Chambres du bakavanwaho n’Inteko Ishinga majority votes of each Chamber of Parlement réunies en session Amategeko, Imitwe yombi iteranye, the Parliament, in a joint session. conjointe à la majorité de deux tiers ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) des membres de chaque (2/3) by’amajwi y’abagize buri Chambre. Mutwe.”

Ingingo ya 148: Urutonde Article 148: List of candidates as Article 148 : Liste des candidats rw’abakandida ku myanya judges of the Supreme Court juges à la Cour Suprême y’abacamanza b’Urukiko (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) rw’Ikirenga (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010)

Perezida wa Repubulika amaze The President of the Republic, after Le Président de la République, après kugisha inama Inama consultation with the Cabinet and the avis du Conseil des Ministres et du y’Abaminisitiri n’Inama Nkuru High Council of the Judiciary, shall Conseil Supérieur de la y’Ubucamanza ashyikiriza Sena submit to the Senate a list of Magistrature, propose, pour urutonde rw’abakandida bangana candidates whose number equals that approbation, au Sénat une liste des n’imyanya y’abacamanza mu of vacant posts of judges of the candidats juges dont le nombre Rukiko rw’Ikirenga isabirwa Supreme Court, for approval. équivaut à celui des postes vacants kuzuzwa, kugira ngo ibemeze. des juges à la Cour Suprême.

B. Urukiko Rukuru B. High Court B. Haute Cour

Ingingo ya 149 : Urukiko Rukuru Article 149 : High Court Article 149 : Haute Cour (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Hashyizweho Urukiko Rukuru; ifasi There is hereby established a High Il est institué une Haute Cour dont le yarwo ni Igihugu cyose. Court whose territorial jurisdiction ressort correspond à toute l’étendue shall be the whole country. de la République du Rwanda.

Urukiko Rukuru ruyoborwa na The High Court shall be headed by La Haute Cour est dirigée par le Perezida na Visi Perezida, the President and the Vice President Président et le Vice-Président bashyirwaho n’Iteka rya Perezida appointed by Presidential Order after nommés par arrêté présidentiel après bamaze kwemezwa na Sena. Mu their approval by the Senate. The leur approbation par le Sénat. Le kugena abakandida kuri iyo myanya, President of the Republic shall Président de la République, après Perezida wa Repubulika abanza submit to the Senate a list of consultation du Conseil des kugisha inama Inama y'Abaminisitiri candidates whose number equals that Ministres et du Conseil Supérieur de n'Inama Nkuru y’Ubucamanza. of vacant posts of judges after la Magistrature, propose au Sénat Urutonde rw’abakandida ashyikiriza consultation with the Cabinet and the une liste des candidats dont le Sena rugomba kungana n’imyanya High Council of the Judiciary. nombre équivaut à celui des postes y’abacamanza isabirwa kuzuzwa. vacants à pourvoir.

Urukiko Rukuru rufite ububasha The High Court shall have La Haute Cour est compétente pour - 70 -

bwo kuburanisha mu rwego rwa jurisdiction to try in the first instance connaître au premier degré de mbere bimwe mu byaha some types of felonies as well as certains crimes et des infractions à by’ubugome, kimwe n’ibyaha byo international or transboundaring caractère international ou mu rwego mpuzamahanga offences as may be determined by transfrontaliers définies par la loi. n’ibyambuka imipaka biteganywa Law. n’itegeko.

Ruburanisha mu rwego rwa mbere It shall in the first instance hear Elle juge au premier degré les imanza zerekeye kwica ingingo ya cases for violation of Articles 52, 53 affaires pour violation par les 52, iya 53 n’iya 54 z'Itegeko and 54 of the Constitution formations politiques des articles 52, Nshinga bikozwe n'imitwe ya committed by political organizations. 53 et 54 de la Constitution. politiki.

Rushinzwe kandi kuburanisha mu It shall also hear in the first instance Elle est aussi compétente pour rwego rwa mbere zimwe mu manza certain administrative cases, cases connaître au premier degré de zerekeranye n’iby’ubutegetsi, imitwe involving political organisations, certaines affaires administratives, ya politiki, amatora kimwe n’izindi election petitions and other cases as celles relatives aux formations manza ziteganywa n’itegeko. the law may determine. politiques, aux opérations électorales ainsi que d’autres affaires prévues par la loi.

Ruburanisha mu rwego rw’ubujurire It shall hear appeals from Elle connaît en appel et en dernier kandi bwa nyuma, mu buryo subordinate courts as a last appellate ressort, dans les conditions définies buteganyijwe n’amategeko, imanza court as the Law may determine. par la loi, des affaires jugées par zaciwe n’izindi nkiko. d’autres juridictions.

Rufite ingereko zikorera mu mafasi It shall have branches, which will sit Elle est dotée de chambres détachées anyuranye y’Igihugu mu buryo in different parts of the country as siégeant dans différents ressorts du buteganyijwe n’amategeko. the law may determine. pays selon les modalités définies par la loi.

Perezida na Visi Perezida b’Urukiko The President and the Vice Le Président et le Vice-Président de Rukuru bashobora kuvanwa ku President of the High Court may be la Haute Cour peuvent être relevés mirimo yabo kubera kwitwara nabi, removed from office on account of de leurs fonctions pour manque de kudashobora akazi cyangwa gukora serious misconduct, incompetence or dignité, incompétence ou faute ikosa rikomeye ku kazi, bisabwe serious professional misconduct professionnelle grave, à l’initiative n’Umutwe w’Abadepite cyangwa upon request by three fifths (3/5) of des trois cinquièmes (3/5) des Sena ku bwiganze bw’amajwi bwa either the Chamber of Deputies or membres de la Chambre des Députés bitatu bya gatanu (3/5), the Senate and shall be removed by a ou du Sénat ; la décision est prise par bakavanwaho n’Inteko Ishinga two thirds (2/3) majority votes of les deux Chambres du Parlement Amategeko, Imitwe yombi iteranye, each Chamber of the Parliament, in a réunies en session conjointe à la ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu joint session. majorité de deux tiers (2/3) des (2/3) by’amajwi y’abagize buri membres de chaque Chambre. Mutwe.

Itegeko ngenga rigena imiterere, An Organic Law shall determine the Une loi organique détermine ububasha n’imikorere byarwo. organization, jurisdiction and l’organisation, la compétence et le functioning of the High Court. fonctionnement de la Haute Court.

C. Ibyerekeye Urukiko C. Intermediate Court C. Tribunal de Grande Instance Rwisumbuye (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)

Ingingo ya 150: Ishyirwaho Article 150: Establishment of the Article 150: Création des ry’Inkiko zisumbuye Intermediate Courts Tribunaux de Grande Instance (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008) Hashyizweho Inkiko Zisumbuye. There are hereby established Il est institué des Tribunaux de - 71 -

Intermediate Courts. Grande Instance.

Itegeko Ngenga rigena imiterere, An Organic Law shall determine the Une loi organique détermine ububasha, n’imikorere by’Urukiko organisation, competence and l'organisation, la compétence et le Rwisumbuye n’ifasi ya buri Rukiko functioning of the Intermadiate fonctionnement du Tribunal de Rwisumbuye. Court and the territorial jurisdiction Grande Instance, ainsi que le ressort of each Intermediate Court. de chaque Tribunal de Grande Instance. D. Ibyerekeye Urukiko rw’Ibanze D. Primary Court D. Tribunal de Base (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008)

Ingingo ya 151: Ishyirwaho Article 151: Establishment of Article 151: Création des ry’Inkiko z’Ibanze Primary Courts Tribunaux de Base (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008) Hashyizweho Inkiko z’Ibanze. There are hereby established Primary Il est institué des Tribunaux de Courts. Base.

Itegeko ngenga rigena imiterere, An Organic Law shall determine the Une loi organique détermine ububasha n’imikorere by’Urukiko organisation, competence, l’organisation, la compétence et le rw’Ibanze n’ifasi ya buri Rukiko functioning of the Primary Court and fonctionnement du Tribunal de Base rw’Ibanze. territorial jurisdiction of each ainsi que le ressort de chaque Primary Court. Tribunal de Base.

Akiciro ka 2: Ibyerekeye inkiko Sub-section 2: Specialized Courts Sous-section 2: Des juridictions zihariye spécialisées

A. Ibyerekeye Inkiko Gacaca A. Gacaca Courts and the National A. Des Juridictions Gacaca et du n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Service for the follow-up of their Service National de Suivi de leurs gukurikirana ibikorwa byazo activities activités

Ingingo ya 152 : Inkiko Gacaca Article 152 : Gacaca Courts Article 152 : Juridictions Gacaca (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Hashyizweho Inkiko Gacaca There is hereby established Gacaca Il est instituté des juridictions zishinzwe gukurikirana no gucira Courts responsible for prosecuting Gacaca chargées des poursuites et du imanza abakoze icyaha cya jenoside and trying persons accused of the jugement des personnes accusées du yakorewe Abatutsi n’ibindi byaha crime of genocide perpetrated crime de génocide perpétré contre byibasiye inyokomuntu byakozwe against Tutsi and other crimes les Tutsi et d’autres crimes contre hagati y’itariki ya mbere Ukwakira against humanity which were l’humanité commises entre le 1 er 1990 n’iya 31 Ukuboza 1994, uretse committed between October 1 st 1990 octobre 1990 et le 31 décembre ibyaha amategeko ashinga izindi and December 31 st 1994 with the 1994, excepté ceux qui relèvent de la nkiko. exception of cases jurisdiction in compétence d’autres juridictions. respect of which is vested in other courts.

B. Ibyerekeye Inkiko za Gisirikare B. Military Courts B. Juridictions Militaires

Ingingo ya 153 : Article 153: Article 153: Inkiko za Gisirikare zigizwe Military courts comprise of the Les Juridictions Militaires sont n’Urukiko rwa Gisirikare n’Urukiko Military Tribunal and the Military composées du Tribunal Militaire et Rukuru rwa Gisirikare. High Court. de la Haute Cour Militaire.

Itegeko ngenga rigena imiterere, An Organic Law determines the Une loi organique détermine imikorere n’ububasha by’Inkiko za organization, jurisdiction and l’organisation, le fonctionnement et Gisirikare. functioning of Military courts. la compétence des juridictions militaires. - 72 -

1. Urukiko rwa Gisirikare 1. Military Tribunal 1. Tribunal Militaire

Ingingo ya 154 : Article 154: Article 154: Haseguriwe ibivugwa mu gika cya Without prejudice to the provisions Sans préjudice des dispositions de mbere cy’ingingo ya 155 y’iri of Article 155 paragraph one of this l’article 155, alinéa premier de la Tegeko Nshinga, Urukiko rwa Constitution, the Military Court tries présente Constitution, le Tribunal Gisirikare ruburanisha ku rwego rwa in the first instance all offences Militaire connaît au premier degré de mbere ibyaha byose byakozwe committed by military personnel toutes les infractions commises par n’abasirikare rutitaye ku ipeti ryabo. irrespective of their rank. les militaires quel que soit leur grade.

2. Urukiko Rukuru rwa Gisirikare 2. Military High Court 2. Haute Cour Militaire

Ingingo ya 155 : Article 155: Article 155: Urukiko Rukuru rwa Gisirikare The Military High Court shall try in La Haute Cour Militaire connaît au ruburanisha ku rwego rwa mbere the first instance, all offences which premier degré de toutes les ibyaha bihungabanya umutekano wa constitute a threat to national infractions d’atteinte à la sûreté de Leta n’iby'ubuhotozi byakozwe security and murder committed by l’Etat et d’assassinat commises par n’abasirikare rutitaye ku ipeti ryabo. soldiers irrespective of rank. les militaires quel que soit leur grade.

Ruburanisha ku rwego rw’ubujurire The Military High Court is an Elle connaît en appel des jugements imanza zose zaciwe n’Urukiko rwa appellate court in respect of rendus par le Tribunal Militaire. Gisikare. decisions rendered by the Military Tribunal.

Urukiko rw’Ikirenga ruburanisha ku The Supreme Court shall hear on La Cour Suprême connaît en appel et rwego rw’ubujurire kandi bwa appeal and at the last instance en dernier ressort des arrêts rendus nyuma imanza zaciwe n’Urukiko decisions of the Military High Court par la Haute Cour militaire dans les Rukuru rwa Gisirikare mu buryo in accordance with the provisions of conditions définies par la loi. buteganywa n’itegeko. the Law.

C. Ibyerekeye Inkiko z’Ubucuruzi C. Commercial courts C. Des juridictions de commerce (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008)

Ingingo ya 155 bis: Inkiko Article 155 bis : Commercial Article 155 bis : Juridictions de z’Ubucuruzi (Ivugururwa n˚ 04 ryo Courts (Amendment n˚ 04 of Commerce (Révision n˚ 04 du ku wa 17/06/2010) 17/06/2010) 17/06/2010)

Hashyizweho inkiko z’ubucuruzi There are hereby established the Il est institué des juridictions de ziburanisha imanza z’ubucuruzi. Izo commercial courts competent to try commerce pour juger les affaires nkiko ni Urukiko Rukuru commercial cases which are the commerciales. Ces juridictions sont rw’Ubucuruzi n’Inkiko z’Ubucuruzi. Commercial High Court and the la Haute Cour de Commerce et les Commercial Courts. Tribunaux de Commerce.

Perezida na Visi Perezida b’Urukiko The President and the Vice President Le Président et le Vice Président de Rukuru rw’Ubucuruzi bashyirwaho of the Commercial High Court shall la Haute Cour de Commerce sont n’Iteka rya Perezida bamaze be appointed by Presidential Order nommés par arrêté présidentiel après kwemezwa na Sena. Mu kugena after approval by the Senate. The leur approbation par le Sénat. Le abakandida kuri iyo myanya, President of the Republic shall Président de la République, après Perezida wa Repubulika abanza submit to the Senate a list of consultation du Conseil des kugisha inama Inama candidates whose number equals that Ministres et du Conseil Supérieur de y’Abaminisitiri n’Inama Nkuru of vacant posts of judges after la Magistrature, propose au Sénat y’Ubucamanza.Urutonde consultation with the Cabinet and the une liste des candidats dont le rw’abakandida ashyikiriza Sena High Council of Judiciary. nombre équivaut à celui des postes rugomba kungana n’imyanya vacants à pourvoir. y’abacamanza isabirwa kuzuzwa - 73 -

Abandi bacamanza b’inkiko Other judges of Commercial Courts Les autres juges des juridictions de z’ubucuruzi bashyirwaho shall be appointed in accordance commerce sont nommés hakurikijwe amategeko abigenga. with relevant Laws. conformément aux dispositions légales y relatives.

Perezida na Visi Perezida b’Urukiko The President and the Vice President Le Président et le Vice-Président de Rukuru rw’Ubucuruzi bashobora of the Commercial High Court may la Haute Cour de Commerce peuvent kuvanwa ku mirimo yabo kubera be removed from office on account être relevés de leurs fonctions pour kwitwara nabi, kudashobora akazi of serious misconduct, incompetence manque de dignité, incompétence ou cyangwa gukora ikosa rikomeye ku or serious professional misconduct faute professionnelle grave, à kazi bisabwe n’Umutwe upon request by three fifths (3/5) of l’initiative des trois cinquièmes (3/5) w’Abadepite cyangwa Sena ku either the Chamber of Deputies or des membres de la Chambre des bwiganze bw’amajwi bwa bitatu bya the Senate and shall be removed by a Députés ou du Sénat; la décision est gatanu (3/5), bakavanwaho n’Inteko two thirds (2/3) majority votes of prise par les deux Chambres du Ishinga Amategeko, Imitwe yombi each Chamber of the Parliament, in a Parlement réunies en session iteranye, ku bwiganze bwa bibiri bya joint session. conjointe à la majorité de deux tiers gatatu (2/3) by’amajwi y’abagize (2/3) des membres de chaque buri Mutwe. Chambre.

Itegeko ngenga rigena imiterere, An Organic Law shall determine the Une loi organique détermine imikorere n’ububasha by’inkiko organization, functioning and l’organisation, le fonctionnement et z’ubucuruzi. jurisdiction of Commercial Courts. la compétence des juridictions de commerce.

Akiciro ka 3: Ibyerekeye kurahira Sub-section 3: Oath of office of Sous-section 3: De la prestation de kw’abacamanza judges serment des juges

Ingingo ya 156 : Kurahira Article 156 : Taking Oath for Article 156 : Prestation de kw’abacamanza Judges serment des juges (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008) Perezida, Visi-Perezida The President, Vice President and Le Président, le Vice Président et les n’Abacamanza b’Urukiko Judges of the Supreme Court, the Juges de la Cour Suprême, les rw’Ikirenga, Perezida na Visi Presidents and Vice Presidents of the Présidents et les Vice Présidents de Perezida b’Urukiko Rukuru High Court and Commercial High la Haute Cour et de la Haute Cour de n’ab’Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi Court shall take the oath of office Commerce prêtent serment devant le barahirira imbere ya Perezida wa before the President of the Republic Président de la République en Repubulika, abagize Inteko Ishinga in the presence of the members of présence des membres du Parlement. Amategeko bahari. Parliament.

Abandi bacamanza barahirira imbere Other Judges shall take oath before Les autres juges prêtent serment y’abayobozi bavugwa mu itegeko authorities as prescribed by the Law devant les autorités indiquées par la ribagenga. governing them. loi qui les régit.

Icyiciro cya 3 : Ibyerekeye Inama Section 3 : The High Council of the Section 3: Du Conseil Supérieur de Nkuru y’Ubucamanza Judiciary la Magistrature

Ingingo ya 157 : Ishyirwaho Article 157 : Establishment and Article 157 : Institution et n’inshingano by’Inama Nkuru responsibilities of the High attributions du Conseil Supérieur y’Ubucamanza (Ivugururwa n˚ 04 Council of the Judiciary de la Magistrature ryo ku wa 17/06/2010) (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010)

Hashyizweho Inama Nkuru There is hereby established a High Il est institué un Conseil Supérieur y’Ubucamanza. Mu byo ishinzwe Council of the Judiciary. Its de la Magistrature chargé notamment harimo: responsibilities shall include: de:

1° kwiga no gutanga inama, 1° to examine and, either on its 1° étudier, et de son initiative ou ibyibwirije cyangwa ibisabwe, own initiative, or upon request, sur demande, donner des avis, - 74 -

ku bibazo byose byerekeye to give advice on matters sur toute question intéressant imikorere y’ubutabera; relating to the functioning of the l’administration de la justice; justice system;

2° gufata ibyemezo ku ishyirwa ku 2° to take decisions relating to the 2° décider de la nomination, de la mirimo, izamurwa mu ntera, appointment, promotion or promotion et de la révocation ivanwa ku mirimo removal from office of judges des juges et en général de la ry’abacamanza, ku migendekere and management of the career gestion de la carrière des juges y’umwuga w’abacamanza batari in general and discipline of des juridictions autres que ab'Inkiko za Gisirikare, no judges with the exception of militaires et statuer en tant gufata ibyemezo nk’urwego judges of the military courts and qu’organe de discipline à leur rushinzwe imyitwarire yabo act as a body in charge of their égard, sauf en ce qui concerne uretse abashyirwaho n’izindi discipline save those appointed ceux qui sont nommés par nzego; by other organs; d’autres organes;

3° gutanga inama buri gihe ku 3° to advise on all proposals 3° donner des avis sur tout projet mushinga uwo ari wo wose wo relating to the establishment of ou toute proposition de création gushyiraho urukiko rushya a new court or bill governing d’une nouvelle juridiction ou cyangwa werekeye amategeko the statute of judges and other relatif au statut des juges ou du ngengamikorere y’abacamanza judicial personnel for whom it is personnel judicaire relevant de cyangwa y’abakozi b’inkiko responsible. sa compétence. ishinzwe.

Ingingo ya 158 : Abagize Inama Article 158 : Composition of the Article 158 : Composition du Nkuru y’Ubucamanza High Council of the Judiciary Conseil Supérieur de la (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) Magistrature 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008) Inama Nkuru y’Ubucamanza igizwe The High Council of the Judiciary Le Conseil Supérieur de la n’aba bakurikira : shall be composed of: Magistrature est composé des membres suivants :

1° Perezida w’Urukiko 1° the President of the 1° le Président de la Cour rw’Ikirenga, ari na we Supreme Court, who shall Suprême, Président de ushinzwe kuyiyobora; be the Chairperson; droit ; 2° Visi-Perezida w’Urukiko 2° the Vice-President of the 2° le Vice-Président de la rw’Ikirenga; Supreme Court; Cour Suprême ; 3° Umucamanza umwe (1) mu 3° one (1) judge from the 3° un (1) Juge de la Cour Rukiko rw’Ikirenga utorwa Supreme Court elected by Suprême élu par ses pairs ; na bagenzi be; his/her peers; 4° Perezida w’Urukiko 4° the Presidents of the High 4° les Présidents de la Haute Rukuru n’uw’Urukiko Court and the Commercial Cour et de la Haute Cour Rukuru rw’Ubucuruzi ; High Court; de Commerce ; 5° Umucamanza umwe (1) wo 5° one (1) judge from the 5° un (1) juge de la Haute mu Rukiko Rukuru n’undi High Court and another Cour et un autre juge de la umwe (1) wo mu Rukiko judge from Commercial Haute Cour de Commerce Rukuru rw’Ubucuruzi High Court elected by élus par leurs pairs ; batorwa na bagenzi babo; their peers; 6° Umucamanza umwe (1) 6° one (1) judge from 6° un (1) juge représentant uhagarariye abo mu nkiko Commercial Courts elected ceux des Tribunaux de z’ubucuruzi utorwa na by his/her peers to Commerce élu par ses bagenzi be; represent them; pairs ; 7° Abacamanza bahagarariye 7° judges from Intermediate 7° des juges représentant ceux abo mu Nkiko Zisumbuye Courts elected by their des Tribunaux de Grande batorwa na bagenzi babo; peers to represent them; Instance élus par leurs pairs ; 8° Abacamanza bahagarariye 8° judges from Primary 8° des juges représentant ceux abo mu Nkiko z’Ibanze Courts elected by their des Tribunaux de Base élus batorwa na bagenzi babo; peers to represent them; par leurs pairs ; 9° Abayobozi babiri (2) 9° two (2) deans of the 9° deux (2) Doyens des - 75 -

b’Amashami y’amategeko Faculties of Law of Facultés de Droit des muri Kaminuza no mu recognized universities and Universités et institutions mashuri makuru yemewe institutions of higher d’enseignement supérieur batorwa na bagenzi babo; learning elected by their agréées élus par leurs peers; pairs ; 10° Avoka umwe (1) 10° one (1) member of the Bar 10° un représentant des uhagarariye abagize Association elected by membres de l’ordre des urugaga rw’abavoka his/her peers to represent avocats élu pars ses pairs ; utorwa na bagenzi be; them; 11° Umuntu umwe (1) 11° one (1) representative of 11° un représentant du uhagarariye Minisiteri the Ministry of Justice Ministère de la Justice y’Ubutabera ugenwa na appointed by the Minister désigné par le Ministre Minisitiri ufite ubutabera in charge of Justice; ayant la justice dans ses mu nshingano ze; attributions ; 12° Perezida wa Komisiyo 12° the President of the 12° le Président de la y’Igihugu y’Uburenganzira National Commission of Commission Nationale des bwa Muntu; Human Rights; Droits de la Personne ; 13° Umuvunyi Mukuru; 13° the Ombudsman; 13° l’Ombudsman ; 14° Abandi bagenwa n’Itegeko 14° Other officers designated 14° Autres agents désignés par Ngenga rigena imiterere, by the Organic Law la loi organique portant ububasha n’imikorere determining the organisation, compétence by’Inama Nkuru organisation, powers and et fonctionnement du y’Ubucamanza. functioning of the High Conseil Supérieur de la Council of the Judiciary. Magistrature

Itegeko ngenga risobanura imiterere, An Organic Law shall determine the Une loi organique détermine ububasha n’imikorere by’Inama organisation, powers and functioning l’organisation, la compétence et le Nkuru y’Ubucamanza. Rigena kandi of the High Council of the Judiciary. fonctionnement du Conseil umubare w’abacamanza bavugwa It shall also determine the number of Supérieur de la Magistrature ainsi mu gace ka 7° n’aka 8° tw’iyi judges mentioned in points 7° and 8° que le nombre des juges indiqués ngingo. of this Article. aux points 7° et 8° du présent article.

Akiciro ka 4 : Ibyerekeye Abunzi Section 4: The Mediators Section 4: Des Conciliateurs

Ingingo ya 159: Article 159: Article 159: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa (Amendment n° 02 of 08/12/2005) (Revision n° 02 du 08/12/2005) 08/12/2005) Hashyizweho “Komite y’Abunzi” There is hereby established a Il est institué un «Comité de ishinzwe kunga ababuranyi igihe “Mediation Committee" responsible Conciliateurs » destiné à fournir un cyose mbere yo gushyikiriza urukiko for mediation between parties to cadre de conciliation obligatoire ruburanisha mu rwego rwa mbere certain disputes involving matters préalable à la saisine des juridictions ibirego mu manza zimwe zigenwa determined by Law prior to the filing de premier degré siégeant dans n’itegeko. of a case with the court of first certaines affaires définies par la loi. instance.

Komite y’Abunzi igizwe n’abantu The Mediation Committee shall Le Comité des Conciliateurs est b’inyangamugayo kandi bazwiho comprise of persons of integrity and composé de personnes intègres et ubushobozi bwo kunga. acknowledged for their mediating reconnues pour leur aptitude à skills. concilier.

Itegeko Ngenga rigena imiterere, An Organic Law shall determine the Une loi organique détermine ifasi, ububasha n’imikorere bya organization, the territorial l’organisation, le ressort, la Komite y’Abunzi. Rigena kandi jurisdiction, the competence and the compétence et le fonctionnement du umubare w’abayigize n’urwego functioning of Mediation Comité des Conciliateurs. Elle ruyitora. Committee. It shall also determine précise en outre le nombre de ses the number that comprise the membres et l’organe qui l’élit. mediation committee and the organ that elects it - 76 -

INTERURO YA V: IBYEREKEYE TITLE V: PUBLIC TITRE V: ORGANE NATIONAL UBUSHINJACYAHA PROSECUTION DE POURSUITE

UMUTWE WA MBERE : CHAPTER ONE: THE IBYEREKEYE NATIONAL PUBLIC CHAPITRE PREMIER : DE UBUSHINJACYAHA BUKURU PROSECUTION AUTHORITY L’ORGANE NATIONAL DE (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) POURSUITE JUDICIAIRE 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008)

Ingingo ya 160: Ishyirwaho Article 160: Establishment of the Article 160 : Création de l’Organe ry’Urwego rw’Ubushinjacyaha National Public Prosecution National de Poursuite Judiciaire Bukuru (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku Authority (Amendment n˚ 04 of (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) wa 17/06/2010) 17/06/2010)

Hashyizweho Urwego There is hereby established a Il est institué un Organe National de rw’Ubushinjacyaha Bukuru National Public Prosecution Poursuite Judiciaire chargé de rushinzwe gukora iperereza no Authority charged with the l’instruction et de la poursuite des gukurikirana ibyaha mu gihugu hose. responsibility of prosecuting infractions sur toute l’étendue du offences country wide. territoire national.

Imiterere, imikorere n’ububasha The organisation, functioning and L’organisation, le fonctionnement et by’Ubushinjacyaha Bukuru bigenwa competence of the National Public la compétence de l’Organe National n’itegeko ngenga. Prosecution Authority shall be de Poursuite Judiciaire sont determined by an Organic Law. déterminés par une loi organique.

Ibyerekeranye na sitati n’imyitwarire A Law shall determine the statutes Une loi détermine le statut et le code y’abashinjacyaha bigengwa and the code of ethics of the d’ethique des officiers de poursuite n’itegeko. prosecutors. judiciaire.

Ingingo ya 161 : Inzego zigize Article 161 : Composition of the Article 161 : Composition de Ubushinjacyaha Bukuru National Public Prosecution l’Organe National de Poursuite (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa Authority (Amendment n˚ 04 of Judiciaire (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010) 17/06/2010)

Ubushinjacyaha Bukuru ni urwego The National Prosecution Authority L’Organe National de Poursuite rumwe. Rugizwe n’Ibiro is a single institution. It shall Judiciaire constitue un organe by’Umushinjacyaha Mukuru, comprise of the Office of the unique. Il est composé du Bureau du Ubushinjacyaha ku rwego Prosecutor General, public Procureur Général et un service de Rwisumbuye n’Ubushinjacyaha ku prosecution at the Intermediate level poursuite judiciaire au niveau de rwego rw’Ibanze. and public prosecution at the Grande Instance et de Base. Primary level.

Urwego rw’Ibiro The Office of the Prosecutor General Le Bureau du Procureur Général est by’Umushinjacyaha Mukuru shall be comprised of the Prosecutor composé du Procureur Général, du rugizwe n’Umushinjacyaha Mukuru, General, the Deputy Prosecutor Procureur Général Adjoint et des Umushinjacyaha Mukuru Wungirije General and National Prosecutors. Procureurs nationaux. n’Abashinjacyaha ku rwego rw’Igihugu.

Umushinjacyaha Mukuru The Prosecutor General and the Le Procureur Général et le Procureur n’Umushinjacyaha Mukuru Deputy Prosecutor General shall be Général Adjoint sont nommés par Wungirije bashyirwaho n’Iteka rya appointed by Presidential Order arrêté présidentiel après leur Perezida bamaze kwemezwa na upon approval by the Senate. The approbation par le Sénat. Le Sena. Mu kugena umukandida President of the Republic shall Président de la République propose umwe kuri buri mwanya, Perezida submit one candidate for each un seul candidat à chaque poste wa Repubulika abanza kugisha position after consultation with the après consultation du Conseil des inama Inama y’Abaminisitiri Cabinet and the High Council of the Ministres et du Conseil Supérieur de n’Inama Nkuru y’Ubushinjacyaha. National Public Prosecution l’Organe National de Poursuite Authority. Judiciaire. - 77 -

Abandi bashinjacyaha bashyirwaho Other prosecutors shall be appointed Les autres officiers de poursuite n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe by a Prime Minister’s Order upon judiciaire sont nommés par arrêté du nyuma yo kwemezwa n’Inama approval by the High Council of the Premier Ministre après approbation Nkuru y’Ubushinjacyaha. National Public Prosecution du Conseil Supérieur de l’Organe Authority. National de Poursuite Judiciaire.

Umushinjacyaha Mukuru The Prosecutor General and the Le Procureur Général et le Procureur n’Umushinjacyaha Mukuru Deputy Prosecutor General shall be Général Adjoint sont nommés pour Wungirije bashyirirwaho manda appointed for a five (5) year term un mandat de cinq (5) ans y’imyaka itanu (5) ishobora renewable only once. renouvelable une seule fois. kongerwa rimwe gusa.

Itegeko ryerekeye sitati The Law on the statutes of La loi relative au statut des officiers y’abashinjacyaha rigena ibirebana Prosecutors shall determine the term de poursuite judiciaire détermine le na manda y’abashinjacyaha of office of the Chief Intermediate mandat des procureurs en chef au bayobora ubushinjacyaha ku rwego Prosecutors. niveau de grande instance. rwisumbuye.

Ingingo ya 162 : Imikoranire Article 162 : Relationship between Article 162 : Rapport entre y’Ubushinjacyaha Bukuru na the National Public Prosecution l’Organe National de Poursuite Minisitiri ufite ubutabera mu Authority and the Minister in Judiciaire et le Ministre ayant la nshingano ze n’izindi nzego charge of justice and other organs justice dans ses attributions et les (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Amendment n° 03 of 13/08/2008) autres institutio ns 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/08/2008)

Ubushinjacyaha Bukuru bugengwa The National Public Prosecution L‘Organe National de Poursuite mu mirimo yabwo na Minisitiri ufite Authority shall be under the Judiciaire est placé sous l’autorité du Ubutabera mu nshingano ze. authority of the Minister in charge of Ministre ayant la justice dans ses Justice. attributions.

Mu byerekeranye no gukurikirana In matters relating to prosecution of En matière de poursuite ibyaha, Minisitiri ufite ubutabera mu offences, the Minister in charge of d’infractions, le Ministre ayant la nshingano ze agena politiki rusange Justice shall determine general justice dans ses attributions définit la kandi ashobora, mu nyungu rusange, policy and may, for public interest, politique générale et peut, dans guha Umushinjacyaha Mukuru, issue written instructions to the l’intérêt général, donner des amabwiriza yanditse amutegeka Prosecutor General to undertake or injonctions écrites de poursuite ou de cyangwa amubuza gukurikirana. refrain from investigating and non poursuite au Procureur Général. prosecuting an offence.

Ashobora kandi, iyo byihutirwa, mu He/she may also, in cases of urgency Il peut également, en cas d’urgence nyungu rusange, guha and in public interest, issue written et dans l’intérêt général, donner des umushinjacyaha uwo ari we wese instructions to any Prosecutor to injonctions écrites à tout procureur amabwiriza yanditse amutegeka investigate and prosecute or refrain lui obligeant de mener ou ne pas cyangwa amubuza gukurikirana from investigating and prosecuting mener une action publique et en akabimenyesha Umushinjacyaha an offence and inform the Prosecutor réserve copie au Procureur Général. Mukuru. General of such instructions.

Abashinjacyaha bafite ubwigenge ku Prosecutors shall be independent Les officiers de poursuite judiciaire baburanyi no ku bacamanza from parties to judicial proceedings sont pleinement indépendants des b‘Inkiko. and judges. parties et des juges.

UMUTWE WA II : CHAPTER II: THE MILITARY CHAPITRE II: DE IBYEREKEYE PROSECUTION DEPARTMENT L’AUDITORAT MILITAIRE UBUSHINJACYAHA BWA GISIRIKARE

Ingingo ya 163: Article 163: Article 163: Hashyizweho Ubushinjacyaha bwa There is hereby established the Il est institué un Auditorat Militaire Gisirikare bushinzwe gukurikirana Military Prosecution Department chargé de la poursuite des infractions - 78 -

ibyaha bikozwe n’abantu responsible for the prosecution of commises par les personnes baburanishwa n’inkiko za gisirikare. offences committed by persons justiciables des juridictions Bukurikirana ibyaha biburanishwa subject to the jurisdiction of military militaires. Il exerce l’action publique mu nkiko za Gisirikare. courts. It shall investigate and devant les juridictions militaires. prosecute offences before military courts.

Ingingo ya 164: Article 164: Article 164: Ubushinjacyaha bwa Gisirikare The Military Prosecution L’Auditorat Militaire est dirigé par buyoborwa n’Umushinjacyaha Department is headed by the un Auditeur Général Militaire assisté Mukuru wa Gisirikare yunganiwe Military Prosecutor General assisted d’un Auditeur Général Militaire n’Umushinjacyaha Mukuru wa by the Deputy Military Prosecutor Adjoint. Gisirikare wungirije. General.

Itegeko ngenga rigena imiterere, An Organic Law shall determine the Une loi organique détermine ububasha n’imikorere organization, jurisdiction and l’organisation, la compétence et le y’Ubushinjacyaha bwa gisirikare. functioning of the military fonctionnement de l’Auditorat prosecution department. Militaire.

UMUTWE WA III: CHAPTER III: THE HIGH CHAPITRE III: DU CONSEIL IBYEREKEYE INAMA NKURU COUNCIL OF THE NATIONAL SUPERIEUR DE L’ORGANE Y’UBUSHINJACYAHA PUBLIC PROSECUTION NATIONAL DE POURSUITE AUTHORITY JUDICIAIRE

Ingingo ya 165 : Ishyirwaho Article 165 : Establishment of the Article 165 : Institution du Conseil ry’Inama Nkuru High Council of the National Supérieur de l’Organe National de y’Ubushinjacyaha Public Prosecution Authority Poursuite Judiciaire (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Hashyizweho Inama Nkuru There is hereby established a High Il est institué un Conseil Supérieur y’Ubushinjacyaha. Council of the National Public de l’Organe National de Poursuite Prosecution Authority. Judiciaire.

Inshingano zayo ni ugutanga Its mission shall be to provide Sa mission est de donner les grandes imirongo migari ngenderwaho no general policy guidelines and to lignes directrices et d’assurer le bon gutuma habaho imikorere myiza ensure the smooth functioning of the fonctionnemen de l’Organe National y’ubushinjacyaha mu gihugu cyose. Public Prosecution in the whole de Poursuite dans tout le pays. country.

Itegeko ngenga rigena imiterere, An organic law shall determine the Une loi organique détermine ububasha n’imikorere by’Inama organisation, powers and functioning l’organisation, la compétence et le Nkuru y’Ubushinjacyaha. of the High Council of the National fonctionnement du Conseil Public Prosecution Authority. Supérieur de l’Organe National de Poursuite Judiciaire.

Ingingo ya 166: Indahiro Article 166 : Oath of office of the Article 166 : Prestation de serment y’abashinjacyaha (Ivugururwa n˚ Prosecutors (Amendment n˚ 04 of des Officiers de Poursuite 04 ryo ku wa 17/06/2010) 17/06/2010) Judiciaire (Révision n˚ 04 du 17/06/2010)

Umushinjacyaha Mukuru The Prosecutor General and the Le Procureur Général et le Procureur n’Umushinjacyaha Mukuru Deputy Prosecutor General shall take Général Adjoint prêtent serment wungirije barahirira imbere ya oath of office before the President of devant le Président de la République Perezida wa Repubulika, abagize the Republic in the presence of the en présence des Membres du Inteko Ishinga Amategeko bahari. Members of Parliament. Parlement.

Abandi Bashinjacyaha barahirira Other Prosecutors shall take oath of Les autres officiers de poursuite imbere y’abayobozi bavugwa mu office before the authorities specified judiciaire prêtent serment devant les - 79 -

itegeko ribagenga. by the Law governing them. autorités prévues par la loi qui les régit.

INTERURO YA VI TITLE VI: THE TITRE VI: DES POUVOIRS :IBYEREKEYE UBUTEGETSI DECENTRALISED DECENTRALISES BW’IBANZE AUTHORITIES

UMUTWE WA MBERE : CHAPTER I: GENERAL CHAPITRE PREMIER: IBYEREKEYE INGINGO PROVISIONS DISPOSITIONS GENERALES RUSANGE

Ingingo ya 167: Article 167: Article 167: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa (Amendment n° 02 of 08/12/2005) (Révision n° 02 du 08/12/2005) 08/12/2005)

Ubutegetsi bwa Leta bwegerezwa Public administration shall be Les pouvoirs de l’Etat sont abaturage mu nzego z’ibanze decentralized in accordance with the décentralisés au profit des entités hakurikijwe Itegeko. Bukurikiranwa provisions of the Law. Decentralized administratives locales na Minisiteri ifite ubutegetsi entities shall fall under the Ministry conformément à une loi. Ces bw’Igihugu mu nshingano zayo. in charge of local government. pouvoirs relèvent du Ministère ayant l'administration locale dans ses attributions.

Itegeko rigena inzego z’imitegekere A Law shall determine decentralized Une loi détermine les entités y’Igihugu ku rwego rw’ibanze local administrative entities with administratives locales zegereye abaturage zifite legal personality and administrative décentralisées dotées de la ubuzimagatozi n’ubwisanzure mu and financial autonomy. Such personnalité juridique et de byerekeye ubutegetsi n’imari. Izo entities shall be basic foundation of l’autonomie administrative et nzego ni zo shingiro ry’iterambere community development. financière. Ces entités constituent la ry’abaturage. base du développement communautaire.

Inzego z’ibanze zifite ubuzimagatozi Local administrative entities with Les entités administratives locales zifite uburenganzira bwo kuba legal personality shall be entitled to dotées de la personnalité juridique abanyamuryango b'ingaga zo mu become members of national and peuvent adhérer à des organisations gihugu cyangwa mpuzamahanga international organisations which nationales ou internationales ziharanira guteza imbere ubuyobozi promote development through œuvrant en matière de bwegereye abaturage. decentralisation. décentralisation.

Itegeko rigena imitunganyirize, A Law shall determine the Une loi détermine l’organisation, le imikorere n’imikoranire y’izo nzego organisation, the functioning and the fonctionnement de ces entités n’izindi nzego zinyuranye zifite collaboration between these organs décentralisées et leurs relations avec uruhare mu miyoberere no mu and various other organs which have d’autres organes participant à iterambere ry’Igihugu. Itegeko a role in the administration and l’administration et au développement riteganya kandi uko Guverinoma development of the country. A Law du pays. Une loi organise le transfert yegurira izo nzego ububasha, shall also determine the manner in de compétences, de ressources et umutungo n’ibindi byangombwa. which the Government transfers d’autres moyens du Gouvernement powers, property and other resources central aux entités décentralisées. to decentralized entities.

UMUTWE WA II : CHAPTER II: THE NATIONAL CHAPITRE II: DU CONSEIL IBYEREKEYE INAMA DIALOGUE COUNCIL NATIONAL DE DIALOGUE Y’IGIHUGU Y’UMUSHYIKIRANO

Ingingo ya 168: Article 168: Article 168: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa (Amendment n° 02 of 08/12/2005) (Révision n° 02 du 08/12/2005) 08/12/2005) Hashyizweho “Inama y’Igihugu There is hereby established a Il est institué un « Conseil National - 80 -

y’Umushyikirano”. Ihuza Perezida “National Dialogue Council”. It shall de Dialogue». Il réunit le Président wa Repubulika n’abahagarariye bring together the President of the de la République et les représentants Inama Njyanama z’Inzego z’Ibanze Republic and representatives of des Conseils des entités zifite ubuzimagatozi batorwa na councils of local administrative administratives locales dotées de la bagenzi babo. Iyoborwa na Perezida entities with legal personality elected personnalité juridique élus par leurs wa Repubulika ikaba kandi irimo by their peers. It shall be chaired by pairs. Il est présidé par le Président n’abagize Guverinoma, Inteko the President of the Republic and be de la République en présence des Ishinga Amategeko n’abandi attended by members of the Cabinet membres du Gouvernement, du Perezida wa Repubulika yagena. and Parliament, and such others as Parlement ainsi que d'autres Umubare w’abahagarariye Inama may be determined by the President personnes que pourrait désigner le Njyanama z’Inzego z’Ibanze zifite of the Republic. The number of Président de la République. Le ubuzimagatozi mu Nama y’Igihugu representatives of councils of local nombre des représentants des y’Umushyikirano ugenwa na administrative entities with legal Conseils des entités administratives Perezida wa Repubulika. personality in the National Dialogue locales dotées de la personnalité Council is determined by the juridique au sein du Conseil National President of the Republic. de Dialogue est déterminé par le Président de la République.

Iyo Nama iterana nibura rimwe (1) The Council shall meet at least once Le Conseil se réunit au moins une mu mwaka. Mu bibazo isuzuma (1) a year. It shall debate, among (1) fois par an. Il débat entre autres harimo ibyerekeye uko Igihugu others, on issues relating to the state des questions relatives à l’état de la n’Ubuyobozi bw’ibanze bimeze of the Nation, the state of local Nation, l’état des pouvoirs locaux et ndetse n’ibyerekeye ubumwe governments and national unity. de l’unité nationale. bw’Abanyarwanda.

Imyanzuro y’iyo Nama ishyikirizwa Resolutions of the Council shall be Les recommandations issues dudit inzego zibishinzwe kugira ngo submitted to the concerned State Conseil sont transmises aux zirusheho gutunganya imirimo institutions to enable them to institutions et services concernés afin zikorera abaturage. improve their services to the d’améliorer les services rendus à la population. population.

INTERURO YA VII: TITLE VII: NATIONAL TITRE VII: DE LA SECURITE IBYEREKEYE UMUTEKANO DEFENCE AND SECURITY ET DE LA DEFENSE NO KURINDA IGIHUGU NATIONALES

Ingingo ya 169: Inzego zishinzwe Article 169: Security organs Article 169 : Organes de sécurité umutekano (Ivugururwa n˚ 04 ryo (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) ku wa 17/06/2010)

Leta ifite inzego zishinzwe The State shall have the following L’Etat dispose des organes de umutekano zikurikira: security organs: sécurité ci-après :

1° Ingabo z'u Rwanda; 1° the Rwanda Defence 1° les Forces Rwandaises de Forces; Défense; 2° Polisi y'u Rwanda; 2° the Rwanda National 2° la Police Nationale du Police; Rwanda; 3° Urwego rw'Igihugu 3° the National Intelligence 3° le Service National de rushinzwe Iperereza and Security Service. Renseignements et de n’Umutekano. Sécurité.

Itegeko rishobora kugena izindi A Law may determine other security Une loi peut déterminer d'autres nzego z'umutekano. organs. organes de sécurité.

- 81 -

UMUTWE WA MBERE: CHAPTER I: THE RWANDA CHAPITRE PREMIER: DE LA IBYEREKEYE POLISI NATIONAL POLICE POLICE NATIONALE DU Y’URWANDA RWANDA

Ingingo ya 170 : Amahame Polisi Article 170: Principles governing Article 170 : Principes régissant la y’u Rwanda igenderaho the Rwanda National Police Police Nationale du Rwanda (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Polisi y’u Rwanda ifite ububasha mu The Rwanda National Police shall La Police Nationale du Rwanda gihugu hose. exercise its authority over the entire exerce ses compétences sur national territory. l’ensemble du territoire national.

Igomba gukorera abaturage ishingiye It shall serve the people particularly Elle doit servir le peuple notamment cyane cyane ku mahame akurikira: on the basis of the following sur base des principes suivants: principles: 1° kubumbatira uburenganzira 1° safeguarding the 1° sauvegarder les droits bw’ibanze buteganywa fundamental rights fondamentaux définis par la n’Itegeko Nshinga n’andi guaranteed by the Constitution et par d’autres mategeko; Constitution and other lois ; laws; 2° kubumbatira umutekano 2° protection of the security of 2° assurer la sécurité des biens et w’abantu n’ibintu; people and property; des personnes;

3° kugira imikoranire myiza 3° harmonious collaboration 3° bien collaborer avec la n’abaturage; with the community; population;

4° kugaragariza abaturage 4° informing the population 4° tenir la population informée de uburyo yuzuza inshingano on how it fulfils its l’exécution de sa mission; zayo; mission;

5° kumva ko abaturage bafite 5° accountability of the 5° reconnaître à la population le uburenganzira bwo Rwanda National Police to droit de contrôler son kugenzura imikorere yayo. the community. fonctionnement.

Itegeko rigena ububasha, inshingano, A Law shall determine the powers, Une loi détermine la compétence, la imitunganyirize n’imikorere bya mission, organisation and mission, l’organisation et le Polisi y’u Rwanda. functioning of the Rwanda National fonctionnement de la Police Police. Nationale du Rwanda.

Ingingo 171 : Yavanyweho Article 171 : Repealed by the Article 171 : Abrogé par la Révision n’Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

UMUTWE WA II : CHAPTER II: THE NATIONAL CHAPITRE II: DU SERVICE IBYEREKEYE URWEGO INTELLIGENCE AND NATIONAL DE RW’IGIHUGU RUSHINZWE SECURITY SERVICE RENSEIGNEMENT ET DE IPEREREZA N‘UMUTEKANO SECURITE

Ingingo ya 172: Ishyirwaho Article 172: Establishment of the Article 172: Institution du Service ry’Urwego rw’Igihugu rushinzwe National Intelligence and Security National de Renseignements et de Iperereza n’Umutekano Service (Amendment n˚ 04 of Sécurité (Révision n˚ 04 du (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010) 17/06/2010) 17/06/2010

Hashyizweho Urwego rw’Igihugu There is hereby established a Il est institué un Service National de rushinzwe Iperereza n’Umutekano. National Intelligence and Security Renseignements et de Sécurité. Service.

- 82 -

Itegeko rigena ububasha, inshingano, A Law shall determine the powers, Une loi détermine la compétence, la imiterere, imikorere by'Urwego mission, organisation and mission, l’organisation et le rw'Igihugu rushinzwe Iperereza functioning of the National fonctionnement du Service National n’Umutekano. Intelligence and Security Service. de Renseignements et de Sécurité.

UMUTWE WA III : CHAPTER III: RWANDA CHAPITRE III: DES FORCES IBYEREKEYE INGABO Z'U DEFENCE FORCES RWANDAISES DE DEFENSE RWANDA

Ingingo ya 173 : Ingabo z’u Article 173 : Rwanda Defence Article 173: Forces Rwandaises de Rwanda Forces (Amendment n˚ 04 of Défense (Révision n˚ 04 du (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010) 17/06/2010) 17/06/2010)

Kurinda Igihugu bikorwa n’Ingabo National defence is the responsibility La défense nationale est assurée par z’Igihugu z’umwuga zitwa “Ingabo of a professional military force une armée nationale de profession z'u Rwanda“. known as the "Rwanda Defence dénommée « Forces Rwandaises de Forces". Défense».

Itegeko rigena inshingano, imiterere A Law shall determine the mission, Une loi détermine la mission, n'ububasha by'Ingabo z'u Rwanda. organisation and powers of the l'organisation et la compétence des Rwanda Defence Forces. Forces Rwandaises de Défense.

Ingingo ya 174: Umugaba Article 174 : Chief of Defence Staff Article 174 : Chef d’Etat Major Mukuru w’Ingabo z’Igihugu (Amendment n° 03 of 13/08/2008) Général (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Révision n° 03 du 13/08/2008) 13/08/2008) Umugaba Mukuru w'Ingabo The Chief of Defence Staff shall be Le Chef d'Etat Major Général est z'Igihugu ni we ushinzwe ibikorwa responsible for operations and chargé des opérations et de n'ubuyobozi by'Ingabo z'Urwanda general administration of the l'administration générale des Forces muri rusange. Rwanda Defence Forces. Rwandaises de Défense.

Ingingo ya 175: Igabanywa Article 175 : Downsizing the Article 175 : Réduction des ry’umubare w’abagize Ingabo Rwanda Defence Forces effectifs des Forces Rwandaises de z’Igihugu (Amendment n° 03 of 13/08/2008) Défense (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa (Révision n° 03 du 13/8/2008) 13/08/2008) Leta y’u Rwanda ishobora The Government of Rwanda can L’Etat Rwandais peut, en cas de kugabanya umubare w’abagize downsize the Rwanda Defence besoin, procéder à la réduction des Ingabo z’Urwanda igihe bibaye Forces where it is deemed necessary. effectifs des Forces Rwandaises de ngombwa. Ishobora kandi gukura ku The Government can also discharge, Défense. Il peut également relever de murimo, gusubiza mu buzima demobilize or dismiss members of leurs fonctions, démobiliser ou busanzwe cyangwa kwirukana the Rwanda Defence Forces. A Law révoquer les éléments des Forces bamwe mu bagize Ingabo shall determine procedures for such Rwandaises de Défense. Une loi en z’Urwanda. Itegeko riteganya actions. détermine les modalités. uburyo bikorwa.

- 83 -

INTERURO YA VIII: TITLE VIII : NATIONAL TITRE VIII : COMMISSIONS KOMISIYO Z’IGIHUGU, COMMISSIONS, SPECIAL NATIONALES, ORGANES INZEGO ZIHARIYE, INAMA ORGANS, NATIONAL SPECIALISES, CONSEILS Z’IGIHUGU N’IBIGO BYA COUNCILS AND PUBLIC NATIONAUX ET LETA (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa INSTITUTIONS ETABLISSEMENTS PUBLICS 17/06/2010) (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010)

UMUTWE WA MBERE: CHAPTER I: GENERAL CHAPITRE PREMIER: DES INGINGO RUSANGE PROVISIONS DISPOSITIONS GENERALES (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Ingingo ya 176: Ishyirwaho rya za Article 176: Establishment of Article 176: Création des Komisiyo z’Igihugu, Inzego National Commissions, Specialized Commissions Nationales, Organes Zihariye, Inama z’Igihugu n’Ibigo Organs, National Councils and Spécialisés, Conseils Nationaux et bya Leta Public Institutions Etablissements Publics (Ivugurura n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Hashyizweho za Komisiyo The following National Il est institué des Commissions z’Igihugu, Inzego zihariye n’Inama Commissions, Specialized Organs Nationales, des Organes spécialisés z’Igihugu zishinzwe gufasha and National Councils with et des Conseils Nationaux ci-après gukemura ibibazo bikomeye responsibility of contributing in chargés de contribuer à régler des by’Igihugu zikurikira: resolving major issues facing the problèmes majeurs du pays : country are hereby established:

1° Komisiyo z‘Igihugu: 1° National Commissions: 1° Les Commissions Nationales :

a) Komisiyo y’Igihugu a) National Commission for a) La Commission Nationale y’Uburenganzira bwa Human Rights; des Droits de la Personne; Muntu; b) Komisiyo y’Igihugu b) National Unity and b) La Commission Nationale y’Ubumwe n’Ubwiyunge; Reconciliation de l’Unité et la Commission; Réconciliation; c) Komisiyo y’Igihugu yo c) National Commission to c) La Commission Nationale Kurwanya Jenoside; Fight against Genocide; de Lutte contre le Génocide; d) Komisiyo y’Igihugu d) National Electoral d) La Commission Nationale y’Amatora; Commission; Electorale;

e) Komisiyo y’Igihugu e) Public Service e) La Commission de la ishinzwe Abakozi ba Leta. Commission. Fonction Publique.

2° Inzego Zihariye: 2° Special Organs : 2° Les Organes Spécialisés :

a) Urwego rw’Umuvunyi; a) Office of the Ombudsman; a) L’Office de l’Ombudsman ; b) Urwego rw’Ubugenzuzi b) Office of the Auditor b) L’Office de l’Auditeur Bukuru bw’Imari ya Leta; General of State Finances; Général des Finances de l’Etat ; c) Urwego rushinzwe c) Gender Monitoring Office; c) L’Observatoire du Kugenzura Iyubahirizwa « Gender » ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagore n’Abagabo mu Iterambere ry’Igihugu;

d) Urwego rushinzwe Intwari d) Chancellery for Heroes and d) La Chancellerie des Héros z’Igihugu, Imidari National Orders and et des Ordres Nationaux ; - 84 -

n’Impeta by’ishimwe; Decorations of Honour;

3° Inama z’Igihugu : 3° National Councils : 3° Les Conseils Nationaux :

a) Inama y’Igihugu a) National Women Council; a) Le Conseil National des y’Abagore; Femmes ;

b) Inama y’Igihugu b) National Youth Council; b) Le Conseil National de la y’Urubyiruko; Jeunesse;

c) Inama y’Igihugu y’Abantu c) National Council of c) Le Conseil National des bafite ubumuga. Persons with Disabilities. Personnes Handicapées.

Itegeko rishobora gushyiraho izindi When deemed necessary, a Law may En cas de besoin, d’autres Komisiyo, izindi Nzego Zihariye establish other Commissions, Commissions, Organes Spécialisés et n’izindi Nama z’Igihugu igihe Specialized Organs and other Conseils Nationaux peuvent être bibaye ngombwa. Iryo tegeko National Councils. That Law shall créés par une loi. Cette loi en rinagena inshingano, imiterere determine their responsibilities, détermine la mission, l’organisation n’imikorere byazo. organisation and functioning. et le fonctionnement.

Itegeko ngenga rishyiraho An Organic Law shall establish Une loi organique fixe les amategeko rusange agenga ibigo bya general provisions governing Public dispositions générales applicables Leta. Institutions. aux Etablissements Publics.

UMUTWE WA II : KOMISIYO CHAPTER II: NATIONAL CHAPITRE II: COMMISSIONS Z’IGIHUGU COMMISSIONS NATIONALES

Ingingo ya 177: Komisiyo Article 177: National Commission Article 177: Commission Nationale y’Igihugu y’Uburenganzira bwa for Human Rights (Amendment n˚ des Droits de la Personne Muntu (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) wa 17/06/2010)

Komisiyo y’Igihugu The National Commission for La Commission Nationale des Droits y’Uburenganzira bwa Muntu ni Human Rights is an independent de la Personne est une commission Komisiyo y’Igihugu yigenga national Commission especially in nationale indépendante ishinzwe by’umwihariko guteza charge of the promotion of human spécialement chargée de la imbere uburenganzira bwa Muntu. rights. promotion des droits de la personne.

Komisiyo y’Igihugu The National Commission for La Commission Nationale des Droits y’Uburenganzira bwa Muntu Human Rights shall submit each de la Personne adresse chaque année ishyikiriza buri mwaka Inteko year its program and activity report son programme et rapport annuel Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, to both Chambers of Parliament in d’activités au Parlement, les deux porogaramu na raporo z’ibikorwa joint session and provide copies Chambres réunies, et en réserve byayo ikagenera kopi izindi nzego za thereof to other State Organs as may copie aux autres organes de l’Etat Leta ziteganywa n’itegeko. be determined by the Law. déterminés par la loi.

Itegeko rigena inshingano, imiterere A Law shall determine Une loi détermine la mission, n’imikorere by’iyo Komisiyo. responsibilities, organization and l’organisation et le fonctionnement functioning of this Commission. de cette Commission.

Ingingo ya 178 : Komisiyo Article 178 : National Unity and Article 178: Commission Nationale y’Igihugu y’Ubumwe Reconciliation Commission de l’Unité et la Réconciliation n’Ubwiyunge (Ivugururwa n˚ 04 (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) ryo ku wa 17/06/2010)

Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe The National Unity and La Commission Nationale de l’Unité n’Ubwiyunge ni Komisiyo y’Igihugu Reconciliation Commission is an et la Réconciliation est une yigenga ishinzwe by’umwihariko independent national commission commission nationale indépendante gushimangira ubumwe n’ubwiyunge responsible in particular for the spécialement chargée de la - 85 -

bw’Abanyarwanda. promotion of unity and consolidation de l’Unité et la reconciliation of Rwandans. réconciliation des Rwandais.

Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe The National Unity and La Commission Nationale de l’Unité n’Ubwiyunge ishyikiriza buri Reconciliation Commission shall et la Réconciliation adresse chaque mwaka Perezida wa Repubulika na submit each year its program and année son programme et rapport Sena porogaramu na raporo activity report to the President of the d’activités au Président de la z’ibikorwa byayo ikagenera kopi Republic and the Senate and provide République et au Sénat et en réserve izindi nzego za Leta ziteganywa copies thereof to other State organs copie aux autres organes de l’Etat n’itegeko. as may be determined by the Law. déterminés par la loi.

Itegeko rigena inshingano, imiterere A Law shall determine the Une loi détermine la mission, n’imikorere by’iyo Komisiyo. responsibilities, organization and l’organisation et le fonctionnement functioning of this Commission. de cette Commission.

Ingingo ya 179 : Komisiyo Article 179: National Commission Article 179: Commission Nationale y’Igihugu yo kurwanya Jenoside to Fight against Genocide de Lutte contre le Génocide (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya The National Commission to Fight La Commission Nationale de Lutte Jenoside ni Komisiyo y’Igihugu against Genocide is an independent contre le Génocide est une yigenga ishinzwe by’umwihariko national commission especially in commission nationale indépendante ibyerekeranye no kwibuka no charge of matters related to chargée spécialement de la kurinda jenoside no kuvuganira commemoration and prevention of conservation de la mémoire du abacitse ku icumu rya jenoside genocide and advocacy for the cause génocide, de la prévention du yakorewe Abatutsi haba mu gihugu of survivors of the genocide against génocide et du plaidoyer en faveur cyangwa hanze yacyo. the Tutsi both within and outside the des rescapés du génocide perpétré country. contre les Tutsi à l’intérieur comme à l’extérieur du pays.

Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya The National Commission to Fight La Commission Nationale de Lutte Jenoside ishyikiriza buri mwaka against Genocide shall submit each contre le Génocide adresse chaque Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe year its program and activity report année son programme et rapport yombi, na Guverinoma porogaramu to both Chambers of Parliament in d’activités au Parlement, les deux na raporo z’ibikorwa byayo joint session and to the Cabinet and Chambres réunies, et au ikagenera kopi izindi nzego za Leta provide a copy thereof to other State Gouvernement et en réserve copie ziteganywa n’itegeko . organs as may be determined by the aux autres organes de l’Etat Law. déterminés par la loi.

Itegeko rigena inshingano, imiterere A Law shall determine the Une loi détermine la mission, n’imikorere by’iyo Komisiyo. responsibilities, organization and l'organisation et le fonctionnement functioning of this Commission. de cette Commission.

Ingingo ya 180 : Komisiyo Article 180 : National Electoral Article 180: Commission Nationale y’Igihugu y’Amatora Commission Electorale (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ni The National Electoral Commission La Commission Nationale Electorale Komisiyo yigenga ishinzwe is an independent commission est une Commission indépendante ibyerekeranye n’amatora responsible for local, legislative, chargée des élections locales, y’abayobozi b’Inzego z’ibanze, presidential elections, referendum législatives, présidentielles, ay’abagize Inteko Ishinga and other elections determined by référendaires et autres élections Amategeko, aya Perezida wa the Law. prévues par la loi. Repubulika, aya referendumu n’ay’abandi yagenwa n’itegeko.

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora The National Electoral Commission La Commission Nationale Electorale - 86 -

ishyikiriza buri mwaka Perezida wa shall submit each year its program adresse chaque année le programme Repubulika porogaramu na raporo and activity report to the President of et le rapport d’activités au Président z’ibikorwa byayo, izindi nzego the Republic and provide a copy de la République et en réserve copie ziteganywa n’itegeko zikagenerwa thereof to other State organs as may aux autres organes de l’Etat kopi. be determined by the Law. déterminés par la loi.

Itegeko rigena inshingano, imiterere A Law shall determine the Une loi détermine la mission, n’imikorere by’iyo Komisiyo. responsibilities, organization and l’organisation et le fonctionnement functioning of this Commission. de cette Commission.

Ingingo ya 181: Komisiyo ishinzwe Article 181: Public Service Article 181: Commission de la Abakozi ba Leta (Ivugururwa n˚ Commission (Amendment n˚ 04 of Fonction Publique (Révision n˚ 04 04 ryo ku wa 17/06/2010) 17/06/2010) du 17/06/2010)

Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta The Public Service Commission is La Commission de la Fonction ni Komisiyo yigenga ifite mu an independent commission Publique est une commission nshingano zayo kugenzura uko responsible for ensuring that indépendante chargée de superviser inzego za Leta zishyira mu bikorwa policies, principles and laws la mise en application des politiques, politiki, amahame n’amategeko governing Public Service principes et la règlementation relatifs ajyanye no gushaka no gucunga recruitments and administration are au recrutement et à l’administration Abakozi ba Leta. Komisiyo igeza adhered to and put into effect by all des agents de l’Etat. La Commission raporo ku Nteko Ishinga Amategeko Government institutions. The Public de la Fonction Publique adresse le na Guverinoma. Service Commission shall submit its rapport d’activités au Parlement et activity report to the Parliament and au Gouvernement. the Cabinet.

Itegeko rigena inshingano, imiterere A Law shall determine the Une loi détermine la mission, n’imikorere by’iyo Komisiyo. responsibilities, organization and l’organisation et le fonctionnement functioning of this Commission. de cette Commission.

UMUTWE WA III : INZEGO CHAPTER III: SPECIAL CHAPITRE III: ORGANES ZIHARIYE ORGANS SPECIALISES (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Ingingo ya 182 : Urwego Article 182: Office of the Article 182: Office de rw’Umuvunyi Ombudsman l’Ombudsman (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Urwego rw’Umuvunyi ni urwego The Office of the Ombudsman is an L’Office de l’Ombudsman est une rw’Igihugu rwigenga mu mikorere independent public institution. It institution publique indépendante yarwo. Mu byo rushinzwe harimo shall inter alia be responsible for dans l’exercice de ses attributions. Il gukumira no kurwanya akarengane, preventing and fighting against est chargé notamment de prévenir et ruswa n'ibyaha bifitanye isano na yo injustice, corruption and other combattre l’injustice, la corruption et no kwakira inyandiko zigaragaza related crimes and receiving true les infractions connexes et de imitungo nyakuri y’abantu bagenwa declaration of assets of the persons recevoir la déclaration sur l’honneur n’itegeko. determined by the law. des biens et patrimoines des personnes déterminées par la loi.

Urwego rw’Umuvunyi rushyikiriza The Office of Ombudsman shall L’Office de l’Ombudsman adresse buri mwaka Perezida wa Repubulika submit each year its program and chaque année son programme et n’Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe activity report to the President of the rapport d’activités au Président de la yombi, porogaramu na raporo Republic and both Chambers of République et au Parlement, les z’ibikorwa byayo izindi nzego za Parliament in joint session and deux Chambres réunies, et en réserve Leta ziteganywa n’itegeko provide a copy thereof to other State copie aux autres organes de l’Etat zikagenerwa kopi. organs as may be determined by the déterminés par la loi. Law.

- 87 -

Itegeko rigena inshingano, ububasha, A Law shall determine the Une loi détermine la mission, la imiterere n’imikorere y’urwo rwego. responsibilities, powers, organization compétence, l’organisation et le and functioning of this Office. fonctionnement de cet Office.

Ingingo ya 183: Urwego Article 183: Office of the Auditor Article 183: Office de l’Auditeur rw’Ubugenzuzi Bukuru bw’Imari General of State Finances Général des Finances de l’Etat ya Leta (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010)

Urwego rw’Ubugenzuzi Bukuru The Office of the Auditor General is L’Office de l’Auditeur Général des bw’Imari ya Leta ni urwego an independent public institution Finances de l’Etat est une institution rw’Igihugu rwigenga rushinzwe responsible for the auditing of state publique indépendante chargée de ubugenzuzi bw’imicungire y’imari finances and property. l’audit des finances et du patrimoine n’umutungo bya Leta. de l’Etat.

Itegeko rigena inshingano, imiterere A Law shall determine the Une loi détermine la mission, n’imikorere by’urwo rwego. responsibilities, organisation and l’organisation et le fonctionnement functioning of this Office. de cet Office.

Ingingo ya 184 : Raporo Article 184: Report of Auditor Article 184: Rapport de l’Auditeur y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari General of State Finances Général des Finances de l’Etat ya Leta (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010)

Haseguriwe ibivugwa mu ngingo ya Subject to the provisions of Article Sous réserve des dispositions de 79 y’Itegeko Nshinga, Urwego 79 of the Constitution, the Office of l'article 79 de la Constitution, rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya the Auditor General of State l’Office de l'Auditeur Général des Leta rushyikiriza Inteko Ishinga Finances shall submit each year to Finances de l’Etat soumet chaque Amategeko, Imitwe yombi, raporo both Chambers of Parliament in joint année, avant l’ouverture de la yuzuye ku ifoto y’umutungo wa Leta session prior to the commencement session consacrée à l'examen du irimo imikoreshereze y’imari ya Leta of the session devoted to the budget de l'année suivante, au y’umwaka ushize mbere y’itangira examination of the budget of the Parlement, les deux Chambres ry’igihembwe cyagenewe gusuzuma following year, a complete report on réunies, le rapport sur le bilan des ingengo y’imari ya Leta y’umwaka the balance sheet of the State budget finances de l’Etat qui comprend ukurikiye. Iyo raporo igomba of the previous year. This report l’exécution du budget de l’Etat de kugaragaza uburyo imari must indicate the manner in which l'exercice écoulé. Ce rapport doit yakoreshejwe, amafaranga the budget was utilized, unnecessary notamment préciser la manière dont yakoreshejwe bitari ngombwa expenses which were incurred or les comptes ont été gérés, les cyangwa hadakurikijwe amategeko, expenses which were contrary to the dépenses faites à tort ou niba harabaye inyerezwa cyangwa law and whether there was irrégulièrement ou s’il y a eu isesagura ry’umutungo rusange. misappropriation or general détournement ou dilapidation des squandering of public funds. deniers publics.

Kopi y’iyo raporo ishyikirizwa A copy of the report shall be Une copie de ce rapport est adressée Perezida wa Repubulika, submitted to the President of the au Président de la République, au Guverinoma, Perezida w’Urukiko Republic, the Cabinet, the President Gouvernement, au Président de la rw’Ikirenga n’Umushinjacyaha of Supreme Court and the Prosecutor Cour Suprême et au Procureur Mukuru. General. Général.

Mu gihe kitarenze amezi atandatu The Parliament, after receiving the Dans un délai ne dépassant pas six (6), Inteko Ishinga Amategeko imaze report of the Auditor General (6) mois, à dater de la réception du gushyikirizwa raporo y’Umugenzuzi referred to in this Article shall rapport de l’Auditeur Général prévu Mukuru ivugwa muri iyi ngingo, examine it and take appropriate au présent article, le Parlement iyijyaho impaka ikanayifataho decisions within six (6) months. l’examine et prend des décisions ibyemezo bikwiye. appropriées.

Inzego n’abayobozi bagenerwa kopi Institutions and public officials to Les institutions et autorités - 88 -

ya raporo y’Umugenzuzi Mukuru which a copy of the annual report of destinataires de la copie du rapport w’Imari ya Leta bagomba gushyira the Auditor General is addressed are de l’Auditeur Général sont tenues mu bikorwa ibiyikubiyemo bafata obliged to implement its d’y donner suite en prenant les ibyemezo bikwiye, ku makosa recommendations by taking mesures qui s’imposent en ce qui n’ibindi bitakurikijwe iyo raporo appropriate measures as regards concerne notamment les irrégularités yerekanye. irregularities and other shortcomings et manquements constatés. which were disclosed.

Inteko Ishinga Amategeko ishobora The Parliament may request this Le Parlement peut charger l’Office gusaba urwo rwego gukora Office to carry out a financial audit d’effectuer toute vérification ubugenzuzi bw’imari mu nzego za of State institutions or with regard to financière dans les services de l’Etat Leta cyangwa imikoreshereze the use of funds provided by the ou concernant l’utilisation des fonds y’amafaranga yatanzwe na Leta. State. alloués par l’Etat.

Ingingo ya 185: Urwego rushinzwe Article 185: Gender Monitoring Article 185: Observatoire du kugenzura Iyubahirizwa Office «Gender» ry'Uburinganire n’Ubwuzuzanye (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) bw’Abagore n’Abagabo mu Iterambere ry’Igihugu (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010)

Urwego rushinzwe kugenzura Gender Monitoring Office is an L’Observatoire du «Gender» est une Iyubahirizwa ry'Uburinganire independent public institution. institution publique indépendante. n'Ubwuzuzanye bw'Abagore n'Abagabo mu Iterambere ry'Igihugu ni urwego rw’Igihugu rwigenga mu mikorere yarwo.

Urwego rushinzwe kugenzura Gender Monitoring Office shall L’Observatoire du « Gender » Iyubahirizwa ry’Uburinganire submit each year its program and adresse chaque année au n’Ubwuzuzanye bw’Abagore activity report to the Cabinet and Gouvernement son programme et n’Abagabo mu Iterambere provide a copy thereof to other State rapport d’activités et en réserve ry’Igihugu rushyikiriza buri mwaka organs as may be determined by the copie aux autres organes de l’Etat Guverinoma porogaramu na raporo Law. déterminés par la loi. z’ibikorwa byarwo, izindi nzego za Leta ziteganywa n’itegeko zikagenerwa kopi.

Itegeko rigena inshingano, imiterere A Law shall determine the Une loi détermine la mission, n’imikorere by’urwo rwego. responsibilities, organisation and l’organisation et le fonctionnement functioning of this Office. de cet Observatoire.

Ingingo ya 186 : Urwego Article 186 : Chancellery for Article 186 : Chancellerie des rw'Igihugu rushinzwe Intwari Heroes, National Orders and Héros et des Ordres Nationaux z'Igihugu, Imidari n’Impeta Decorations of Honour (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) by'ishimwe (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010)

Urwego rw'Igihugu rushinzwe The Chancellery for Heroes, La Chancellerie des Héros et des Intwari z'Igihugu, Imidari n`Impeta National Orders and Decorations of Ordres Nationaux est une institution by'ishimwe ni urwego rw’Igihugu Honour is an independent public publique indépendante. rwigenga mu mikorere yarwo. institution.

Rushinzwe kugaragaza, gushimira It is responsible for identifying, Elle est chargée d’identifier, no kurata Abanyarwanda cyangwa granting awards, honouring récompenser et honorer les Abanyamahanga baranzwe Rwandans and foreigners who were Rwandais ou les étrangers qui se n’ubutwari n’ibindi bikorwa characterized by heroism and other sont illustrés par l’héroïsme et autres - 89 -

bihebuje byagiriye u Rwanda acts of bravery serving as good actes d’éclat en faveur du Rwanda de akamaro ku buryo biba urugero examples. façon exemplaire. rwiza.

Urwego rw'Igihugu rushinzwe The Chancellery for Heroes, La Chancellerie des Héros et des Intwari z'Igihugu, Imidari n’Impeta National Orders and Decorations of Ordres Nationaux adresse chaque by'Ishimwe rushyikiriza buri mwaka Honour shall submit each year its année au Président de la République Perezida wa Repubulika porogaramu program and activity report to the son programme et le rapport na raporo z’ibikorwa byarwo izindi President of the Republic and d’activités et en réserve copies aux nzego ziteganywa n’itegeko provide a copy thereof to other State autres organes de l’Etat déterminés zikagenerwa kopi. organs as may be determined by the par la loi. Law.

Itegeko rigena inshingano, imiterere A Law shall determine the Une loi détermine la mission, n'imikorere by'urwo rwego. responsibilities, organisation and l’organisation et le fonctionnement functioning of the Chancellery. de la Chancellerie.

UMUTWE WA IV: INAMA CHAPTER IV: NATIONAL CHAPITRE IV : CONSEILS Z’IGIHUGU COUNCILS NATIONAUX (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Ingingo ya 186 bis : Yavanyweho Article 186 bis : Repealed by the Article 186 bis : Abrogé par la n’Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa Amendment n˚ 04 of 17/06/2010 Révision n˚ 04 du 17/06/2010 17/06/2010

Ingingo ya 187: Inama y’Igihugu Article 187: National Women Article 187: Conseil National des y’Abagore Council Femmes (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Inama y’Igihugu y’Abagore ni The National Women Council is an Le Conseil National des Femmes est urwego rwigenga mu mikorere independent institution in its un organe doté d’une autonomie de yarwo. management. gestion.

Itegeko rigena inshingano imiterere, A Law shall determine the Une loi détermine la mission, imikorere, n’imikoranire yayo responsibilities, organization and l’organisation et le fonctionnement n’izindi nzego za Leta. functioning of the Council and its dudit Conseil ainsi que ses rapports relationship with other State organs. avec les autres organes de l’Etat.

Ingingo ya 188 : Inama y’Igihugu Article 188 : National Youth Article 188 : Conseil National de la y’Urubyiruko Council Jeunesse (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

Inama y’Igihugu y’Urubyiruko ni The National Youth Council is an Le Conseil National de la Jeunesse urwego rwigenga mu mikorere independent institution in its est un organe doté d’une autonomie yarwo. management. de gestion.

Itegeko rigena inshingano, imiterere, A Law shall determine the Une loi détermine la mission, imikorere n’imikoranire yayo responsibilities, organisation, and l’organisation et le fonctionnement n’izindi nzego za Leta. functioning of the Council and its du dit Conseil ainsi que ses rapports relationship with other State organs. avec les autres organes de l’Etat.

- 90 -

Ingingo ya 188 bis : Inama Article 188 bis : National Council Article 188 bis : Conseil National y’Igihugu y’Abantu batite of Persons with Disability des Personnes Handicapées ubumuga (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa 17/06/2010)

Inama y’Igihugu y’Abantu bafite The National Council of Persons Le Conseil National des Personnes ubumuga ni urwego rwigenga mu with Disabilities is an independent Handicapées est un organe doté mikorere yarwo. institution in its management. d’une autonomie de gestion.

Itegeko rigena inshingano, imiterere, A Law shall determine the Une loi détermine la mission, imikorere n’imikoranire yayo responsibilities, organisation and l’organisation et le fonctionnement n’izindi nzego za Leta. functioning of the Council and its dudit Conseil ainsi que ses rapports relationship with other State organs. avec les autres organes de l’Etat.

INTERURO YA IX: Yavanyweho TITRE IX: Repealed by the TITRE IX : Abrogé par la révision n‘ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa amendment n˚ 04 of 17/06/2010) n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010)

INTERURO YA X: TITLE X: INTERNATIONAL TITRE X: DES TRAITES ET IBYEREKEYE AMASEZERANO TREATIES AND AGREEMENTS ACCORDS INTERNATIONAUX MPUZAMAHANGA

Ingingo ya 189 : Article 189: Article 189: Perezida wa Repubulika ni we ufite The President of the Republic shall Le Président de la République ububasha bwo gukora amasezerano negotiate international treaties and négocie et ratifie les traités et mpuzamahanga no kuyemeza. Iyo agreements and ratifie them. The accords internationaux. Le Parlement amaze kwemezwa, ayo masezerano Parliament shall be notified of such en est informé après leur conclusion. amenyeshwa Inteko Ishinga treaties and agreements following Amategeko. their conclusion.

Icyakora, amasezerano However, peace treaties and treaties Toutefois, les traités de paix, les mpuzamahanga arangiza intambara, or agreements relating to commerce traités de commerce, les traités ou ay’ubucuruzi, ayerekeye imiryango and international organizations and accords relatifs aux organisations mpuzamahanga, afite ingaruka ku those which commit state finances, internationales, ceux qui engagent mari ya Leta, ahindura amategeko modify provisions of laws already les finances de l’Etat, ceux qui y’Igihugu cyangwa yerekeye abantu adopted by Parliament or relate to modifient des dispositions de nature ku giti cyabo ntashobora kwemezwa the status of persons, can only be législative, ceux qui sont relatifs à burundu atabanje kwemerwa ratified after authorisation by l’état des personnes ne peuvent être n’Inteko Ishinga Amategeko. Parliament. ratifiés qu’après autorisation du Parlement.

Ntibyemewe gutanga cyangwa It shall not be permitted to cede or Nulle cession, nul échange, nulle kugurana igice cy’u Rwanda exchange part of the territory of adjonction d’un territoire n’est cyangwa se komeka ku Rwanda Rwanda or join to Rwanda part of permise sans le consentement du igice cy’ikindi gihugu abaturage another country without the consent peuple rwandais consulté par batabyemeye muri referendumu. of the people by referendum. referendum.

Perezida wa Repubulika n’Inteko The President of the Republic and Le Président de la République et le Ishinga Amategeko bamenyeshwa Parliament shall be notified of all Parlement sont informés de toutes amasezerano mpuzamahanga yose negotiations relating to treaties and les négociations d’accords et traités agitegurwa ariko atagomba international agreements which are internationaux non soumis à la kwemezwa na Perezida wa not subject to ratification by the ratification par le Président de la Repubulika. President of the Republic. République.

Ingingo ya 190: Article 190: Article 190: Iyo amaze gutangazwa mu Igazeti ya Upon their publication in the official Les traités ou accords internationaux Leta, amasezerano mpuzamahanga gazette, international treaties and régulièrement ratifiés ou approuvés yemejwe burundu mu buryo agreements which have been ont, dès leur publication au journal - 91 -

buteganywa n’amategeko, agira conclusively adopted in accordance officiel, une autorité supérieure à agaciro gasumba ak’amategeko with the provisions of law shall be celle des lois organiques et des lois ngenga n’ak’amategeko asanzwe more binding than organic laws and ordinaires, sous réserve, pour chaque keretse iyo adakurikijwe n’urundi ordinary laws except in the case of accord ou traité, de son application ruhande. non compliance by one of the par l’autre partie. parties.

Ingingo ya 191: Article 191: Article 191: Birabujijwe gukora amasezerano It is prohibited to make international Les accords d’installation de bases mpuzamahanga yemera gutuza agreements permitting foreign militaires étrangères sur le territoire ingabo z’amahanga mu Gihugu. military bases on the national national sont interdits. territory.

Birabujijwe gukora amasezerano It is prohibited to make international Les accords autorisant le transit ou le mpuzamahanga yemera kunyuza agreements permitting the transit or stockage sur le territoire national de cyangwa kurunda mu Gihugu dumping of toxic waste and other déchets toxiques et autres matières imyanda ihumanya n’ibindi byose hazardous materials capable of pouvant porter gravement atteinte à byagira ingaruka zikomeye ku endangering public health and la santé et à l’environnement sont buzima bw’abantu no ku bidukikije. environment. interdits.

Ingingo ya 192: Article 192: Article 192: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa (Amendment n° 02 of 02/12/2003) (Révision du n° 02 of 02/12/2003 ) 02/12/2003 ) Iyo amasezerano mpuzamahanga Where an international treaty Lorsqu’un engagement international afite ingingo inyuranyije n’Itegeko contains provisions which are comporte une clause contraire à la Nshinga, ububasha bwo kuyemeza inconsistent with the Constitution, Constitution, l’autorisation de le burundu ntibushobora gutangwa the authorisation to ratify the treaty ratifier ou de l’approuver ne peut Itegeko Nshinga ritabanje or agreement cannot be granted until intervenir qu’après la révision de la kuvugururwa. the Constitution is amended Constitution.

INTERURO YA XI: TITLE XI: AMENDMENT OF TITRE XI: DE LA REVISION DE IBYEREKEYE IVUGURURWA THE CONSTITUTION LA CONSTITUTION RY’ITEGEKO NSHINGA

Ingingo ya 193 : Article 193: Article 193: Ububasha bwo gutangiza ivugurura The power to initiate amendment of L’initiative de la révision de la ry’Itegeko Nshinga bufitwe na the Constitution shall be vested Constitution appartient Perezida wa Repubulika bimaze concurrently in the President of the concurremment au Président de la kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri; Republic upon the proposal of the République après délibération du bufitwe kandi na buri Mutwe Cabinet and each Chamber of Conseil des Ministres et à chaque w’Inteko Ishinga Amategeko Parliament upon a resolution passed Chambre du Parlement sur vote à la binyuze mu itora ku bwiganze bwa by a two thirds (2/3) majority vote of majorité des deux tiers (2/3) de ses bibiri bya gatatu (2/3) by’amajwi its members. membres. y’abawugize.

Ivugururwa ryemezwa ritowe ku The passage of a constitutional La révision n’est acquise que par un bwiganze bwa bitatu bya kane (3/4) amendment requires a three quarters vote à la majorité des trois quarts by'amajwi y'abagize buri mutwe (3/4) majority vote of the members (3/4) des membres qui composent w'Inteko Ishinga Amategeko. of each chamber of Parliament. chaque Chambre du Parlement.

Ariko iyo iryo vugururwa ryerekeye However, if the constitutional Toutefois, lorsque la révision porte manda ya Perezida wa Repubulika, amendment concerns the term of the sur le mandat du Président de la ubutegetsi bwa demokarasi ishingiye President of the Republic or the République, sur la démocratie ku bitekerezo binyuranye cyangwa system of democratic government pluraliste ou sur la nature du régime ku bwoko bw'ubutegetsi based on political pluralism, or the constitutionnel notamment la forme buteganyijwe n'iri Tegeko Nshinga constitutional regime established by républicaine de l'Etat et l'intégrité du cyane cyane ku butegetsi bwa Leta this Constitution especially the territoire national, elle doit être bushingiye kuri Repubulika republican form of the government approuvée par référendum, après n'ubusugire bw'Igihugu, rigomba or national sovereignty, the son adoption par chaque Chambre du - 92 -

kwemezwa na referendumu, rimaze amendment must be passed by Parlement. gutorwa na buri Mutwe w'Inteko referendum, after adoption by each Ishinga Amategeko. Chamber of Parliament.

Nta mushinga w'ivugururwa ry'iyi No amendment to this Article shall Aucun projet de révision du présent ngingo ushobora kwakirwa. be permitted. article ne peut être recevable.

INTERURO YA XII: TITRE XII: TRANSITIONAL TITRE XII: DES DISPOSITIONS IBYEREKEYE INGINGO AND FINAL PROVISIONS TRANSITOIRES ET FINALES ZISOZA

UMUTWE WA MBERE : CHAPTER I: TRANSITIONAL CHAPITRE PREMIER: DES IBYEREKEYE INGINGO PROVISIONS DISPOSITIONS TRANSITOIRES Z’INZIBACYUHO Repealed by the Amendment of Abrogé par la Révision du Wavanyweho n’Ivugururwa ryo ku 13/08/2008 13/08/2008 wa 13/08/2008

Ingingo ya 194: Yavanyweho Article 194: Repealed by the Article 194: Abrogé par la Révision n’Ivugururwa ryo ku wa 13/08/2008 Amendment of 13/08/2008 du 13/08/2008

Ingingo ya 195: Yavanyweho Article 195: Repealed by the Article 195: Abrogé par la Révision n’Ivugururwa ryo ku wa 13/08/2008 Amendment of 13/08/2008 du 13/08/2008

Ingingo ya 196: Yavanyweho Article 196: Repealed by the Article 196: Abrogé par la Révision n’Ivugururwa ryo ku wa 13/08/2008 Amendment of 13/08/2008 du 13/08/2008

Ingingo ya 197: Yavanyweho Article 197: Repealed by the Article 197: Abrogé par la Révision n’Ivugururwa ryo ku wa 13/08/2008 Amendment of 13/08/2008 du 13/08/2008

Ingingo ya 198: Yavanyweho Article 198: Repealed by the Article 198: Abrogé par la Révision n’Ivugururwa ryo ku wa 13/08/2008 Amendment of 13/08/2008 du 13/08/2008

Ingingo ya 199: Yavanyweho Article 199 Repealed by the Article 199: Abrogé par la Révision n’Ivugururwa ryo ku wa 13/08/2008 Amendment of 13/08/2008 du 13/08/2008

UMUTWE WA II : CHAPTER II: FINAL CHAPITRE II: DES IBYEREKEYE INGINGO PROVISIONS DISPOSITIONS FINALES ZISOZA

Ingingo ya 200: Article 200: Article 200: Itegeko Nshinga ni ryo Tegeko The Constitution is the supreme Law La Constitution est la loi suprême de ry’Igihugu risumba ayandi. of the State. l’Etat.

Itegeko ryose, icyemezo cyose Any law, any act which is contrary Toute loi, tout acte contraire à la binyuranyije na ryo nta gaciro na to this Constitution shall be null and présente Constitution est nul et de gato bigira. void. nul effet.

Ingingo ya 201 : Gutangira Article 201 : Commencement of Article 201 : Entrée en vigueur des gukurikizwa kw’amategeko laws and regulations lois et règlements n’amabwiriza rusange (Amendment n° 03 of 13/08/2008) (Révision n° 03 du 13/8/2008) (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Amategeko, amateka n’andi Laws, Orders and other regulations Les lois, les arrêtés et autres mabwiriza rusange areba rubanda of public interest can only enter into règlements de portée générale ne ntibishobora gutangira gukurikizwa force after they have been duly peuvent entrer en vigueur s’ils n’ont bitabanje gutangazwa mu buryo published in accordance with pas été préalablement publiés dans buteganywa n’amategeko. procedures determined by the law. les conditions déterminées par la loi.

- 93 -

Ntawe ushobora kwitwaza ko atazi Ignorance of the law which has been Nul n’est censé ignorer la loi itegeko iyo ryatangajwe mu buryo duly published shall not be a régulièrement publiée. buteganywa n’amategeko. defence.

Amategeko gakondo atanditse Unwritten customary law shall La coutume ne demeure applicable akomeza gukurikizwa gusa iyo remain applicable as long as it has que pour autant qu’elle n’ait pas été atasimbuwe n’amategeko yanditse not been replaced by written laws, is remplacée par une loi et qu’elle n’ait kandi akaba atanyuranyije n’Itegeko not inconsistent with the rien de contraire à la Constitution, Nshinga, amategeko, amateka Constitution, laws, orders and aux lois, arrêtés et aux règlements ou n’amabwiriza cyangwa ngo abe regulations, and does not violate ne porte pas atteinte aux droits de la abangamiye uburenganzira bwa human rights, prejudice public personne, à l’ordre public et aux Muntu, ituze rusange rya rubanda security or good morals. bonnes mœurs. cyangwa imyitwarire iboneye.

Ingingo ya 202 : Ingingo Article 202: Transitional Article 202 : Dispositions z’inzibacyuho provisions transitoires (Ivugururwa n˚ 04 ryo ku wa (Amendment n˚ 04 of 17/06/2010) (Révision n˚ 04 du 17/06/2010) 17/06/2010) Iri Tegeko Nshinga rivanyeho kandi This Constitution repeals and La présente Constitution abroge et risimbuye Itegeko Shingiro rya replaces the Fundamental Law of the remplace la Loi Fondamentale de la Repubulika y’u Rwanda ryagengaga Republic of Rwanda governing the République Rwandaise régissant la inzibacyuho, nk’uko ryavuguruwe transitional period as amended to période de transition telle que kugeza ubu. date. révisée à ce jour.

Mu gihe atarahindurwa, amategeko All laws in force shall remain Aussi longtemps qu’elles ne sont pas akurikizwa ubu akomeza applicable as long as their provisions encore modifiées, les lois en vigueur kubahirizwa mu ngingo zayo zose are consistent with this Constitution. demeurent applicables dans toutes n’iri Tegeko Nshinga. leurs dispositions qui ne sont pas contraires à la présente Constitution.

Amategeko ngenga adateganyijwe Organic laws not provided for in the Les lois organiques non prévues par n’Itegeko Nshinga agomba kuba Constitution as such shall be la Constitution doivent être yahinduwe amategeko asanzwe mu converted into ordinary laws within transformées en lois ordinaires dans gihe kitarenze imyaka itatu (3). a period not exceeding three (3) un délai n’excédant pas trois (3) ans. years.

Ingingo ya 203 : Article 203: Article 203: Iri Tegeko Nshinga ryatowe muri This Constitution, adopted by La présente Constitution, adoptée referendumu yo ku wa 26/05/2003, referendum of 26/05/2003 shall par référendum du 26/05/2003, entre ritangira gukurikizwa ku munsi come into force on the date of its en vigueur le jour de sa rishyiriweho umukono na Perezida promulgation by the President of the promulgation par le Président de la wa Repubulika kandi ritangazwa mu Republic and be duly published in République et est publiée au Journal Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u the Official Gazette of the Republic Officiel de la République du Rwanda. of Rwanda. Rwanda.

Kigali, ku wa 04/06/2003. Kigali, on 04/06/2003. Kigali, le 04/06/2003.

- 94 -